Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Somalia: Umuryango w’abantu icyenda wiciwe mu gitero cy’ubwiyahuzi

Thursday 5 January 2023
    Yasomwe na

Abantu 9 baturuka mu muryango umwe biciwe mu gitero cya bombe cyari giteze mu modoka mu ntara ya Hiraan iri hagati mu gihugu muri Somalia.

Usibye ayo makuru yatanzwe n’uwabibonye, Umukuru w’igipolisi wungirije muri ako karere yabwiye Reuters ko hari n’abandi bantu 26 na bo bishwe.

Umutwe wa al-Shabab ni wo wigambye iki gitero.

Umukuru w’umugi wa Mahas avuga ko ibiro bye hamwe n’iby’ umwe mu badepite aribyo bya byari bigambiriwe.

Hagati aho, ikindi kibombe cya kabiri cyaturikiye mu isoko, nk’uko umukuru w’umugi wa Mahas, Mumin Mohamed Halane, yabibwiye BBC.

Ibyo bibombe byari bikomeye cyane ku buryo ababibonye bavuga ko n’abantu bari kure y’aho byaturikiye bakomerekeshejwe n’ibipande byahatarukiye.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru