Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Ethiopia irashinjywa kwica bunyamanswa abanya-Tigray 88

Wednesday 7 December 2022
    Yasomwe na

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia

Raporo yasohotse tariki ya 5 Ukuboza 2022, ivuga ko abasirikare n’abenegihugu ba Ethiopia bishe bunyamanswa imfungwa 88 z’Abanya-Tigray mu nkambi yo mu Majyepfo y’igihugu.

Iyo raporo ivuga ko bwabaye ubwicanyi buteye isoni, bwakorewe abasirikare bafatiwe ku rugamba kuva iyi ntambara yo muri Tigray itangiye kugeza ubu hakaba hashize imyaka 2.

Washington Post, yavuze ko ubwo bwicanyi bwabaye kuri 21 Ugushyingo 2021, mu nkambi ya gisirikare, iyo nkambi yari ifungiwemo abarwanyi b’Abanya-Tigray basaga 2000 bafatiwe kurugamba.

Amakuru dekesha Ijwi ry’Amerika avuga ko, ubwo bwicanyi bwabaye igihe abo barwanyi b’Aabanya-Tigray, bari barikurwana berekeza ku murwa mukuru wa Ethiopia Addis Abeba. Intambara hagati y’abasirikare bal eta n’aba Tigray yatangiye mu Ugushyingo 2020.

Kugeza ubu impande zombie ziri gukora kuburyo amasezerano yasinywe atangire gushyirwa mu bikorwa.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru