Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

UGANDA: BOBI WINE AVUGA KO NYUMA YA GADDAFI NA BASHIR ARI MUSEVENI UTAHIWE KUVA KU BUTEGETSI

Friday 12 April 2019
    Yasomwe na

By imfurayabo pierre Romeo
Umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi ku izina rya Bobi Wine, atangaza ko nyuma yo kuva ku butegetsi kwa Perezida wa Libya, Muammar Mohammed Abu Minyar Gaddafi wari umaze imyaka 42 akiyobora na Omar Bashir wari umaze imyaka 30 ayobora Sudani, ari Museveni ugiye gukurikira.

Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, yagize ati “Abanyagitugu bose bashobora kurindagiza abaturage igihe kinini ariko ntabwo bagira abaturage bose injiji igihe cyose”.

Aya magambo yayakurikije ifoto y’aba baperezida batatu (Gaddafi, Museveni na Bashir), arangije yandika ijambo kuri Museveni ko ariwe utahiwe.

Iyi niyo foto bob wine yakoresheje
Bobi Wine yumvikanye kenshi mu itangazamakuru avuga ko amatora yo mu 2021 atazasiga Perezida Museveni ku butegetsi, ahigira kubumuvanaho abifashijwemo n’abaturage bamushyigikiye bibumbiye mu cyo yise “Peoplepower”.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru