Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Umuntu Muremure n’umugufi ku Isi bahuye

Friday 22 November 2024
    Yasomwe na


Umugore ufite uburebure buruta ubw’abandi ku Isi yahuye na mugenzi we w’umugore nawe ufite ubugufi bukabije nawe ku Isi, baganira ku duhigo bihariye kurusha abandi kuri uyu mugabane.

Umuhuro wa Rumeysa Gelgi wa metero 2.16 z’ubutebure wo muri Turkey na Jyoti Amge wa santimetero 62.8 wo mu Buhinde wabereye i Londre mu Bwongereza, basangira icyayi cya kumanywa, aho bishimiraga ibyo buri umwe afite bitandukanye n’iby’undi mu duhigo tw’Isi.

Umuremure afite imyaka 27 mu gihe umugufi afite imyaka 30.

Bombi kandi bafite ibyo bazwiho bakira neza, kuko Rumeysa asanzwe ari umushakashatsi akanakora akora porogaramu za mudasobwa muri Turkey mu gihe Amge asanzwe ari kimenyabose mu gukina filme mu Buhinde zisetsa abantu.

Gasongo Rumysa yitoye amanura ijwi abwira abwira Amge ati: "Uri mwiza cyane!" Undi nawe asunika ijwi ati: "Urakoze-Nawe nuko", maze umunezero wabo utangira ubwo.

Isoko: Washington Post

Inkuru ya Jennipher Hassan yashyizwe mu kinyarwanda na Samuel Mutungirehe

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru