Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Kenya: Wa mudepite Didmus Barasa ukekwaho kwica umuntu yishyikirije Polisi nyuma y’iminsi ashakishwa

Friday 12 August 2022
    Yasomwe na

Yanditswe na Nimugire Fidelia

Hashize iminsi umudepite wo mu Nteko ishinga amategeko muri Kenya ahigwa bukware nyuma yo kurasa umuntu mu ruhame, w’icyegera cy’uwo bahanganye mu matora mu Burengerazuba bwa Kenya.

Nyuma yo kurasanira mu ruhame, ku biro by’itora hakagwa umuntu umwe nkuko polisi ibitangaza, uyu mudepite yaketswe ko ariwe wagize uruhare mu kurasa aho hantu. Kuri ubu rero uyu mudepite yaje mu buryo bwo gufasha polisi mu iperereza irimo gukora.

Depite Barasa ahagarariye intara ya Kimili iri mu Burengerazuba bwa Kenya hafi y’umupaka wa Uganda.

Uyu mudepite yishyikirije polisi mu gihe ejo ku wa 4 umwunganizi we mu mategeko yari yasabye polisi ko yakwemera ingwate mu gihe umukiriya we agishakishwa maze ntatabwe muri yombi.

Uyu munsi ni uwa 3 Abanyakenya bategereje ibiza kuva mu matora ya perezida w’igihugu ndetse n’abandi bayobozi batandukaye.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru