Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more
  • 6 July » Spain na Portugal ziracakirana i Saa 21:00 mu mukino ukomeye uzakugena ikipe ikomeza muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi – read more
  • 6 July » Neymar yasezeye gukinira ikipe ya Brazil – read more

Sudan yafatiriye imitungo ifite agaciro ka miliyari $4 ya Omar al-Bashir n’abantu be ba hafi

Sunday 24 May 2020
    Yasomwe na

By Imfurayabo Pierre

Urwego rushinzwe kurwanya ibyaha bya ruswa rwatangaje ko rumaze gufatira imitungo ifite agaciro ka miliyari $4, yahoze ari iya Omar al-Bashir wahoze ari perezida w’icyo gihugu, umuryango we n’abantu be ba hafi.

Uru rwego rukomeje gukurikirana ibyaha bya ruswa runibanda kuri Bashir wayoboye icyo gihugu kuva mu 1989 nyuma yo guhirika ubutegetsi yifashishije igisirikare, nawe abukurwaho n’imyigaragambyo y’abaturage muri Mata 2019.

Umuvugizi w’iyi komisiyo, Salah Manaa, yabwiye abanyamakuru ati “Igereranya ryacu ry’imitungo, imigabane mu bigo bitandukanye n’inyubako tumaze gufatira ni hagati ya miliyari $3.5 na miliyari $4.”

Bashir yakuwe ku butegetsi nyuma y’imyaka 30 ndetse mu Ukuboza umwaka ushize yahamijwe ibyaha bitandukanye birimo ibya ruswa akatirwa gufungwa imyaka ibiri, ndetse anashakishwa n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha ku byaha aregwa ko yakorewe

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru