Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Wazalendo yambuye M23 ibice bitatu bya Kalehe

Thursday 10 April 2025
    Yasomwe na

Abarwanyi b’ihuriro rifasha ingabo za RDC, Wazalendo bambuye ibice umunani bya teritwari ya Kalehe muri Kivu y’Amajyepfo, mu burasirazuba bwa RDC.

Nyi intsinzi bakuye mu mirwano yo ku wa Gatatu, tariiki ya 9 Mata 2025, hagati y’abarwanyi ba Wazalendo n’ab’umutwe wa AFC/M23 ufite ibice binini by’Intara za Kivu zombi za DR Congo.

Teritwari ya Kalehe iri inyuma y’ikirwa cya Idjwi, wahuranyijemo hagati yacyo.

Amasoko atandukanye yabwiye Radio Okapi ko byo bice byigaruriwe na Wazalendo biri muri groupement ya Mbingam muri Chefferie ya Buhavu.

Iyo ntsinzi kandi yavuye mu mirwano imaze iminsi itatu iremereye hagati y’ingabo za M23 na Wazalendo.

Ibindi bice cyane cyane byegereye ikibuga cy’indege cya Kavumu nabyo bisanzwe byarigaruriwe na M23 byahawe imbuzi ko ari byo bikurikiyeho mu kuza gusubiranwa na Leta ya DRC ibifashijwemo n’aba Wazalendo, mu gihe ingabo za Leta ubwazo zananiwe gutsinsura M23.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru