Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

MONUSCO igiye gutera inkunga SADC mu kurwana na #M23

Thursday 8 February 2024
    Yasomwe na

Nyuma yo kubona ko urugamba rugeze mu nahina kandi umutwe wa M23 igaragaza imbaraga zidasanzwe ku gisirikare cya Leta ya Congo n’abo gifatanyije aribo Ingabo z’umuryango SADC, Ubutumwa bwa Loni muri Congo nabwo bwijeje ubufasha kuri Leta.

Byatangajwe n’Intumwa y’Umunyamabanga Mukuru wa Loni ishinzwe amahoro, Jean Pierre Lacroix, ubwo yari mu ruzinduko muri RDCongo.

Yagize ati “Mu mwanzuro wayo wa 2717, akanama k’umutekano gafite MONUSCO mu nshingano kazasuzuma uburyo bwo gufasha SADC mu bikoresho n’ibikorwa. Ni ko kazafata icyemezo ku miterere y’ubu bufasha.”

Lacroix amaze iminsi muri RDC. Yahuye na Perezida w’iki gihugu, Félix Tshisekedi Tshilombo, amusezeranya ko MONUSCO izakomeza gutanga ubufasha mu kurinda abaturage mu bice biberamo intambara.

Mu matangazo y’uko Imirwano ihagaze mu Burasirazuba bwa Congo, umutwe wa M23 nawo umaze iminsi utangaza ko ingabo za Monusco zikoresha indege zabo zifata amakuru zikanayatabga ku ruhande bahanganye, ukanibutsa ko ukomeje kubyiyama.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru