Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Congo yahagaritse inyama ziva mu Rwanda n’u Burundi

Saturday 11 June 2022
    Yasomwe na

Ubutegetsi bw’Intara ya Kivu y’Amajyepfo bwahagaritse ubucuruzi bw’inyama ziva mu Rwanda no mu Burundi nyuma yuko hadutse icyorezo kirimo kwibasira amatungo uyariye kikaba cyamuhitana.

Iki cyemezo Kivu y’Amajyaepfo yegereye u Burundi igifashe nyuma yuko yumvise i Bujumbura bavuze ko icyorezo cy’Umuriro mwinshi mu matungo, Fievre Jaune, cya Lift valley gifata amatungo kigeze mu Burundi.

Vincent Muhigirwa Sangwa ushinzwe iby’amatungo, uburobyi n’ubuhinzi yavuze ko iyo ndwara ikwirakwira hagati y’amatungo n’andi, atari hagati y’abantu kandi yica ikigeretseho itarabonerwa umuti.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru