Thursday . 19 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 March » Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz – read more
  • 13 March » Donald Trump yatangaje ko yashimishijwe no kwica abayobozi ba Iran – read more
  • 12 March » Inkangu zahitanye abantu 60 muri Ethiopia – read more
  • 11 March » U Rwanda rwitabiriye PISA 2025 mu rwego rwo kunoza ireme ry’uburezi, ntabwo ari amarushanwa – read more
  • 11 March » M23 yemeje ko FARDC yarashe muri Goma – read more

Zambia: Abakobwa biga muri kaminuza babujijwe kwambara impenure (Mini) kuko ngo zicumuza abahungu bahiga

Tuesday 8 May 2018
    Yasomwe na

Kaminuza iherereye mu gihugu cya Zambiya yasabye abakobwa bose biga muri iyi kaminuza ko uzahirahira yambara impenure ‘Mini’ nta kabuza azasohorwa muri iyi kaminuza.

Ibi bije nyuma yaho abahungu biga muri iyi kaminuza batangarije ubuyobozi ko imyambarire y’abakobwa bahiga ibacumuza, aho usanga biga badatuje bitewe n’ibyo baba babona imbere yabo.

Iyi kaminuza iherereye mu murwa mukuru wa Lusaka uyinjiyemo ngo usanganirwa n’amatangazo agaragaza ko kiziri kikaziririzwa kwambara impenure muri iyo kaminuza.

Itangazo riburira umukobwa wese uzahirahira kwambara impenure ko azabiryozwa.

Itangazo riburira umukobwa wese uzahirahira kwambara impenure ko azabiryozwa
Nkuko BBC dukesha iyi nkuru ibitangaza, abahungu nibo ntandaro yo guca impenure muri iyi kaminuza nyuma y’uko bagaragaje ko bibabangamira. Umwe mu baganiriye n’iki kinyamakuru, yagize ati “Namwe murabizi uburyo imibiri y’abakobwa ihahamura, biratugora rwose”

Ni ubwa mbere iyi kaminuza ifashe iki cyemezo kugeza naho itanga itangazo mu kigo hose ku bijyanye n’imyambarire y’abakobwa.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru