Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Perezida Ndayishimiye yasimbuje Gen. Bunyoni yakekagaho kumuhirika ku butegetsi

Wednesday 7 September 2022
    Yasomwe na

Gervais Ndirakobuca yagizwe Minisitiri w’Intebe w’u Burundi asimbuye General Alain Guillaume Bunyoni uvugwa mu mugambi wo guhirika ubutegetsi bwa Gen. Evariste Ndayishimiye.

Ndirakobuca yari asanzwe ari Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu afite mu nshingano abinjira n’abasohoka n’umutekano mu gihugu. Mbere yaho yanabaye kandi Umuyobozi w’igipolisi cy’u Burundi.

Perezida w’u Burundi aherutse gutangaza ko mu gihugu cye hari abo yise “Ibihangage” bigamije kumuhirika ku butegetsi, arahirira ko badateze kubigeraho habe na gato.

Alain Guillome Bunyoni ni umwe muri ibyo bihangage byakomojweho na Perezida Ndayishimiye, dore ko ngo bari bamaze iminsi badacana uwaka nyuma yo kujya yitambika gahunda z’iterambere Perezida Ndayishimiye yemereye abaturage ubwo yiyamamazaga.

Ndirakobuca yayowe ku majwi 100%.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru