Friday . 17 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more
  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more

Perezida Kagame yavuze ko ubufatanye bw’Abanyarwanda n’abayobozi bwabarinze ingaruka mbi za COVID-19

Sunday 28 March 2021
    Yasomwe na

Perezida Paul Kagame yashimiye ubufatanye Abanyarwanda muri rusange bagize n’abayobozi babo mu guhangana na COVID-19, agaragaza ko ibintu byari kurushaho kuba bibi iyo hataba ubwo bufatanye. 

Ni amasengesho ngarukamwaka ategurwa n’umuryango Rwanda Leaders Fellowship, azwi nka National Prayer Breakfast ahuriramo abayobozi mu nzego nkuru za Leta n’ibigo byazo, abihayimana n’abandi bakomeye baba bayatumiwemo ku butumwa rukana bahimbaza Imbana bakanasengera abayobozi n’igihugu mu kerekeze kirimo.

Kuri iyi nshuro ariko yabeye hifashishijwe guhurira ku ikoranabuhanga mu rwego rwo kwirinda guhurira hamwe ngo bigabanye ibyagi byo kwanduzanya no gukwirakwiza icyorezo cya COVID-19.

Perezida Kagame yavuze ko hari byinshi byo gushimira u Rwanda rufite nk’igihugu birimo no kuba Abanyarwanda bakomeje gufatanya n’abayobozi babo bakabasha kwirinda ingaruka zari kuba mbi iyo batabikora uko. 

Yavuze ko amasengesho nkayo ari uburyo bukwiriye bwi kwibutsa abayobozi inshingano zabo ku baturage bashinzwe.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru