Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)
Umugore ni inkingi ikomeye mu iterambere rirambye ry’umuryango, bityo iyo ahawe agaciro, uburenganzira bwe bukubahirizwa, ndetse akitabwaho uko bikwiye umusanzu we uba ntagereranywa mu kubaka igihugu.
Imibare yerekana ko abagore ari 52% by’abaturage b’u Rwanda bangana na miliyoni 11.4, kudaha agaciro ubushobozi bwabo no kubasiga inyuma bisobanura neza ko nta terambere ryagerwaho.
Madamu Jeannette Kagame abinyujije mu Muryango Imbuto Foundation, abereye Umuyobozi w’Ikirenga, yabonye kare (…)
Abari abarwanyi ba FDLR bari bacumbikiwe mu nkambi ya Walungu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, basabwe gutaha mu Rwanda bitarenze itariki ya 20 Ukwakira 2018.
Iyo nteguza bayihawe ku wa 26 Mata 2018, n’itsinda ry’abagize Guverinoma ya Congo n’indi miryango nka SADC, CIRGL na Monusco.
Iyi nteguza ireba abari abarwanyi 44 ba FDLR ndetse ikaba inareba imiryango yabo igizwe n’abantu 147, bose bacumbikiwe mu nkambi ya Walungu.
Umujyanama muri (…)
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un yagiriye uruzinduko muri Koreya y’Epfo, abe akoze amateka atarigeze abaho kuva mu 1953, yo kuba ari we mu Perezida wa Koreya ya Ruguru uba akandagije ikirenge mu iy’Epfo.
Nk’uko BBC ibitangaza, ngo Korea y’Epfo ivuga ko prezida wayo, Moon Jae-in abonana na perezida Kim ahagana saa 09:30 (00:30GMT) zo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Mata 2018.
Ibi biganiro by’akataraboneka ngo ahanini biribanda ku byo Koreya ya Ruguru iherutse gutangaza ko (…)
Ku wa Gatanu, tariki ya 27 Mata 2018, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 11 Mata 2018.
2. Inama y’Abaminisitiri yemeje ubutaka bwegurirwa Minisiteri y’Ingabo.
3. Inama y’Abaminisitiri yemeje Imbanzirizamushinga y’Ingengo y’Imari y’igihe giciriritse (Budget Framework Paper) hamwe n’imibare y’ikigereranyo cy’Ingengo y’Imari ya (…)
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), arakemanga imikorere y’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa ICC, avuga ko rwashyizweho rwitwa urw’Isi ubu bikaba bisa nk’aho rwashyiriweho gukurikirana Abanyafurika gusa.
Perezida Kagame yagarutse ku mikorere ya ICC ku wa 28 Mata 2018, i Kigali, ubwo yitabiraga umunsi wa kabiri w’ibiganiro mu nama yiswe ”Ibrahim Governance Weekend” aganira na Mo Ibrahim, ku mikorere y’inzego za Leta muri (…)
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, ubutwererane n’ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Louise Mushikiwabo, yashimangiye ko ubuyobozi bushya bw’u Bufaransa burangajwe imbere na Perezida Emmanuel Macron, buri kugaragaza impinduka zifatika mu kuzahura umubano w’ibihugu byombi.
Umubano w’u Rwanda n’u Bufaransa urimo igitotsi giterwa no kuba bamwe mu bayobozi babwo badashaka kwemera uruhare abari abayobozi ndetse n’abasirikare bagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 igahitana (…)
U Rwanda rufite Minisiteri 21 ndetse n’ikigo cy’igihugu gishinzwe Iterambere (RDB) gifatwa nka Minisiteri ukwacyo, aho Umuyobozi wa RDB aba ari umwe mu bagize bagize Guverinoma.
Kuva tariki 26 Gashyantare kugeza kuya 01 Werurwe 2018 , i Gabiro mu Karere ka Gatsibo hazabera umwiherero wa 15 w’abayobozi bakuru b’u Rwanda mu nzego zose.
Vice-Perezida wa Zimbabwe Lt. Gen Constantino Chiwenga yirukanye abaganga bagera ku bihumbi 15 nyuma yo kubabuza gukomeza kwigaragambiriza imishahara iri hasi ariko bakavunira ibiti mu matwi.
Abaroze intare zo mu ishyamba rya Queen Elizabeth National Park bakatiwe igifungo cya burundu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica no gusiga isura mbi igihugu.
Gasabo na Nyarugenge babonye ababahagariye bashya muri Green Party
14 December 2025, by Valens NzabonimanaMushikiwabo nk’umukandida uzahagarira u Rwanda ku buyobozi bwa OIF
13 January 2026, by Valens Nzabonimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























