Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Umumotari, umunyonzi n’umugenzi barasabwa kuba barikingije COVID-19

Friday 7 January 2022
    Yasomwe na

Ibyemezo bya Minisitiri w’Intebe byasohotse ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 7 Mutarama 2022, byemereye moto n’amagare gukomeza gukora gutwara abagenzi ariko bishyirirwaho amabwiriza ko utwaye n’utwawe bagomba kuba barikingije Covid-19.

Ubusanzwe ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri cyangwa izindi nzego zibishinzwe zari zimaze igihe zemerera abamotari n’abashoferi b’amagare gukomeza gukora bubahiriza izindi ngamba za covid-19 bidasabye ko abagenzi bagomba kuba barikingije.

Iri tangazo rivuga kandi ko abatazubahirizs izo ngamba bazabihanirwa.

Ku batwara imodoka rusange, bemerewe gutwara 100% by’abicaye nabo bakaba barikingije COVID-19

Mu zindi mpinduka ni iz’abakizi mu biro bya Leta byemerewe gukomeza gukora ariko ariko buri rwego rurasabwa gukoresha 15% by’abakozi bose bakorera mu biro.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru