Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Urukiko Rwanze ko Umutungo w’Umuryango wa Rwigara Ugurishwa

Thursday 30 September 2021
    Yasomwe na

Urukiko Rukuru rw’Ubucuruzi mu Rwanda ruherereye i Nyamirambo rwemeye kwakira ubujurire bwatanzwe na Premier Tobacco Company, LTD. Iyi ni sosiyete y’umuryango wa nyakwigendera Assinapol Rwigara.

Umucamanza Kwibuka Jean Luc yavuze ko ubujurire "bwatanzwe mu buryo bwubahirije amategeko, rubusuzumye, rusanze bufite ishingiro kuri bimwe’’.

Urukiko rwemeje ko imikirize y’urubanza rwajuririwe, uko rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi, kuwa 16/09/20121, iteshejwe agaciro. Rwakijije kandi rutegeka ko Urukiko rw’Ubucuruzi rwakira iki kirego cyihutirwa cya PTC gisaba urukiko kwemeza ko uruhushya rwo kugurisha umutungo utimukanwa uri mu Kiyovu ya Nyarugenge muri Kigali, umurwa mukuru w’u Rwanda, rwahawe banki y’ubucuruzi, COGEBANK, rwatanzwe mu buryo budakurikije amategeko.

Ni icyemezo cyasomwe nta muburanyi uhari mu rwego rwo kwirinda icyorezo Covid-19.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru