Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

UGANDA: BOBI WINE AVUGA KO NYUMA YA GADDAFI NA BASHIR ARI MUSEVENI UTAHIWE KUVA KU BUTEGETSI

Friday 12 April 2019
    Yasomwe na

By imfurayabo pierre Romeo
Umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi ku izina rya Bobi Wine, atangaza ko nyuma yo kuva ku butegetsi kwa Perezida wa Libya, Muammar Mohammed Abu Minyar Gaddafi wari umaze imyaka 42 akiyobora na Omar Bashir wari umaze imyaka 30 ayobora Sudani, ari Museveni ugiye gukurikira.

Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, yagize ati “Abanyagitugu bose bashobora kurindagiza abaturage igihe kinini ariko ntabwo bagira abaturage bose injiji igihe cyose”.

Aya magambo yayakurikije ifoto y’aba baperezida batatu (Gaddafi, Museveni na Bashir), arangije yandika ijambo kuri Museveni ko ariwe utahiwe.

Iyi niyo foto bob wine yakoresheje
Bobi Wine yumvikanye kenshi mu itangazamakuru avuga ko amatora yo mu 2021 atazasiga Perezida Museveni ku butegetsi, ahigira kubumuvanaho abifashijwemo n’abaturage bamushyigikiye bibumbiye mu cyo yise “Peoplepower”.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru