Tuesday . 2 June 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 25 May » Rubavu: Abazahembwa muri Rubavu Music Awards and Talent Detection bamaze gutoranywa – read more
  • 12 May » Rwanda: Hazatangwa ibikombe 2 muri Shampiyona – read more
  • 9 May » Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 – read more
  • 27 April » Rubavu: Rubavu Music Awards and Talent Detection igiye kongera kuba bwa kabiri – read more
  • 27 April » RDC: Hashyizweho umutwe ushinzwe kurinda ibirombe – read more

Perezida Ndayishimiye yasimbuje Gen. Bunyoni yakekagaho kumuhirika ku butegetsi

Wednesday 7 September 2022
    Yasomwe na

Gervais Ndirakobuca yagizwe Minisitiri w’Intebe w’u Burundi asimbuye General Alain Guillaume Bunyoni uvugwa mu mugambi wo guhirika ubutegetsi bwa Gen. Evariste Ndayishimiye.

Ndirakobuca yari asanzwe ari Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu afite mu nshingano abinjira n’abasohoka n’umutekano mu gihugu. Mbere yaho yanabaye kandi Umuyobozi w’igipolisi cy’u Burundi.

Perezida w’u Burundi aherutse gutangaza ko mu gihugu cye hari abo yise “Ibihangage” bigamije kumuhirika ku butegetsi, arahirira ko badateze kubigeraho habe na gato.

Alain Guillome Bunyoni ni umwe muri ibyo bihangage byakomojweho na Perezida Ndayishimiye, dore ko ngo bari bamaze iminsi badacana uwaka nyuma yo kujya yitambika gahunda z’iterambere Perezida Ndayishimiye yemereye abaturage ubwo yiyamamazaga.

Ndirakobuca yayowe ku majwi 100%.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru