Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Ubuzima bw’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe mu Buyapani buri hagati y’urupfu n’umupfumu

Friday 8 July 2022
    Yasomwe na

Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Ubuyapani Shinzo Abe yarasiwe mu birori yari arimo mu mujyi wa Nara. Umuyobozi wa Tokyo niwe wavuze ko ubu ubuzima bwe buri hagati y’urupfu n’umupfumu kuko amerewe nabi cyane.

Uyu wahoze ari minisiri w’intebe kuri ubu yari afite imyaka 67. Gusa yarasiwe mubirori muruhame aho kuko yahise yikubita hasi nyuma yo kuraswa amasasu 2 nk’uko BBC ibivuga.

Umunyamabanga mukuru wa guverinoma yavuze igihe yarasiwe anamaganira kure icyo gikorwa cyabayeho akita icya kinyamanswa .

Yagize ati “ uwahoze ari minisitiri w’intebe , Abe yarashwe ahagana 11:30 a.m mu mujyi wa Nara, umugabo ukekwaho kumurasa ubu bamugejeje muri gereza. Gusa ubu amakuru y’ubuzima bwa Abe ntabwo azwi”.

Yakomeje anenga cyane ubu bugizi bwa nabi bwabayeho aho yavuze ati “ ku mpamvu iyo ariyo yose igikorwa nk’iki cya kinyamanswa ntigikwiye kwihanganirwa kandi turacyamaganye”.

Gusa ngo ababibonye bavuze ko babonye umugabo afite imbunda nini.

Uwabonye igitero cyagabwe kuri Shinzo Abe yavuze ko yabonye uwamurashe yirukankana imbunda agahita arekura isasu rikamufata agahita agwa.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru