Tuesday . 26 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Perezida Kagame yakoranye umuganda n'abitabiriye iserukiramuco rya Giants of Africa
Perezida Kagame yakoranye umuganda n’abitabiriye iserukiramuco rya Giants of Africa

Perezida Kagame yifatanyije n’urubyiruko n’abandi bitabiriye umuganda Rusange udasanzwe wahujwe n’umunsi usoza Iserukiramuco rya Giants of Africa rimaze iminsi ribera i Kigali.
Ni umuganda wabaye kuri uyu wa Gatandatu ubera mu Mudugudu w’Icyitegererezo wa Karama uri ahazwi nka Norvège mu Murenge wa Kigali, mu karere ka Nyarugenge.
Perezida Kagame yari kumwe na Perezida w’Ikipe ya Toronto Raptors imenyereye kwitabira Champiyona ya Basket muri Amerika NBA, Masai Ujiri na Minisitiri wa (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Abacuruzi mu isoko rya kariyeri bafite uruhuri rw'ibibazo ubuyobozi budashaka kumva
Musanze: Abacuruzi mu isoko rya kariyeri bafite uruhuri rw’ibibazo ubuyobozi budashaka kumva

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu bacuruzi bo mu karere ka Musanze , bakorera mu isoko rya Kariyeri baravuga ko babangamiwe n’amafaranga bakwa n’ubuyobozi bw’isoko batazi ibyayo , ibintu bafata nko kubakandamiza ngo kubera ko batigeze bayumvikanaho mbere yo kuza muri iri soko rishya.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri iri soko riri muri gare y’Akarere ka Musanze, irimo kwifashishwa mu gihe harimo kuvugururwa isoko bakoreragamo mbere. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Dosiye y'Abakono ishobora kuba ariyo yirukanishije ba Meya mu Majyaruguru
Dosiye y’Abakono ishobora kuba ariyo yirukanishije ba Meya mu Majyaruguru

Nyuma y’igihe uwari Vice-Meya w’Akarere ka Musanze yemeye agatera intambwe akegura kubera kwinenga ko atakumiriye umuhango wo Kwimika ’Umutware w’Abakono’ wanenzweho gucamo ibice Abanyarwanda, abandi bayobozi batandukanye muri iyo ntara bakuwe mu mirimo.
Itangazo risohowe n’Umukuru wa Guverinoma, Minisitiri w’Intebe mu ijroro rya tariki ya 08/08/2023 rigaragasa ko abayobozi bo mu turere twa Musanze, Gakenke na Burera ndestse n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’Intara y’Amajyaruguru bakuwe ku (…)

424 Shares 4 Comments
Amajyaruguru: Baribaza impamvu umuhanda mpuzamahanga uhora uterwamo ibiremo
Amajyaruguru: Baribaza impamvu umuhanda mpuzamahanga uhora uterwamo ibiremo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu Ntara y’Amajyaruguru by’umwihariko abakoresha umuhanda mpuzamahanga wa Musanze-Cyanika bakomeje gushoberwa, bibaza impamvu uyu muhanda uhora uterwamo ibiremo aho kuwukora mu buryo bwiza burambye.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu turere twa Burera na Musanze, basaba leta gukora uyu muhanda ukoreshwa cyane ndetse n’imodoka zivuye mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda zose niwo zikoresha.
Umwe muri aba (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Ubukene, imbogamizi ituma ababyeyi batitabira kugaburira abana 'igi'
Burera: Ubukene, imbogamizi ituma ababyeyi batitabira kugaburira abana ’igi’

Yanditswe na Umugiraneza Alice
Mu karere ka burera nka kamwe muturere 10 mu gihugu tugaragaramo igwingira, bamwe mu baturage bako bavuga ko uburyo bwo kugaburira umwana igi muri gahunda yo kurwanya igwingira n’imirire mibi bukiri imbogamizi kuko ubukene bukoma mu nkokora iyi gahunda, bagasaba inzego bireba kubafasha kubongerera ubushobizi kugira ngo igere kuri bose.
Babigarutseho mu bukangurambaga bw’umuryango w’Abibumbye, ishami ryita ku bana UNICEF bwiswe ’Hehe n’ingwingira’ mu (…)

424 Shares 4 Comments
Ababyeyi barerera muri Wisdom Schools baherekeje abana babo muri Canada
Ababyeyi barerera muri Wisdom Schools baherekeje abana babo muri Canada

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu bana bane biga muri Wisdom Schools bari kumwe n’ababyeyi babo ndetse n’abarezi bamaze gufata rutemikirere berekeza mu gihugu cya Canada aho bagiye mu marushanwa mpuzamahanga azabera muri "Upper Medison College" y’i Toronto muri Canada.
Ni amahugurwa atangira kuri iki Cyumweru tariki 06 kugeza 13 Kanama 2023, aho azitabirwa n’abazaturuka muri Canada, Australia, muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, Ubudage, Ubwongereza ndetse n’Abana b’Abana (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rutsiro: Abaganujwe bashimiye Perezida Kagame
Rutsiro: Abaganujwe bashimiye Perezida Kagame

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bagizweho ingaruka n’ibiza bo mu karere ka Rutsiro barashimira Perezida Kagame ko yaberetse ko ari kumwe n’abo mu gihe bakomeje guhangana n’ingaruka batewe n’ibiza.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo hizihizwaga umunsi w’umuganura, ku rwego rw’Igihugu wabereye muri aka karere ka Rutsiro mu nsanganyamatsiko igira iti: "Isoko y’ubumwe ishingiro ryo kudaherenwa."
Bamwe mu bashumbushijwe inka barimo barimo (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Abacuruzi bari kwishyuzwa amahooro aruta igishooro
Musanze: Abacuruzi bari kwishyuzwa amahooro aruta igishooro

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abacururiza mu isoko rya Karwasa, mu karere ka Musanze baravuga baremerewe no gusabwa amafaranga yitwa ay’isuku aruta igishoro aza yiyongera n’ubundi ku 1000rwf cy’isuku bishyura Rwanda Revenue buri kwezi.
Ni amafaranga bavuga ko bakwa n’ubuyobozi bw’umurenge wa Gacaca, nayo buyita ay’isuku.
Babibwiye umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri iryo soko bakoreramo, bakifuza ko baganirizwa bakumva igihombo abateza cyane ko basabwa amafaranga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kabatwa: Ikibazo cy'amazi gikomeje gufata indi ntera, "iyo abayobozi baje araza"
Kabatwa: Ikibazo cy’amazi gikomeje gufata indi ntera, "iyo abayobozi baje araza"

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abaturage bo mu karere ka Nyabihu, mu Murenge wa Kabatwa bahangayikishijwe n’ikibazo cy’amazi kugeza ubwo batangiye gutabaza Umukuru w’Igihugu ngo hamenyekane igituma amazi abura akaboneka ari uko abayobozi bagiye kubasura.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge, aho yasanze barimo kurira ayo kwarika kubera ko nta mazi baheruka.
Uwitwa Habimana Jean Pierre yagize ati: "Birababaje rwose, tumaze igige kirekire nta (…)

424 Shares 4 Comments
Rusizi: Hongeye kugaragara umurambo uzingiye mu mufuka
Rusizi: Hongeye kugaragara umurambo uzingiye mu mufuka

Yanditswe na Ntakirutimana Alfred
Mudugudu wa Rushakamba, Akagari ka Kamashangi mu Murenge wa Kamembe hatoraguwe umurambo w’umukobwa utaramenyekana imyirondoro.
Watoraguwe mu gikari cy’inzu z’ubucuruzi mu mugi, ahagana saa mbiri z’ijoro zo ku wa 31 Nyakanga 2023.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kamembe, Iyakaremye Jean Pierre aganira na Mamaurwagasabo.rw avuga ko bakimara kumenyeshwa ayo makuru bahageze bahasanga uwo murambo.
Yagize ati: "Ni mu gikari mu mazu y’ubucuruzi, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru