Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Perezida Kagameyahishuye ko hashobora gushyirwaho umusoro ku nsengero

Wednesday 14 August 2024
    Yasomwe na


Ubwo Perezida Kagame yari mu muhango wo kurahira kw’abagize inteko ishingamategeko kuri uyu wa Gatatu, yahishuyeko bitewe nicyo abona kuri bamwe mu bantu bitwaza amadini, bagateka imitwe, bigiye gutuma hashyirwaho imisoro utangwa n’isengero.

Nyuma yaho hamaze iminsi hari inkubira yo gufunga isengero hirya no hino mu gihugu, aho leta ivuga ko zitujuje ibisabwa. Perezida Kagame nawe yabigarutse agaragaza ko bitewe n’amanyanga abona agaragara kuri bamwe, bitwaje amadini, isengero zigiye gushyirirwaho imisoro.

Yagize ati" Aba bantu bateka umutwe, bakanyura muri ibi by’amadini, bakambura abantu ibyabo, bagatwara amafaranga, umutungo wabo, birazagutuma dushyiraho umusoro, umuntu asorera icyo yinjije".

"Waba wacyinjije ku binyoma, waba wabeshye abantu ukabatwara ibyabo, igihe urwo rubanza rutaracibwa yuko ibyo wakoze ari ibinyoma cyangwa iki? Reka hajyeho umusoro".

Perezida Kagame kandi yaboneye gusaba aba Badepite bari bamaze kurahira kugira uruhare muri bino bikorwa.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru