Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Uburayi bugiye gushyiraho ifaranga rya Euro ryo mu ikoranabuhanga

Thursday 15 July 2021
    Yasomwe na

Kuri uyu wa Gatatu Banki Nkuru y’Uburayi yatanagje ko yafashe ikemezo cyo gutangiza umushinga wo gushyiraho ifaranga rya Euro rikoranye ikoranabuhanga, hakaba hakenewe ko ibihugu by’umuryango bibyemeranyaho bityo bisobanurirwe n’abaturage.

Ni umushinga wakiranywe na yombi n’ibihugu by’Ubufaransa n’Ubudage, nk’uko byabitangaje bibinyujije muri minisiteri z’imari zabyo.

Ubusanzwe ibihugu byo ku mugabane w’Uburayi byibumbiye mu Muryango w’Ubumwe bw’Uburayi bikoresha ifaranga rimwe rya Euro uko ari 27 nyuma y’aho Ubwongereza bwikuyemo.

Ib ibhugu by’Ubufaransa n’Ubudage byaboneyeho guhamagarira bigenzi byabo biri muri uwo muryango w’Ubumwe bw’Uburayi kwitabira no gushyigikira uwo9 mushinga.

Mu itangaza byashyize hanze, bivuga ko iyi gahunda ifite uruhare rukomeye ku baturage b’ibihugu by’uburayi kandi izashingira ku cyemezo cya politiki kigomba gufatwa.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru