Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Roger Federer ntazasubira mu kibuga cya Tennis mbere ya 2021

Wednesday 10 June 2020
    Yasomwe na

By Imfuraybo Pierre

Umusuwisi Roger Federer, akaba ikirangirire mu mukino wa Tennis, yatangaje kuri uyu wa gatatu tariki 10 Kamena, ko yongeye kubagwa mu ivi ry’iburyo. Yavuze ko kongera kugaruka mu kibuga bitari mbere y’umwaka wa 2021.

Roger Federer, abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter yagize ati “Nifuje gufata igihe, kugira ngo nzongere gukina neza 100%. Abafana banjye, amarushanwa, nzabikumbura cyane, kandi ndifuza kuzabona buri wese, muri saison ya 2021”.

Si ubwa mbere abazwe kuri iryo vi, kuko mu kwezi kwa Gashyantare 2020 na bwo yari yabazwe, aho yumvaga ashobora kuzakina mu mikino iteganijwe muri iyi mpeshyi.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru