Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ku nshuro ya 19 abana 23 b’Ingagi bavutse ku babyeyi batandukanye mu miryango itandukanye bagiye kwitwa amazina aho abaturutse imihanda yose y’Isi bazitabira uyu muhango aho usanzwe ubera mu kinigi mu karere ka Musanze.
Kwita Izina’ ni umuhango umaze imyaka 19 ukorwa hagamijwe kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima by’umwihariko ingagi zo mu misozi miremire na Pariki y’Igihugu y’Ibirunga icumbikiye imiryango irenga 22
Ingagi ifitanye isano n’abantu (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu bazwi nk’Imboni z’Umutekano zifasha akarere ka Burera gucunga umutekano ku bashobora kwambutsa magendu ku mipaka baratangaza ko gukora badahembwa birimo gutuma bemera kwinjiza magendu mu gihugu banga gukomeza kwicwa n’inzara.
Babwiye umunyamakuru wa Mamaurwagasabo ko bemera kubikora bitewe nuko bamaze amezi arenga atatu badahembwa umushahara bagenewe, ni mu gihe umuyobozi w’ako karere w’agateganyo adashaka kugira icyo abivugaho.
Aba baturage (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Rubavu umurenge wa Kanama hari kompanyi ebyiri zinura umucanga zikomeje kurebana ay’ingwe ndetse n’ubuyobozi bukomeje kurebera, ibintu bishobora kuzabyara ikindi kintu kirenze urwego bigezeho.
Imwe muri izo kompanyi yitwa (Mugabo J company LTD) ihagarariwe na Ndolimana Jean D’amour indi yitwa (UStone LTD) ihagarariye na Uwonkunda Carine.
Mu kiganiro umunyamakuru wa mamaurwagasabo yagiranye n’impande zombi bagaragaje ko nta kibazo (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
(Rtd)Lt Gen Romeo Dallaire, washinze ikigo cya Dallaire gishinzwe abana, amahoro n’umutekano, yasuye Ikigo cy’Igihugu cy’amahoro cya Rwanda Peace Academy (RPA) giherereye i Nyakinama mu karere ka Musanze.
Yatanze ikiganiro ku basirikare bakuru bo muri Afurika y’iburasirazuba barimo bahugura bagezi babo ku bijyanye no kubungabunga amahoro hirya no hino ku Isi.
Undi wasuye Ikigo cya Rwanda Peace Academy ni (rtd) Lt Gen Balla Keïta, wahoze ari (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu ntara y’Iburengerazuba baravuga ko bahangayikishijwe n’umugezi wa Bihongore ubaraza mu gasozi bitewe n’ikiraro cyasenyutse.
Ni umugezi uhuza imirenge ibiri, uwa Nyabirasi na Kanama ihuza uturere twa Rutsiro na Rubavu.
Abaganiriye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu mirenge ya Nyabirasi na Kanama bavuga ko bakiri mu bwigunge kubera kutagira ikiraro kibafasha kwambuka umugezi wa Bihongore.
Umwe muri aba (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Perezida Paul Kagame yatunze agatoki abayobozi ba za Federasiyo z’imikino mu Rwanda aho yavuze ko akenshi aribo batuma intego z’itsinzi zitagerwaho bitewe n’amanyanga bakora.
Ni bimwe mu byo Umukuru w’Igihugu yavuze ko bikomeje kumunga siporo yo mu Rwanda birimo indagu (amarozi), ruswa, aho yashishikarije urubyiruko kubirwanya no kubigendera kure.
Yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Kanama 2023, yitabiraga Isabukuru imyaka 10 ihuriro Youth (…)
Perezida Paul Kagame yafunguye ibirori byo Kwizihiza imyaka 10 ishize hatangijwe Ihuriro ry’Urubyiruko rizwi nka Youth Connect ryabereye muri #IntareArena aho ryahuje urubyiruko ibihumbi n’ibihumbi baturutse mu mpande zose z’igihugu.
Youth Connekt yafashije benshi mu rubyiruko kuko yatumye hahangwa imirimo igera ku bihumbi 36, hamaze kandi gukorwa ibikorwa bigera muri miliyoni 4 byakorewe ahantu hatandukanye mu gihugu bikozwe mu bumenyi bw’urubyiruko rutanga umusanzu mu bikorwa (…)
Bamwe mu bahinzi b’ibirayi bo mu karere ka Rubavu, Nyabihu na Musanze baravuga ko hari bafite ubwoba ko igihe cy’ihinga kigiye kubatangiriraho batarabona ifumbire mvaruganda bikazagira ingaruka ku musaruro.
babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga kuri bamwe barimo kuvuga ko umusaruro ushobora kuzabura bitewe no kuba nta fumbire mvaruganda irabageraho ngo bahinge ku gihe.
Umwe muri aba bahinzi witwa Hakizimana Emmanuel utuye mu karere ka Rubavu yagize ati: "Dufite (…)
Yanditswe na Jean Claude Ndayambaje
Banwe mu baturage bo mu Murenge wa Cyanika mu Karere ka Burera, bakora mu mirimo ya "Job creation", bakomeje gutakambira ubuyobozi ko bwabishyura amafaranga bakoreye agiye kumara amezi atandatu.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Cyanika aho yasanze bicaye mu kibuga cy’umupira cya Cyanika bategereje umuyobozi w’umurenge wari wabahaye gahunda yo kuganira nabo kuri iki kibazo, bakifuza ko bakwishyurwa ngo kuko (…)
Yanditswe na Ndayambaje ean Claude
Guverineri mushya w’intara y’Amajyaruguru Mugabowagahunde Maurice mu migabo n’imgambi yavuze ko ikibazo cy’igwingira mu bana cyakunze kunanira benshi aje guhangana nacyo muri iyi ntara.
Yabitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo hakorwaga ihererekanyabubasha hagati ya Guverineri ucyuye igihe Madamu Nyirarugero Dancilla nawe, aho mu bibabazo by’ingutu bicyigarije iyi ntara y’Amajyaruguru harimo igwingira mu bana rigeze kuri 41%.
Guverineri (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















