Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Aba Taliban babujije abagore kwiga kaminuza

Wednesday 21 December 2022
    Yasomwe na

Nyuma yo kwisubiza ku butegetsi babwambuye Abanyamerika, Abatalinani bakomeje imwe mu miziro yabo ku bagore aho noneho bababujijwe kwiga ngo bakandagire muri kaminuza.

Ni ingingo yiyama amahanga yatangiye gutuma urubyiruko rwo muri iki gihugu kigendera ku mahame akaze ya Kiislamu rwikoma.ubutegetsi.

Minisitiri ushinzwe amasomo atangwa muri za Kaminuza muri Afoganisitani yatangaje iyo ngingo, BBC yise ko isubiza inyuma igihugu ejo ku wa kabiri, avuga ko igiye gushyirwa mu bikorwa ako kanya.

Iyo ngingo ije gusubiza inyuma birenze uburezi ku bagore, ni mu gihe kandi abakobwa bari bamaze kubuzwa kwiga amashuri yisumbuye kuva aho Taliban bagarutse ku butegetsi mu mwaka ushize.

Kuri uyu wa gatatu, hari abagore bamwe bateguye imyigaragambyo mu Murwa Mukuru Kabul.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru