Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Nyuma yuko hatangajwe ko Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame, azamuye mu Ntera abasirikare bakuru batandukanye, mu bazamuwe mu Ntera harimo n’abagore barindwi bageze ku ipeti rya Colonel.
Abahawe iri peti ni:
Col Betty Dukuze: usanzwe ukora muri Minisiteri y’ingabo,
Col Belina Kayirangwa: ukora mu Biro bikuru by’ingabo z’u Rwanda,
Col Séraphine Nyirasafari: ukora muri Minisiteri y’ingabo, MINADEF,
Col Marie Claire Muragijimana: (…)
Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Perezida Paul Kagame yazamuye mu Ntera Umugaba Mukuru w’Ingabo ajya ku ipeti rya General Mubarakh Muganga avuye kuri Lt General.
Ni izamuka mu Ntera rigeze ku muganga Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda nyuma yo kuzamura abandi basirikare batandukanye mu minsi ishize.
General Mubarakh Muganga wazamuwe mu Ntera ni umugabo wari imbere mu rugamba rwo kubohora igihugu no guhagarika Genocide yakorewe Abatutsi mu 1994.
Gen Mubarakh Muganga yavutse mu 1967, (…)
Kuri uyu wa Mbere nibwo abakongomani babarirwa muri miliyoni 44 babyukiye mu kwitorera Umukuru w"gihugu ku bari imbere mu gihugu.
Ni amatora yabaye nyuma y’ukwezi abakandida bagera kuri 20 biyamamaje mu bice bitandukanye by’igihugu nubwo hagiye habamo za birantega kuri bamwe muri bo, barimo n’umukandida Moise Katumbi Capwe wagezeho akikura mu kwiyamamaza nyuma yo kugaragaza ko abaturage baje aho yiyamamariza bahohoterwa bamwe babigwamo.
I Kinshasa mu Murwa Mukuru ho amatora naho (…)
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Kamubuga mu karere ka Gakenke baravuga babangamiwe no kuba hari abacuruza ikiyobyabwenge cya kanyanga bagakingirwa ikibaba n’abayobozi b’inzego zibanze, ndetse ngo umuntu ugerageje gutanga amakuru bamugirira nabi.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Kamubuga uhana imbibi n’akarere ka Burera gafatanye n’Igihugu cya Uganda.
Birinze ko dutangaza amazina yabo kubwo umutekano wabo, bemeza ko bikorwa (…)
Bamwe mu baturage batuye mu murenge wa Gahunga, mu karere ka Burera, mu kagari ka Kidakama baravuga ko kubona igitaka cyo kubakisha bibahenda bityo bagahitamo gukomeza kubakisha ibyatsi, mu gihe leta yaciye nyakatsi.
Aba baturage barasaba leta ubufasha bwo kubatera ingabo mu bitugu nabo bakava mu bwigunge ngo kubera ko itaka bakoresha rituruka mu karere ka Musanze, rikabageraho rihenze aho buri wese ataapfa kuryigondera.
Munyazilinda Innocent n’umuryango we bibera mu nzu isa na nyakatsi, (…)
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze, baravuga ko bahangayikishijwe n’ikiraro kirimo guteza impanuka kubera uburyo gikozemo.
Ni ikiraro gihuza umurenge wa Musanze na Cyuve, kikaba hagati mu tugari twa Cyabagarura na Kabeza, gifite umuhora w’ubujyakuzimu buri hagati ya metero 6 na 7, kigatera bamwe isereri abanyantege nke bakakituramo.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga kuri iki kuraro yasanze ari icy’ibiti bisa nkaho byatangiye gusaza, abaturage bifuza ko cyakongera (…)
Iteka rya Perezida ryerekeye amatora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite ryasohotse ku wa Mbere tariki 11 Ukuboza 2023.
Ni amatora akomatanyijwe agiye gukorwa bwa mbere mu Rwanda, kuko byari bisanzwe buri rwego rugira igihe cyarwo cy’amatora.
Aya matora yahujwe hagamijwe kugabanya ikiguzi byatwaraga ngo amatora abe.
Aya matora ahujwe kandi mu gihe na manda ya perezida uzatorwa izamara imyaka itanu kimwe n’iyo abadepite bamara kuri uwo mwanya.
Nyuma yo gukubuka mu matora ya komite nyobozi y’akarere, abanyamuryango ba FPR Inkotanyi nabo bujuje inzego z’umuryango batora Nsengimana Claudien nka Chairman w’Umuryango ku rwego rw’akarere.
Usibye umuyobozi w’Akarere watorewe kuyobora Umuryango FPR Inkotanyi mu karere hanatowe abandi batandukanye mu buyobozi bw’umuryango.
Abatorewe kuzuza inzego mu Muryango wa RPF inkotanyi basabwe kwimakaza ubumwe bw’Abanyarwanda no gukorera hamwe mu kwihutisha iterambere ry’Igihugu.
Ni amatora (…)
Abagize koperative Duhuze umurimo Twitezimbere binura umucanga mu mugezi wa Kinoni uhuza akarere ka Musanze na Nyabihu bakawushyira mu muhanda wa kaburimbo, bikabangamira urujya n’uruza rw’abantu n’ibinyabiziga, ibintu bishobora guteza impanuka mu gihe ntagikozwe.
Ni abashoramari bakorera mu murenge wa Busogo, mu karere ka Musanze.
Mu kiganiro n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo, Perezida w’iyi koperative ivugwaho kubangamira igikorwaremezo cy’umuhanda n’abawukoresha, yavuze bawushyira mu (…)
Ishuri Rikuru rya INES Ruhengeri riherereye mu karere ka Musanze, mu murenge wa Musanze ryizihije imyaka 20 rimaze ritanga uburezi n’uburere bifite ireme bashimira Perezida Kagame warishyizeho ibuye ryifatizo muri 2003.
N’ibirori byabaye kuri uyu wa kane tariki ya 7 Ukuboza 2023 , aho byitabiriwe n’abanyacyubahiro batandukanye barimo na Minisitiri w’uburezi Bwana Twagirayezu Gaspard wabijeje ko bazakomeza ubufatanye n’iri shuri.
Abarangije muri Ines Ruhengeri bavuga ko hari ibyo (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.


















