Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Bamwe mu bakuru b’Imidugudu bo mu karere ka Gakenke baravuga ko bakigorwa no gutangira amakuru ku gihe ngo bitewe no kutagira telefone zigezweho zizwi nka smartphone.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo.rw ubwo yageraga mu karere ka Gakenke aho basaba inzego nkuru za Leta kubatekerezaho ngo nabo bakajyana n’iterambere Igihugu kirimo.
Umwe muri bo witwa Mukamwezi wo mu Mudugudu wa Gikoro avuga ko aramutse abonye telefone ya smartphone akazi karushaho kugenda neza.
Yagize (…)
Muri kaminuza ya CAVM i Busogo mu karere ka Musanze hatoraguwe uruhinja mu musarane rwapfuye.
Aya makuru yamenyekanye ahagana saa sita z’ijoro tariki ya 30 Gicurasi 2024 ko muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Busogo CAVM.
Uru ruhinja rwari ruri hagati y’amezi 8-9, ukekwa ko ariwe wakoze ibi yahise ajyanwa kuri RIB.
Ibi byabonywe n’abakozi bakora isuku (cleaners) babonye uru ruhinja nabo bihutiye guhita batabaza ubuyobozi kugira baze barebe icyabaye.
Umuvugizi wa Polisi y’u (…)
Diane Shima Rwigara, umukobwa wa Rwigara Assinapol, wabaye umwe mu batunze amafaranga atari make mu Rwanda, yageze kuri Komisiyo y’amatora aje gutanga imikono isabwa kugira ngo yemererwe kuziyamamariza kuba Perezida wa Repubulika y’u Rwanda mu matora ateganyijwe tariki ya 15/07/2024.
Ku isaha ya Saa tanu nibwo yari ategerejwe kuri NEC ariko yahageze saa sita zirengaho iminota mike, ikintu yabanje gusabira imbabazi itangazamakuru ryari rimutegereje ku bwinshi. Uko yururutse imodoka yajemo (…)
Mu minsi ishize abanyamakuru biganjemo abo ku mugabane w’UBurayi barenga 50 bishyize hamwe mu mugambi mubisha bise ‘Forbidden Stories’, bateguza Isi ko nagiye kurekura ibyegeranyo birimo inkuru zigamije kwambika ubusa ubutegetsi bw’u Rwanda buyobowe na Perezida Paul Kagame.
U Rwanda ntirwabirebereye, rwahise rubwira abaturage barwo n’Isi muri rusange ko ntagitangaje ku migirire nk’iyo, atari mishya cyane ko abafite uwo mugambo bazwi ndetse bafite n’aho bahuriye n’amateka mabi u Rwanda (…)
Abahinzi b’ibirayi bo mu karere ka Musanze basabwe kwirinda gukoresha imbuto batazi aho yatuburiwe hizewe, bakajya babanza gushishoza neza.
Babisabwe ubwo abayobora ikigega SPF bafatanyije n’ubwishingizi bwa banki ya Kigali, BK insurance, bari mu gikorwa cyo gutangiza ku mugaragaro gahunda yo kugeza ku bahinzi imbuto y’ibirayi ifite ubwishingizi bw’ibihingwa, bwiswe "Tekana Urishingiwe Muhinzi Mworozi", bukaba uburyo buje gukuraho igihombo umuhinzi yahuraga nacyo.
Bamwe mu bahinzi (…)
Hari utugari two mu mireye ya Rwaza na Gataraga yo mu karere ka Musanze tugiye kumara imyana ine nta banyamabanga nshingwabikorwa (ES) bazwi nka GITIFU bafite, bikaba bidindiza imitangire myiza ya serivisi.
Utwo ni utugari twa Bumara ko mu murenge wa Rwaza n’akagari ka Mudakama ko mu murenge wa Gataraga.
Bamwe mu batuye muri utwo tugari baganiye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo bavuze ko bifuza ko ubuyobozi bwabashakira abayobozi ngo kuko basiragira ku kagari bakabura ubaha serivisi. (…)
Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwataye muri yombi uwitwa Vital Gasagure usanzwe ushinzwe ibikorwa remezo mu Karere ka Kirehe bumukurikiranyeho ruswa ya Frw 500,000 yatse umushoramari we na mugenzi we muyo bashakaga kumwaka.
Yafunganywe n’uwo RIB yita icyitso witwa Sindikubwabo Evariste.
N’ubwo bafashwe bashinjwa ruswa ingana gutyo, mu by’ukuri bashakaga miliyoni Frw 21,000,000 Frw bakaga rwiyemezamirimo kugira ngo bamuhe isoko.
Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangiza B. Thierry yabwiye (…)
Abatuye mu midugudu igera kuri 20 yiganjemo iyo mu Kagari ka Kiraga mu murenge wa Nyamyumba ho mu karere ka Rubavu babayeho mu buzima bugoye kuko nta mazi meza yo kunywa bagira.
Bavuga ko bibatera indwara zituruka ku mazi mabi bakoresha bakanayanywa.
Ubuyobozi nabwo bwemeza ko iyo midugudu 20 muri 48 igize uyu murenge nta mazi meza igira.
Sindikubwabo Theodore, ni umwe mu baturage batuye mu mudugudu wa Burushya, yavuze ko hari amasoko akoreshwa adatunganyijwe, imwe muri uyu mudugudu (…)
Mu mudugudu wa Mutuzo, Akagari ka Kibuguzo umurenge wa Shingiro ho mu karere ka Musanze, haravugwa urupfu rw’umuturage witwa Nyirabirori Therese w’imyaka 76 y’amavuko wiyahuye akoreshe umuti witwa Kiyoda ahasiga ubuzima.
Aya makuru yamenyekanye ku cyumweru tariki ya 26 Gicurasi 2024 ahagana saa 10h00’ akimara kunywa uwo muti wica udukoko abantu bahita bihutira kumugeraho, bamujyana ku kigo nderabuzima cya Shingiro, akimara kugerayo yahise ashyiramo umwuka.
Impamvu ikekwa ni uko yari (…)
Abaturage bo mu murenge wa Rambura mu karere ka Nyabihu baravuga ko umuhanda wa kaburimbo ubahuza n’akarere ka Ngororero ugeze mu marembera bitewe nuko ukomeje kwangirika ubuyobozi burebera.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Rambura aho yasanze igice kimwe cy’uyu muhanda kigenda kirindimuka umunsi ku munsi.
Umwe muri aba baturage witwa Bikorimana Alphonse yagize ati: "Ubuyobozi budufashije bwakora uyu muhanda kuko umunsi wacitse burundu ubuhahirane (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















