Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Nzeri 2023 mu karere ka Musanze hangirijwe ibiyobyabwenge bifite agaciro ka Miliyoni 13,034,500rwf nyuma yo kumva ko ibiyobyabwenge byangiza ubuzima.
Ni igikorwa cyabereye mu ruhame aho cyari cyitabiriwe n’abayobozi batandukanye barimo n’umuyobozi w’Akarere ka Musanze w’agateganyo Habimana Hamiss.
Mu butumwa bwatanzwe nuko abaturage babwiwe ko bakwiye kugira uruhare rufatika mu kurwanya ubusinzi n’ ikoreshwa ry’ (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abarimu 416 baturutse mu gihugu hose bitabiriye amahugurwa yo kubongerera ubumenyi bujyanye no kwigisha amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 arimo kubera mu kigo cy’Ubutore i Nkumba mu karere ka Burera bavuga hakiri icyuho mu kwigisha aya mateka.
Aba barimu bahagarariye abandi muri buri murenge babitangaje kuri uyu wa mbere tariki ya 11 Nzeri 2023 ubwo hatangizwaga amahugurwa azamara iminsi itatu aho bavuga ko bagifite imbogamizi nyinshi (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umusore n’umukobwa bo mu Murenge wa Manihira mu karere ka Rutsiro bakubiswe n’inkuba barapfa, undi yamukomerekeje arimo kwitabwaho n’abaganga.
Ni amakuru yamenyekanye kuri uyu wa gatanu, tariki 08 Nzeri 2023 ahagana saa cyenda zamanywa ko mu kagari ka Muyira muri uyu murenge inkuba yakoze hasi.
Mu kiganiro Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Manihira, Bwana Basabose Alexis, yagiranye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo ukorera mu Burengerazuba (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu nama yahuje ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze, Urugaga rw’abikorera (PSF) na Minisiteri y’abakozi ba leta n’umurimo (MIFOTRA) Meya w’agateganyo yavuze ko ruswa n’icyenewabo bidakwiye gushingirwaho mu itangwa ry’akazi ngo ndetse nta musitajeri ukwiye kwakwa amafaranga yo kwimenyereza akazi.
Ni inama yabaye igamije kuganira ku ihagwa ry’umurimo no gukora umurimo unoze yateguwe kandi hagamijwe gushakira umuti ikibazo cy’ubushomeri mu urubyiruko (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Akarere ka Rubavu kabyukiye mu rubanza mu mizi n’umushoramari ufite kompanyi yitwa Mugabo J company LTD uvuga ko kamunaniza nyuma yaho kamuhagaritse kwinura umucanga muri Sebeya kandi afite ibyangombwa byuzuye.
Uko kutumvikana kwasobanuriwe imbere y’Umucamanza mu rukiko rwisumbuye rwa Rubavu kuri uyu wa kabiri tariki ya 5 Nzeri 2023 ubwo Ndolimana Jean D’amour uhagarariye Kompanyi ye, "Mugabo J company LTD" yaburanaga n’aka karere.
Iburanishwa (…)
Yandutswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze, cyane abakunze kugenda mu mujyi wa Musanze baravuga ko bahangayikishijwe na rigori zo mu nkengero z’imihanda hamwe na hamwe zidapfundikiye zishobora no guteza impanuka abantu bakavunikiramo.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu mugi w’aka karere asanga hari abagenzi binubira kuba izi ruhurura zidafunze bityo bikabatera impungenge arinaho bahera basaba ko zapfundukirwa (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Hon. Lambert Dushimimana wagizwe Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba afite ibigwi n’amateka kuko yagiye akora mu nzego zitandukanye.
Mu itangazo ryishyizwe ahagaragara n’ibiro bya Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa Mbere tariki ya 4 Nzeri 2023 ryatangaje ko Hon.Lambert Dushimimana wasimbuye Habitegeko Francis uherutse gukurwa kuri uwo mwanya.
Hon.Lambert Dushimimana yavutse tariki ya 29 Kanama 1971, avukira mu karere ka Rubavu, mu ntara (…)
ku nshuro ya 19 Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bahuriye mu Kinigi mu karere ka Musanze mu muhango wo Kwita Izina abana b’ingagi 23 bavutse muri uyu mwaka, abazituriye basabwa gukomeza kurinda ibidukikije n’urusobe rw’ibinyabuzima by’umwihariko Ingagi.
Mu ijambo rye nk’umushyitsi mukuru wari witabiriye uyu muhango Madamu Jeanette Kagame yasabye abaturiye pariki y’Ibirunga gukomeza kubungabunga ibidukikije babana neza n’Ingagi ndetse n’urundi rusobe rw’ibinyabuzima.
Yagize ati: (…)
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame akaba n’Umugaba Mukuru w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru ba Jenerali 11 barimo Gen James Kabarebe, Gen Fred Ibingira.
Nkuko bigaragara mu itangazo rishyizwe hanze na (RDF ) ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 30 Kanama 2023, hatangajwe ko abasirikari bafite ipeti rya General 12 barimo na Gen James Kabarebe wari Umujyanama wihariye wa Perezida wa Repubulika mu by’Umutekano bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru.
Iri (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Musanze,Umurenge wa Rwaza , abana babiri barohamye mu mugezi wa Mukungwa barapfa.
Ni abana bavukana, aho umwe yari mu kigero cy’imyaka 8 mu gihe undi yari afite 12, barohamye boga mu mugezi wa Mukungwa.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rwaza, Dushimire Jean yabihamirije Kigalitoday.
Yagize Ati :"Abo bana bari kumwe n’ababyeyi babo barimo guhinga hafi ya Mukungwa, abana bajya mu mazi koga bagwamo, kugeza aya masaha umwe (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















