Tuesday . 2 June 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 25 May » Rubavu: Abazahembwa muri Rubavu Music Awards and Talent Detection bamaze gutoranywa – read more
  • 12 May » Rwanda: Hazatangwa ibikombe 2 muri Shampiyona – read more
  • 9 May » Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 – read more
  • 27 April » Rubavu: Rubavu Music Awards and Talent Detection igiye kongera kuba bwa kabiri – read more
  • 27 April » RDC: Hashyizweho umutwe ushinzwe kurinda ibirombe – read more

Perezida wa Leza Zunze Ubumwe z’Abarabu yitabye Imana

Friday 13 May 2022
    Yasomwe na

Sheikh Khalifa bin Zayed Al Nahyan wari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE), yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye imyaka myinshi.

Leta ya Abu Dhabi yatangaje uru rupfu yavuze ko nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga muri Perezidanse.

sheikh khalifa bin zayed al nahyan yapfuye afite imyaka 73 y’ubukure

Ibi byatumye ibihugu byo mu bigobe bya Peresi bishyiraho icyunamo cy’iminsi 40 guherakuri uyu wa Gatanu ubwo yari amaze gushiramo umwuka.

Visi Perezida akaba n’Umuyobozi w’Umujyi wa Dubai Sheikh Mohammed bin Rashid, yagaragaje akababaro yatewe n’iyi nkuru y’inshamugongo.

Ati: “Mu kababaro n’agahinda kenshi, tubabajwe no kwifatanya n’abaturage ba UAE, ibihugu by’Abarabu n’Abayisilamu ndetse n’Isi mu kunamira Perezida w’Igihugu cyacu Sheikh Khalifa bin Zayed Al Nahyan, Umuyobozi w’urugendo rwacu. Allah ahire roho ye kandi ayorohereze mu rugendo rushya rwa nyum y’ubu buzima kandi azahabwe isumbwe rikomeye muri Paradizo.”

Abandi bayobozi bakomeye ku isi bakomeje kwifatanya na UAE ibuze umuyobozi w’icyitegererezo, bose bakaba bakomeje kumwifuriza iruhuko ridashira.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru