Monday . 25 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Nyabihu: Ikigega kigabura amazi kiri hafi gusandara ubuyobozi burebera
Nyabihu: Ikigega kigabura amazi kiri hafi gusandara ubuyobozi burebera

Mu karere ka Nyabihu, umurenge wa Mukamira hari abaturage bavuga ko batewe impungenge n’ikigega cy’amazi cyamaze gusaza ntigisanwe none kirenda gusandara Kandi ubuyobozi bubizi.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Mukamira ,ahubatse iki kigega, ni icy’umuyoboro w’amazi cyubatse ku muhanda Munini-Nyabihu-Rubavu.
Umwe muri aba baturage witwa Ndagijimana Faustin yagize ati: "Imbogamizi dufite ni iki kigega, murabona ko gishaje ku buryo (…)

424 Shares 4 Comments
Amajyaruguru: Musanze yaje ku isonga mu gutwara ibikombe n'imidali muri Kagame cup 2024
Amajyaruguru: Musanze yaje ku isonga mu gutwara ibikombe n’imidali muri Kagame cup 2024

Amakipe atandukanye y’Akarere ka Musanze niyo yegukanye ibikombe n’imidali myinshi mu mikino y’Umurenge Kagame Cup 2024, irushanwa ngaruka mwaka ry’imiyoborere myiza riterwa inkunga na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda.
Mu mikino yabereye mu karere ka Gicumbi tariki ya 17 Gashyantare 2024 hashakishwa amakipe azahagarira Intara t y’Amajyaruguru ku rwego rw’Igihugu mu bari n’abategarugori mu mikino y’intoki (Basketball)Musanze yatsinze Rulindo amanota 111_ 33, mu gihe mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yatangaje aho u Rwanda ruhagaze ku bya Congo
Perezida Kagame yatangaje aho u Rwanda ruhagaze ku bya Congo

Mu ijambo yagejeje ko bari bateraniye mu nama nto yigaga ku kibazo cya Congo n’u Rwanda ku birimo kubera mu Burasirazuba bwa Congo, Perezida Kagame yeruye ko ntawe u Rwanda ruzasaba uruhushya rwo kurinda umutekano warwo.
Byatangajwe mu butumwa mugufi bwashyizwe ku rukuta rwa X n’Umuvugizi wa Perezidanse y’u Rwanda, Stephanie Nyombayire.
Perezida yababwiye ko igihugu cye kihagazeho kandi kiri maso ku muntu cyangwa icyo ari cyo cyose cyashaka kugihungabanya.
Yagize ati: “U Rwanda ntawe (…)

424 Shares 4 Comments
Congo yashinje u Rwanda Drones zatashye Goma
Congo yashinje u Rwanda Drones zatashye Goma

Igisirikare cya Congo kiravuga ko drone z’ingabo z’u Rwanda ari zo zarashe ku ndege za gisivile ku kibuga cy’indege cya Goma.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu nibwo habyutse amakuru ko ku kibuga cy’indege cya Goma haraye harashwe ibisasu bibiri binini byangiza indege zirimo na CH-4 imaze iminsi ikoreshwa mu kurwanya umutwe wa M23.
Umuvugizi w’Igisirikare cya Congo, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Gen Ndjiko Kaiko, yemeje ko ndege nto z’intambara zitarimo umupilote (drone) z’ingabo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ngororero: Bafite amapoto n'insinga bya baringa, bari mu icuraburindi
Ngororero: Bafite amapoto n’insinga bya baringa, bari mu icuraburindi

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Ngororero, mu murenge wa Matyazo baravuga ko baheze mu icuraburindi nyamara bafite amapoto n’insinga ku nzu zabo.
Umuntu ashobora kugera muri santere ya Rubagabaga akabona amapoto akibwira ko bacana nyamara nta muriro urimo, nibyo bo bita baringa.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge, mu mudugudu wa Kaseke ho mu kagari ka Binana, binubira uburyo bakomeje gusigara inyuma mu iterambere.
Umwe muri aba (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Abamuteye icyuma barakidegembya
Rubavu: Abamuteye icyuma barakidegembya

Yanditswe na Mahirwe Eulade
Umutarage mu kagari ka Gikombe, mu murenge wa Rubavu, mu karere ka Rubavu, arasaba ubutabera nyuma yaho ahohotewe n’abagizi banabi bakamutera icyuma mu nda no ku mutwe bakamenyekana ariko bakaba nta butabera barashyikirizwa.
Ni umugabo witwa Bikorimana Jean Baptiste, avuga ko Abamuteye icyuma ari abazwi nk’Abazukuru ba Shitani, bamukomereje bikomeye.
Ibi ngo byabaye ku wa Gatanu, ku itariki 09.02.2024, n’ijoro ubwo yari atashye avuye ku kazi, agahura (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ngororero: Ikiraro cya satinsyi kiri mu manegeka mu gihe ntagikozwe
Ngororero: Ikiraro cya satinsyi kiri mu manegeka mu gihe ntagikozwe

Abaturage bo mu karere ka Ngororero baravuga ko bashobora gusubira mu bwigunge bitewe n’ikiraro kiri ku mugezi wa Satinsyi kiri kuzuramo umucanga ku buryo ntagikozwe mu minsi mike cyazarengerwa.
Abaturage babwiye umunyamakuru wa Mamaurwagasabo ko niba ntagikozwe bongera gusubira kujya bahekwa abantu mu mugongo kugira ngo bashobore kwambuka.
Icyo abaturage bifuza ni uko icyo kiraro cyakorwa bagakuramo imicanga yamaze kurengera inkingi zifashe iki kiraro gikoreshwa n’abaturage bajyanwa ku (…)

424 Shares 4 Comments
Abadepite banze kurya indimi ku kibazo cy'ababyeshuri babatakiye
Abadepite banze kurya indimi ku kibazo cy’ababyeshuri babatakiye

Hashize iminsi itsinda ry’abanyeshuri bo muri Kaminuza ya Gatulika, ’Catholic University of Rwanda’ bandikiye inteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite bayitakira ngo ibabarize Inama nkuru ya Kaminuza n’amashuri makuru (HEC), impamvu yabimye impamyabumenyi bakoreye, bakazimwa ku munota wa nyuma.
Ni ikibazo inteko rusange y’abadepite yashyize mu maboko komisiyo y’uburezi, ikoranabuhanga, umuco n’urubyiruko ngo icukumbure irebe ahaba hari ikibazo mu myaka igera ku 8 kimaze, gikorerwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Bahangayikishijwe n'abiyise ibihazi bambura abaturage
Musanze: Bahangayikishijwe n’abiyise ibihazi bambura abaturage

Abaturage bo mu karere ka Musanze, by’umwihariko abatuye mu mirenge yegereye igice cy’umujyi, Muhoza, Cyuve, Kimonyi, Musanze, Busogo, Muko, Gacaca baravuga ko bugarijwe n’amatsinda y’abiyise ’ibihazi’, bazwi ku izina ry’abakaceri akomeje kwambura abaturage bitwaje intwaro gakondo.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga ahakunze kugaragara iki kibazo, bakifuza ko hashakwa izindi ngufu kuko abanyerondo bagerageza bikanga, bakifuza ko inzego za police na (…)

424 Shares 4 Comments
Imwe mu Ntego za NST1 ishobora kutagerwaho
Imwe mu Ntego za NST1 ishobora kutagerwaho

Mu gihe imvugo n’intero mu bayobozi mu nzego za leta no muri sosiyete ishinzwe ingufu bavugaga rumwe kuri gahunda yo kugeza amashanyarazi ku banyarwanda 100% mu 2024, Umukuru wa Guverinoma Dr Edouard Ngirente yeruye ko babona iyo ntego idashoboka mu gisigaye.
Manifesto ya Perezida wa Repubulika ya manda y’imyaka 7, kuva 2017-2024 ivuga ko mu mwaka wa 2024 ingo z’Abanyarwanda zose zizaba zifite amashanyarazi.
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente ubwo yagezaga ku bagize Inteko Ishinga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru