Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more
  • 6 July » Spain na Portugal ziracakirana i Saa 21:00 mu mukino ukomeye uzakugena ikipe ikomeza muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi – read more

Selena Gomez yagize icyo avuga kuri Justin Bieber wamubenze

Thursday 12 July 2018
    Yasomwe na

Umuhanzikazi Selena Gomez wahoze akundana na Justin Bieber bakaza gutandukana yifurije uyu musore ishya n’ihirwe mu rukundo rushya yatangiranye n’umunyamidelikazi witwa Hailey Baldwin aherutse kwamika impeta ndetse banitegura kurushinga.

Justin Bieber n’umukunzi we mushya.
Tariki 7 Nyakanga 2018 nibwo J.B yambitse impeta Hailey maze atanga integuza mu muryango n’abafana be ko bagiye kubona ubukwe bunogeye ijisho mu gihe kitarambiranye. Ku rundi ruhande ariko, Selena Gomez wamaze imyaka myinshi akundana na Justin Bieber kuri ubu akaba akomeje kwirengagiza ibibazo arimo guhatwa n’akomeje kumubaza iherezo ry’urukundo rwe n’uyu musore, Icyakora uyu mukobwa akaba bombi yabifurije amahirwe n’umugisha mu rukundo rwabo rushya.

Gomez yatunguwe no kumva ko Justin Bieber yiboneye undi mukunzi.

Selena aganira n’aba Paparazzi b’I New York, yavuze ko nta mwanya uhagije afite wo kuganira ku nkundo z’abameranye neza, gusa abifuriza umugisha mu byabo, Nubwo hari andi makuru avuga ko uyu mukobwa yatunguwe bikomeye no kumva ko Justin Bieber yamubenze akambika Hailey impeta y’urukundo.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru