Friday . 20 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Musanze: Bamwe mu bashoferi barashinjwa gushakira indonke mu bagenzi
Musanze: Bamwe mu bashoferi barashinjwa gushakira indonke mu bagenzi

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bategera imodoka muri gare ya Musanze by’umwihariko abajya n’abava Kinigi, Cyanika na Vunga baravuga ko hari abashoferi bakibakandamiza bitewe nuko birengagiza abafite amakarita ahubwo bagatwara abafite amafaranga mu ntoki.
Ibi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri gare ya Musanze, basaba ko ababishinzwe bashyiramo imbaraga bakagenzura aba bashoferi bakora aya makosa.
Umwe mu bo twasanze muri gare witwa (…)

424 Shares 4 Comments
Nyamasheke: Yaje muri Yubire none apfuye itaraba
Nyamasheke: Yaje muri Yubire none apfuye itaraba

Yanditswe na Ntakirutimana Alfred
Umukerarugendo ukomoka muri Austria yarohamye mu Kivu karere ka Nyamasheke ahita apfa.
Namakuru yatangiye gucicikana isaha ya saa kumi n’imwe z’umugoroba (17h00) ku wa Gatanu taliki 28 Nyakanga 2023, mu Mudugudu wa Gikuyu, Akagali ka Ninzi, Umurenge wa Kagano.
Avugana n’itangazamakuru umuyobozi w’akarere ka Nyamasheke Mukamasabo Appolonie yemeje ibyaya makuru ati: "Saa mbiri z’umugoroba, hamenyekanye amakuru y’urupfu rw’umunyamahanga witwa Robert (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rutsiro:Isoko ryatwaye akayabo ka miliyoni 20 rigiye kumara imyaka 11 ridakoreshwa
Rutsiro:Isoko ryatwaye akayabo ka miliyoni 20 rigiye kumara imyaka 11 ridakoreshwa

Yanditswe Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nyabirasi, mu karere ka Rutsiro barasaba ko isoko ry’amatungo bubakiwe rigatwara akayabo ka miliyoni 20 ryakoreshwa kubera ko rigiye kumara imyaka 11 ritabyazwa umusaruro.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge wa Nyabirasi, aho basaba ababishinzwe gukora ibishoboka byose iri soko rigakoreshwa icyo ryubakiwe.
Umwe muri aba baturage witwa Uwamariya yagize ati: "Iri soko bari (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Gitifu arashinjwa kuvogera no gusahura urugo rw'umuturage
Musanze: Gitifu arashinjwa kuvogera no gusahura urugo rw’umuturage

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Musanze, umurenge wa Musanze, mu kagari ka Rwambogo hari umubyeyi witwa Mukanoheri Emeline ushinja Gitifu w’uyu murenge kumuvogerera urugo akanamusahura.
Uyu muturage yabitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu aka kagari ka Rwambogo aho yavuze ko ababajwe n’uburyo uyu muyobozi yinjiye mu nzu ye agatwara radiyo yari mu cyumba aho uyu mubyeyi arara we n’ababna be.
Twashatse kumenya amakuru acukumbuye kuri iki kibazo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Iby'Abakono bikozeho Visi-Meya wa Musanze
Iby’Abakono bikozeho Visi-Meya wa Musanze

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Nyuma yo kwitabira ibirori by’Umuhango wo kwimika Umutware w’Abakono, Rucyahana Mpuhwe Andrew wari Umuyobozi w’Akarere ka Musanze wungirije ushinzwe iterambere ry’Ubukungu abimburiye abayobozi banenzwe kwitabira uwo muhango kwegura.
Ni ibirori byabaye biberw ahabona muri imwe muri hoteli zikomeye zo mu karere ka Musanze, binagaragaramo bamwe mu bakomeye mu nzego zitandukanye mu gihugu barimo n’abo ku gisirikare RDF, na Visi-Perezida wa Sena, Hon. (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yagabiye Inyambo Ngweso
Perezida Kagame yagabiye Inyambo Ngweso

Perezida Paul Kagame yagabiye inka z’inyambo Perezida wa Congo-Brazzaville, Deni Sassou Nguesso.
Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Gatandatu ubwo abakuru b’ibihugu byombi basuraga urwuri ruherereye i Kibugabuga, kuri uyu wa Gatandatu.
Perezida Sassou Nguesso agabiwe inka na Perezida Kagame nk’igihango n’ikimenyetso cy’ubushuti bwihariye abo bakuru b’Ibihugu byombi bafitanye.
Ni nyuma y’aho ku mugoroba wo ku wa Gatanu Perezida Kagame yanamwabitse umudali w’icyibahiro witwa ‘Agaciro’.
Ni (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
U Rwanda na Congo byafashe iya mbere mu guhuza ibihugu bya Afurika n'iterambere nyaryo
U Rwanda na Congo byafashe iya mbere mu guhuza ibihugu bya Afurika n’iterambere nyaryo

Ubwo bagiranaga ikiganiro n’itangazamakuru, abakuru b’iibihugu by’u Rwanda na Congo (Brazaville), bihaye umukoro bifata iya mbere mu guhuza ibihugu by’Afurika n’iterambere ryayo.
Byatangajwe na Perezida Kagame muri icyo kiganiro cyabaye kuri uyu wa Gatandatu, mu ruzinduko rw’iminsi itatu ari kwakiramo mugenzi we wa Congo, Denis Sassou Ngweseo uri mu Rwanda.
Abakuru b’ibihugu byombi bemeje ko ibihugu bayoboye bifite intego y’ubufatanye mu iterambere ry’Afurika, muri iki gihe riri (…)

424 Shares 4 Comments
Rutsiro: Abasigajwe inyuma n'amateka barasaba gusanirwa inzu
Rutsiro: Abasigajwe inyuma n’amateka barasaba gusanirwa inzu

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Imwe mu miryango y’abasigajwe inyuma n’amateka bo mu kagari ka Terimbere, Umurenge wa Nyabirasi mu karere ka Musanze barasaba gisanirwa inzu kubera ko bameze nk’abari hanze.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Nyabirasi aho yasanze bari mu nzu zabasaziyeho, zubatswe muri 2008.
Umwe muri aba baturage yagize ati: "Turi mu gahinda k’inzu zacu zigiye kutugwaho, turaryama ntidukanguke, ziratura (zirava), mbese (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Inyubako zitagikoreshwa zikomeje kwangirika ubuyobozi burebera
Musanze: Inyubako zitagikoreshwa zikomeje kwangirika ubuyobozi burebera

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abaturage bo mu murenge wa Shingiro mu karere ka Musanze barasaba ko inyubako zitagikoreshwa zahoze ari ikigo cy’amashuri abanza ya Gikoro giherereye mu kagari ka Gakingo zabyazwa umusaruro mu bundi buryo cyane ko zikomeje kwangirika ubuyobozi burebera.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga mu murenge wa Shingiro yasanze hari inyubako z’amashuri zigiye kumara imyaka irenga itatu zidakoreshwa, kubera ko basanze zarubatswe ahantu mu manegeka, (…)

424 Shares 4 Comments
Rwanda Peace Academy yagaragaje ibindi bikoresho ikeneye
Rwanda Peace Academy yagaragaje ibindi bikoresho ikeneye

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ambasaderi w’Igihugu cy’Ubuyapani mu Rwanda Nyakubahwa ISao FUKUSHIMA arikumwe na Bwana Maxwell Gomera uhagarariye United Nations Development Programme (UNDP) mu Rwanda basuye Ikigo cy’Igihugu cy’Amahoro cya (RPA) mu rugendo rwari rugamije gushimangira imikoranire niki kigo.
Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 19 Nyakanga 2023 , aho mu biganiro byahuje izi mpande zombi ari ugukomeza gushimangira imikoranire basanzwe bagirana n’iki (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru