Friday . 20 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Rubavu: Ubuyobozi burigurutsa mu gukemura ikibazo cya kompanyi ebyiri zihanganiye muri Sebeya
Rubavu: Ubuyobozi burigurutsa mu gukemura ikibazo cya kompanyi ebyiri zihanganiye muri Sebeya

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Rubavu umurenge wa Kanama hari kompanyi ebyiri zinura umucanga zikomeje kurebana ay’ingwe ndetse n’ubuyobozi bukomeje kurebera, ibintu bishobora kuzabyara ikindi kintu kirenze urwego bigezeho.
Imwe muri izo kompanyi yitwa (Mugabo J company LTD) ihagarariwe na Ndolimana Jean D’amour indi yitwa (UStone LTD) ihagarariye na Uwonkunda Carine.
Mu kiganiro umunyamakuru wa mamaurwagasabo yagiranye n’impande zombi bagaragaje ko nta kibazo (…)

424 Shares 4 Comments
Gen Romeo Dallaire yasuye Rwanda Peace Academy
Gen Romeo Dallaire yasuye Rwanda Peace Academy

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
(Rtd)Lt Gen Romeo Dallaire, washinze ikigo cya Dallaire gishinzwe abana, amahoro n’umutekano, yasuye Ikigo cy’Igihugu cy’amahoro cya Rwanda Peace Academy (RPA) giherereye i Nyakinama mu karere ka Musanze.
Yatanze ikiganiro ku basirikare bakuru bo muri Afurika y’iburasirazuba barimo bahugura bagezi babo ku bijyanye no kubungabunga amahoro hirya no hino ku Isi.
Undi wasuye Ikigo cya Rwanda Peace Academy ni (rtd) Lt Gen Balla Keïta, wahoze ari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Iburengerazuba: Hari umugezi uraza abaturage ku gasozi
Iburengerazuba: Hari umugezi uraza abaturage ku gasozi

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu ntara y’Iburengerazuba baravuga ko bahangayikishijwe n’umugezi wa Bihongore ubaraza mu gasozi bitewe n’ikiraro cyasenyutse.
Ni umugezi uhuza imirenge ibiri, uwa Nyabirasi na Kanama ihuza uturere twa Rutsiro na Rubavu.
Abaganiriye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu mirenge ya Nyabirasi na Kanama bavuga ko bakiri mu bwigunge kubera kutagira ikiraro kibafasha kwambuka umugezi wa Bihongore.
Umwe muri aba (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yagarutse ku bayobora amashyirahamwe ya siporo
Perezida Kagame yagarutse ku bayobora amashyirahamwe ya siporo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Perezida Paul Kagame yatunze agatoki abayobozi ba za Federasiyo z’imikino mu Rwanda aho yavuze ko akenshi aribo batuma intego z’itsinzi zitagerwaho bitewe n’amanyanga bakora.
Ni bimwe mu byo Umukuru w’Igihugu yavuze ko bikomeje kumunga siporo yo mu Rwanda birimo indagu (amarozi), ruswa, aho yashishikarije urubyiruko kubirwanya no kubigendera kure.
Yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Kanama 2023, yitabiraga Isabukuru imyaka 10 ihuriro Youth (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Urubyiruko rugiye kwereke Perezida Kagame umusaruro wa Youth Connect mu myaka 10 ishize
Urubyiruko rugiye kwereke Perezida Kagame umusaruro wa Youth Connect mu myaka 10 ishize

Perezida Paul Kagame yafunguye ibirori byo Kwizihiza imyaka 10 ishize hatangijwe Ihuriro ry’Urubyiruko rizwi nka Youth Connect ryabereye muri #IntareArena aho ryahuje urubyiruko ibihumbi n’ibihumbi baturutse mu mpande zose z’igihugu.
Youth Connekt yafashije benshi mu rubyiruko kuko yatumye hahangwa imirimo igera ku bihumbi 36, hamaze kandi gukorwa ibikorwa bigera muri miliyoni 4 byakorewe ahantu hatandukanye mu gihugu bikozwe mu bumenyi bw’urubyiruko rutanga umusanzu mu bikorwa (…)

424 Shares 4 Comments
Hari abahinzi b'ibirayi bavuga ko babuze ifumbire mvaruganda
Hari abahinzi b’ibirayi bavuga ko babuze ifumbire mvaruganda

Bamwe mu bahinzi b’ibirayi bo mu karere ka Rubavu, Nyabihu na Musanze baravuga ko hari bafite ubwoba ko igihe cy’ihinga kigiye kubatangiriraho batarabona ifumbire mvaruganda bikazagira ingaruka ku musaruro.
babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga kuri bamwe barimo kuvuga ko umusaruro ushobora kuzabura bitewe no kuba nta fumbire mvaruganda irabageraho ngo bahinge ku gihe.
Umwe muri aba bahinzi witwa Hakizimana Emmanuel utuye mu karere ka Rubavu yagize ati: "Dufite (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Abakora muri "Job creation" bishyuje Gitifu ayabangira ingata
Burera: Abakora muri "Job creation" bishyuje Gitifu ayabangira ingata

Yanditswe na Jean Claude Ndayambaje
Banwe mu baturage bo mu Murenge wa Cyanika mu Karere ka Burera, bakora mu mirimo ya "Job creation", bakomeje gutakambira ubuyobozi ko bwabishyura amafaranga bakoreye agiye kumara amezi atandatu.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Cyanika aho yasanze bicaye mu kibuga cy’umupira cya Cyanika bategereje umuyobozi w’umurenge wari wabahaye gahunda yo kuganira nabo kuri iki kibazo, bakifuza ko bakwishyurwa ngo kuko (…)

424 Shares 4 Comments
Amajyaruguru: Igwingira mu bana, kimwe mu bibazo Guverineri mushya aje guhangana nacyo
Amajyaruguru: Igwingira mu bana, kimwe mu bibazo Guverineri mushya aje guhangana nacyo

Yanditswe na Ndayambaje ean Claude
Guverineri mushya w’intara y’Amajyaruguru Mugabowagahunde Maurice mu migabo n’imgambi yavuze ko ikibazo cy’igwingira mu bana cyakunze kunanira benshi aje guhangana nacyo muri iyi ntara.
Yabitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo hakorwaga ihererekanyabubasha hagati ya Guverineri ucyuye igihe Madamu Nyirarugero Dancilla nawe, aho mu bibabazo by’ingutu bicyigarije iyi ntara y’Amajyaruguru harimo igwingira mu bana rigeze kuri 41%.
Guverineri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yakoranye umuganda n'abitabiriye iserukiramuco rya Giants of Africa
Perezida Kagame yakoranye umuganda n’abitabiriye iserukiramuco rya Giants of Africa

Perezida Kagame yifatanyije n’urubyiruko n’abandi bitabiriye umuganda Rusange udasanzwe wahujwe n’umunsi usoza Iserukiramuco rya Giants of Africa rimaze iminsi ribera i Kigali.
Ni umuganda wabaye kuri uyu wa Gatandatu ubera mu Mudugudu w’Icyitegererezo wa Karama uri ahazwi nka Norvège mu Murenge wa Kigali, mu karere ka Nyarugenge.
Perezida Kagame yari kumwe na Perezida w’Ikipe ya Toronto Raptors imenyereye kwitabira Champiyona ya Basket muri Amerika NBA, Masai Ujiri na Minisitiri wa (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Abacuruzi mu isoko rya kariyeri bafite uruhuri rw'ibibazo ubuyobozi budashaka kumva
Musanze: Abacuruzi mu isoko rya kariyeri bafite uruhuri rw’ibibazo ubuyobozi budashaka kumva

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu bacuruzi bo mu karere ka Musanze , bakorera mu isoko rya Kariyeri baravuga ko babangamiwe n’amafaranga bakwa n’ubuyobozi bw’isoko batazi ibyayo , ibintu bafata nko kubakandamiza ngo kubera ko batigeze bayumvikanaho mbere yo kuza muri iri soko rishya.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri iri soko riri muri gare y’Akarere ka Musanze, irimo kwifashishwa mu gihe harimo kuvugururwa isoko bakoreragamo mbere. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru