Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

U Rwanda rugiye gukingira COVID-19 ikindi kiciro gishya

Monday 7 June 2021
    Yasomwe na

Mu gihe hamaze iminsi hatangwa doze ya kabiri y’inkingo za COVID-19 zahawe abaturage mu kiciro cya mbere uko ari ebyiri, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri hatangira gukingirwa ikindi kiciro gishya gihabwa doze ya mbere y’urukingo rwa Phizer.

Iyi minisiteri yatangaje ko izindi nkingo 50,300 za Pfizer zagejejwe ku bigo nderabuzima n’ibitaro bya Leta hirya no hino mu Rwanda.

Gukingira COVID19 icyiciro gishya biratangira ku wa kabiri tariki ya 08.06.2021 hakingirwa abafite nibura imyaka 75. Abandi bazagenda bagerwaho hibandwa ku bakuze.

Mu gihe Abanyarwanda bakomeje guhabwa urukingo rwa COVID-19 mu byiciro binyuranye, Minisiteri y’Ubuzima ikomeje gusaba buri wese, yaba uwahawe urukingo n’utararuhabwa gukomeza kubahiriza amabwiriza yo kwirinda icyorezo ari yo kwambara agapfukamunwa neza, gukaraba intoki kenshi gashoboka, gushyira intera hagati y’umuntu n’undi no kwirinda kujya mu mahuriro atari ngombwa.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru