Friday . 20 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Musanze: Ishyamba ry'umunyamategeko rishobora kugwira inzu z'abaturage
Musanze: Ishyamba ry’umunyamategeko rishobora kugwira inzu z’abaturage

Hari abaturage bo mu karere ka Musanze, umurenge wa Muhoza, bavuga ko inzu zabo zizagwirwa n’ibiti by’ishyamba rya Me. Christine Uwamahoro Nyiranzayino.
Ni abaturage bo mu Kagari ka Ruhengeri mu mudugudu wa Susa ahaherereye iri shyamba, bavuga ko nyiraryo yanze kubumva ngo ahe agaciro impungenge bafite.
Aba baturage bavuga ko ibiti by’iri shyamba ibyegereye inzu zabo byegamye ku nzu bakavuga ko bishobora kuzabasenyera mu minsi iri mbere.
Umwe muri bo witwa Solange yagiye ati: "Dufite (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Bari gusubira mu matongo ya Sebeya
Rubavu: Bari gusubira mu matongo ya Sebeya

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Rugerero mu karere ka Rubavu, basenyewe n’umugezi wa Sebeya basubiye mu nzu z’ibirangarizwa.
Nyuma yuko abo baturage bibasiwe nibyo biza bajyanywe mu nkambi nyuma bagahabwa amafaranga yo gukodesha amacumbi yaho baba bakinze umusaya ariko nyuma ayo mafaranga bahabwa n’akarere ntibongere kuyabona nkuko babivuga, bamwe bahisemo gusubirayo.
Mutuyimanan Anathalie ni umwe muri bo, atuye mu murenge wa Rugerero, nyuma yo kwibasirwa n’ibi biza ubu basigaranye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
U Burundi bwafunze imipaka n'u Rwanda
U Burundi bwafunze imipaka n’u Rwanda

Amakuru ari kuvugwa hirya no hino aravuga ko Leta ya Gitega yafashe icyemezo cyo gufunga imipaka yose ihuza u Burundi n’u Rwanda.
Ni ibije bikurikira ijambo Perezida Gen. Evariste Ndayishimiye w’u Burundi aherutse kuvugira mu birori bisoza umwaka bitangiza uwa 2024, avuga ko u Rwanda rwimye icyo gihugu abantu rucumbikiye baruhungiyemo ku mpamvu zakurikiye umugambi wo kugerageza guhirika ubutegetsi bwa Nkurunziza mu 2015.
Muri iryo jambo kandi, Perezida Ndayishimiye yaciye amarenga ko (…)

424 Shares 4 Comments
Nyabihu: Abahinzi bikanze ubutubuzi bwa koperative KOTEMI
Nyabihu: Abahinzi bikanze ubutubuzi bwa koperative KOTEMI

Abahinzi b’ibibigori bo mu murenge wa Rugera mu karere ka Nyabihu bafite ubwoba bw’igihombo bashobora guhura nacyo nyuma yo gukorerwaho ubutubuzi na koperative KOTEMI.
Iyi koperative KOTEMI ngo yaje muri imwe mu murima y’ibigori byabo ikora icyo bita ’gakona’ ibigori byabo (kubikuraho umutwe wo hejuru uriho ingangangabo) ibizeza ko bazabona umusaruro mwiza none ngo bari kujya gutonora ikigori bagasanga ntampeke ziriho.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ibihano bingana ku bazunguzayi n'abakiriya babo
Ibihano bingana ku bazunguzayi n’abakiriya babo

Mu rugamba rwo guca abakora ubucuruzi butemewe bazwi nk’Abazunguzayi, Umujyi wa Kigali watangaje ko ubu noneho hagiye kujya hahanwa ugurira abazunguzayi kimwe nkaho.
Amabwiriza y’Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali, avuga ko umuzunguzayi n’umukiriya we iyo bafashwe, buri muntu acibwa ihazabu y’ibihumbi 10Frw, hanyuma uwahaye umuzunguzayi iseta cyangwa se aho gukorera hatemewe agahanishwa ihazabu y’ibihumbi 100Frw.
Ibyo ngo byatewe nuko basanzwe hari abazunguzayi badashaka kujya mu masoko (…)

424 Shares 4 Comments
Gakenke-Nyabihu: Hari abana batangiye guta ishuri
Gakenke-Nyabihu: Hari abana batangiye guta ishuri

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gakenke na Nyabihu by’umwihariko mu mirenge ya Rugera na Rusasa bakomeje guhera mu bwigunge nyuma yaho ikiraro cyo Mucyangonga cyabahuzaga gitwawe n’amazi nticyongere gusanwa.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga aho iki kiraro cyahoze cyubatse, none mu babuze inzira barimo n’abana bajya ku ishuri.
Habimana Irene Patrick, utuye mu kagari ka Nyarutembe, mu murenge wa Rugera yagize ati: "Turahangayitse cyane bitewe n’iki (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rutsiro: Haravugwa uburiganya mu gutanga imirasire
Rutsiro: Haravugwa uburiganya mu gutanga imirasire

Bamwe mu baturage bo mu kagari ka Murambi mu murenge wa Musasa mu karere ka Rutsiro barinubira uburyo bw’imitangire y’amatara akoreshwa n’izuba azwi nk’Imirasire.
Bavuga ko ubusanzwe ayo matara agomba guhabwa abantu badafite umuriro w’amashanyarizi, ariko ngo hari abayihabwa basanzwe bawugite, nkuko bamwe mu baturage babitangarije mamaurwagasabo.
Umwe muri abo baturage, batashatse ko amazina yabo amenyekana yagize ati: "Bari kuyaha (amatora y’Imirasire) n’abafite amashanyarazi kandi (…)

424 Shares 4 Comments
Burera: Umwana umaze imyaka 11 arembeye mu bitaro bya Byumba arasabirwa ubufasha
Burera: Umwana umaze imyaka 11 arembeye mu bitaro bya Byumba arasabirwa ubufasha

Mu bitaro bya Byumba harwariye Umwana w’umukobwa w’imyaka 13 umaze imyaka igera kuri 11 arwaye indwara y’uruhu yabaye amayobera, ababyeyi be bakababazwa n’uko yabuze ubushobozi bwo kumuvuza bakaba basaba ubufasha.
Ni umukobwa witwa Izere Dezirata, uvuka mu karere ka Burera, mu murenge wa Bungwe, ababyeyi be bamurwaje bavuga ko imitungo yabashyizeho basigaye nta n’urwara rwo kwishima.
Umubyeyi w’uyu mwana witwa Ndayambaje Alexandre yavuze uburyo yakubise hirya no hino kugira ngo umwana we (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Abaturiye umudugudu wa Kinigi baratabaza
Musanze: Abaturiye umudugudu wa Kinigi baratabaza

Abaturiye umudugudu w’Ikitegererezo wo mu murenge wa Kinigi mu karere ka Musanze baratabaza Leta kuko umwanda wose uva muri uwo mudugudu ubamereye nabi, bitewe n’uwubatse fose z’imyanda yawo mu ngo zabo ntazipfundikire.
Ni abaturage bo mu mudugudu wa Gikeri mu kagari ka Cyabagarura, mu murenge wa Musanze, aho utandukanira n’uwa Kinigi.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga ahubatswe izo fose. Iyo uhageze wumva haturukamo umunuko, amasazi, ndetse n’imibu kuko (…)

424 Shares 4 Comments
M23 igiye guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi
M23 igiye guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi

Mu gihe Inyeshyamba z’Umutwe wa M23 zavugaga ko zishaka gushyira igitutu kuri Perezida Tshisekedi akemera inzira y’ibiganiro, kuri ubu uyu mutwe wavuze ko ugiye gukuraho ubutegetsi buriho.
Ni ubutegetsi bwa Felix Anthoie Tshisekedi Tchilombi wongeye gutorerwa kuyobora Manda ya Kabiri y’imyaka 5 nka Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, watsinze amatora ku cyumweru tariki ya 31 Ukuboza 2023 atsinze abo bari bahanganiye intebe y’Umukuru w’igihugu.
Umuvugizi wungirije wa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru