Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Minisitiri w’Ingabo za RDC, Jean Pierre Bemba, yijeje abatuye umugi wa Goma muri Kivu y’Amajyaruguru ko MONUSCO ifatanya n’ingabo za Leta FARDC ku rugamba.
Yabitangaje kuri uyu wa Kabiri ubwo yururukaga ku kibuga cy’indege i Goma aje kureba uko urugamba ruhagaze cyane muri SAKE, aho ingabo za Leta n’abafatanyabikorwa babo nka SADC bahagaze mu mirwano na M23.
Asubiza ikibazo cy’umunyamakuru wa Agence Congolaise de Presse, ACP, ko MONUSCO yaba iri gukemagwa ku bufatanye n’ingabo za Leta mu (…)
"Saint Valentin, umunsi ufatwa nk’uwabakundana"
Amateka ya Saint Valentin bivugwa ko waturutse ku mupadiri w’i Roma wasezeranyaga abasore n’inkumi rwihishwa kuko bitari byemewe, ndetse nyuma byamenyekana akaza kubizira, kwicwa (Guhorwa Imana).
Uwo munsi ufatwa nk’uwabakundana, bahereye kuri icyo gikorwa cya Mutagatifu Valentin, ariko usanga utavugwaho rumwe, ku buryo hagaragara indimi nyinshi zitawuhurizaho.
Uyu mutagatifu ngo usanga abantu bamuvugaho byinshi, ariko usanga byuzuyemo (…)
Abibumbiye mu ishyirahamwe ry’Abanyarwanda barwara igicuri ryitwa Rwanda, Association for Epilepsy, baravuga ko bafite ikibazo cyo gukurikirana imibereho y’abandi banyarwanda bafite icyo kibazo kuko batarabona ibyangombwa bibaha ubuzima gatozi bwo gukorera mu gihugu bisanzuye.
Mu byo aba banyarwanda bavuga bitera iki kibazo ni uko urwo ruhushya rutangwa n’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere rufite mu nshingano kwandika no guha ubuzima gatozi imiryango mpuzamahanga n’imiryango itari iya Leta (…)
Guverinoma y’u Rwanda yanzuye ko mu bihe bya vuba amafaranga azwi nak nkunganire Leta yahaga abakora mu gutwara abantu n’ibintu azahagarikwa, abagenzi mu modoka rusange batangire kwiyishyurira igiciro cyuzuye kiu ngendo.
Ni inkunga yatangiye gutangwa ubwo abanyarwanda bari bavuye mu bihe by’icyorezo cya covid-19 bagaragaza ko ubushobozi bwagiye bugabanuka kubera igihe bamwe bamaze badakora abandi bagatakaza imirimo, ndetse n’urwego rw’umurimo rukagira ibibazo muri rusange leta igafata (…)
Urubanza rw’abahoze ari abayobozi b’amagereza yabaye igororero, CSP Kayumba Innocent yaburanye ku busabe bw’ubushinjacyaha bwamusabiye gufungwa imyaka 20 n’ihazabu ya miliyoni zirindwi mu gihe mugenzi we yasabiwe gufungwa burundu.
Ubwo yahabwaga umwanya ngo agire icyo avuga ku gihano ubushinjacyaha bumusabira aramutse ahamwe n’ibyo aregwa, CSP Kayumba Innocent yabwiye urukiko kwitondera ibyaha aregwa, yibutsa ko atigeze araswa mu mutwe ngo abe yaribagiwe ibyo yakoze.
Kayumba ushinjwa (…)
Nyuma yaho Inteko Ishinga amategeko y’Ubwongereza itoye yemeza ku bwiganze ko u Rwanda rufite umutekano byabaye ikimenyetso ntakuka ko gahunda y’u Rwanda n’iki gihugu yo kwakira abimukira n’impunzi bashaka kubayo bajya babanza gusuzumirwa dosiye zabo bari ku butaka bw’u Rwanda.
Iryo tora ryabaye ryari icyiciro cya mbere [ni nk’umutwe w’abadepite], abashingamategeko bashyigikira Sunak ku bwiganze bw’amajwi.
Ibyo ntibyari bihagije ngo bucye indege itwaye abo bimukira yongere yake ihaguruke (…)
Abaturage bo mu murenge wa Cyuve mu karere ka Musanze baravuga ko umuhanda ugera ku Kigo Nderabuzima cya Karwasa wabaye ibinogo bibagora kugezayo umurwayi no kujya kuhashakira serivisi z’ubuzima.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Cyuve ahari uyu muhanda ukoreshwa cyane n’abajya ku kigo nderabuzima ndetse n’imodoka nini ziba zerekeje ku bigega by’ifumbire (Yara) by’Akarere ka Musanze.
Umwe muri aba baturage witwa Munyembanza Germie yagize ati: " Uyu (…)
kuri uyu wa Mbere ku itariki 12.02.2024, CSP Kayumba Innocent na Bagenzi be baregwa ibyaha byo guhohotera imfungwa mu igororero rya Rubavu, basabiwe ibihano n’ubushinjacyaha.
Uko baregwa bongeye kugera mu rukiko rukuru rwa Rubavu mu mpuzankano y’abagororwa bafunze by’abateganyo.
Kayumba Innocent wayoboye iri gororero rya Rubavu, wari mu rukiko uyu munsi ubushinjacyaha bwasanze hari urupfu rw’imfungwa afitemo uruhare bumusabira igihano cy’imyaka 20 n’ihazabu ya miliyoni 7 y’amafaranga y’u (…)
Perezida w’Ikipe y’Umupira w’Amaguru, Gasogi United, ntiyishimiye ubutumwa bwatanzwe n’umukinnyi wa Rayon Sport akaba n’umukongomani, Hertier Nzinga Luvumbu wifatanyije n’abandi benegihugu be kumbwira Isi ko u Rwanda ruri Inyuma ya M23 irimo kurwana na Congo.
Ni ubutumwa buri gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye, aho abanyapolitiki n’abandi batandukanye muri Congo bifata ku munwa n’ikiganza kimwe bakitunga intoki ku mutwe nk’umuntu uri kuraswa, mu rwego rwo kubwira Isi ko Congo (…)
Bamwe mu baturage bakorera muri santere ya Mukamira mu karere ka Nyabihu baravuga ko batewe umutekano muke ugirwamo uruhare n’ikizu gishaje cyihishamo amabandi.
Bavuga ko icyo kizu cyahindutse ikimoteri n’indiri y’amabandi, bakifuza ko cyasenywa.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri iyi santere rwagati aho iki kizu kiri ku muhanda munini Mukamira-Rubavu.
Umwe muri bo witwa Ntawizera Domithira yagize ati: "Iki kizu gikorerwano urugomo ba (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















