Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more
  • 6 July » Spain na Portugal ziracakirana i Saa 21:00 mu mukino ukomeye uzakugena ikipe ikomeza muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi – read more

HongKongo yategetse abaturage bayo kwisuzumisha COVID-19

Tuesday 22 February 2022
    Yasomwe na

Guverinoma ya Hong Kong yashyizeho itegeko ku baturage bayo bose ko bagomba kwisuzumisha Covid-19 ngo buri umwe amenye uko ahagaze.

Ni nyuma yuko muri iki gihugu gituwe b’abarenga miliyoni 7.5 bigaragaye ko harimo ubwandu buri hejuru mu gihe gito

Umuyobozi Mukuru, Carrie Lam yavuze ko abaturage bagomba kwinjira mu bihe bitatu byo kwisuzumisha coronavirusi muri uku kwa Gatatu, 2022.

Amashuri nayo mbere y’impeshyi azashyira mu bikorwa ingamba zo kwirinda kwanduzanya, nko guhana intera igihe abantu bahuriye ahantu hamwe.

Kugeza ubu iki gihugu kiri guhangana na virusi yihinduranyije ya Omicron, kugeza aho ibitaro bitangiye kunanirwa kwita ku barwayi.

Muri iki gihugu kigitsikamiwe n’Ubushinwa hari kugaragara abanduye bashya buri munsi, ku buryo abayobozi bakuru mu Bushinwa bari kujya gufasha Hong Kong guhagarika umuvuduko w’ubwandu bushya.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru