Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Gabon: Perezida yakuyeho Minisiteri yanzwe n’abaturage

Monday 19 September 2022
    Yasomwe na

Yanditswe na Nimugire Fidelia

Perezida wa Gabon, Ali Bongo Ondimba yakuyeho Minisiteri y’ibikorwaremezo imaze iminsi yinubiwe kenshi n’abaturage, kubera kutagira icyo ikora mu gusana imihanda yo mu byaro.

Itangazo ryasomwe na Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa Gatatu, rivuga ko Perezida Ondimba atishimiye uburyo iyo Minisiteri isa nk’aho ntacyo ikora mu gusana cyangwa kubaka imihanda mishya yoroshya ubuhahirane mu baturage.

Inshingano z’iyo Minisiteri zabaye zimuriwe mu biro bya Minisitiri w’Intebe.

Gabon ni igihugu gifite amikoro ahagije, igaturwa na miliyoni ebyiri z’abaturage. Muri Afurika iza ku mwanya wa gatanu mu bicukura peteroli nyinshi.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru