Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Ishyaka ryacu rishyize imbere imibereho myiza y'Abaturage, Senateri Dr Frank Habineza

Nyuma yo gushyiraho inzego zihagarariye abandi ku rwego rw’imirenge ya Rugarama na Cyanika muri Burera, Abarwanashyaka ba (Green Party of Rwanda) ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikikije mu Rwanda, ryakomereje ibikorwa byaryo mu mirenge ya Kagogo na kinyababa mu karere Burera aho bibukijwe amahame y’ishyaka n’ibigomba kubaranga.
Perezida w’iri Shyaka Hon. Dr Frank Habineza yongeye kwibutsa abarwanashyaka amavu n’amavuko y’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera (…)

Kutamenya amategeko arengera uwahohotewe biri mu bituma ihohoterwa ridacika
Kutamenya amategeko arengera uwahohotewe biri mu bituma ihohoterwa ridacika

Mukandasira Caritas, Umuyobozi Mukuru wungirije w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe iyubahirizwa ry’uburinganire n’ubwuzuzanye mu Rwanda GMO, ushinzwe kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina avuga ko kugeza ubu kuba ikibazo k’ihohoterwa rishingiye ku gitsina kidacika biterwa no kutamenya amategeko arengera uwahohotewe ndetse n’imiterere y’iryo hohoterwa.
Mu mwiherero urwego GMO rwagiranye n’abayobozi b’amadini n’amatorero bareba uburyo bafatanya mu guhangana n’ikibazo k’ihohoterwa rishingiye (…)

424 Shares 4 Comments
Uruhare ntagereranywa rwa Imbuto Foundation mu guteza imbere abagore mu Rwanda
Uruhare ntagereranywa rwa Imbuto Foundation mu guteza imbere abagore mu Rwanda

Umugore ni inkingi ikomeye mu iterambere rirambye ry’umuryango, bityo iyo ahawe agaciro, uburenganzira bwe bukubahirizwa, ndetse akitabwaho uko bikwiye umusanzu we uba ntagereranywa mu kubaka igihugu.
Imibare yerekana ko abagore ari 52% by’abaturage b’u Rwanda bangana na miliyoni 11.4, kudaha agaciro ubushobozi bwabo no kubasiga inyuma bisobanura neza ko nta terambere ryagerwaho.
Madamu Jeannette Kagame abinyujije mu Muryango Imbuto Foundation, abereye Umuyobozi w’Ikirenga, yabonye kare (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abarwanyi 44 Ba FDLR N'imiryango Yabo Bahawe Igihe Ntarengwa Cyo Kuba Batashye Mu Rwanda
Abarwanyi 44 Ba FDLR N’imiryango Yabo Bahawe Igihe Ntarengwa Cyo Kuba Batashye Mu Rwanda

Abari abarwanyi ba FDLR bari bacumbikiwe mu nkambi ya Walungu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, basabwe gutaha mu Rwanda bitarenze itariki ya 20 Ukwakira 2018.
Iyo nteguza bayihawe ku wa 26 Mata 2018, n’itsinda ry’abagize Guverinoma ya Congo n’indi miryango nka SADC, CIRGL na Monusco.
Iyi nteguza ireba abari abarwanyi 44 ba FDLR ndetse ikaba inareba imiryango yabo igizwe n’abantu 147, bose bacumbikiwe mu nkambi ya Walungu.
Umujyanama muri (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kim Wa Koreya Ya Ruguru Yagiriye Uruzinduko Hanze Y'igihugu Ku Nshuro Ye Ya Mbere
Perezida Kim Wa Koreya Ya Ruguru Yagiriye Uruzinduko Hanze Y’igihugu Ku Nshuro Ye Ya Mbere

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un yagiriye uruzinduko muri Koreya y’Epfo, abe akoze amateka atarigeze abaho kuva mu 1953, yo kuba ari we mu Perezida wa Koreya ya Ruguru uba akandagije ikirenge mu iy’Epfo.
Nk’uko BBC ibitangaza, ngo Korea y’Epfo ivuga ko prezida wayo, Moon Jae-in abonana na perezida Kim ahagana saa 09:30 (00:30GMT) zo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Mata 2018.
Ibi biganiro by’akataraboneka ngo ahanini biribanda ku byo Koreya ya Ruguru iherutse gutangaza ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Itangazo Ry'ibyemezo By'Inama Y'Abaminisitiri Yo Ku Wa Gatanu Tariki Ya 27 Mata 2018
Itangazo Ry’ibyemezo By’Inama Y’Abaminisitiri Yo Ku Wa Gatanu Tariki Ya 27 Mata 2018

Ku wa Gatanu, tariki ya 27 Mata 2018, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 11 Mata 2018.
2. Inama y’Abaminisitiri yemeje ubutaka bwegurirwa Minisiteri y’Ingabo.
3. Inama y’Abaminisitiri yemeje Imbanzirizamushinga y’Ingengo y’Imari y’igihe giciriritse (Budget Framework Paper) hamwe n’imibare y’ikigereranyo cy’Ingengo y’Imari ya (…)

424 Shares 4 Comments
Urukiko Rwa ICC Rwagiyeho Rushyiriweho Isi Yose Ariko Byarangiye Rubaye Urwa Afurika Gusa- Perezida Kagame
Urukiko Rwa ICC Rwagiyeho Rushyiriweho Isi Yose Ariko Byarangiye Rubaye Urwa Afurika Gusa- Perezida Kagame

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), arakemanga imikorere y’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa ICC, avuga ko rwashyizweho rwitwa urw’Isi ubu bikaba bisa nk’aho rwashyiriweho gukurikirana Abanyafurika gusa.
Perezida Kagame yagarutse ku mikorere ya ICC ku wa 28 Mata 2018, i Kigali, ubwo yitabiraga umunsi wa kabiri w’ibiganiro mu nama yiswe ”Ibrahim Governance Weekend” aganira na Mo Ibrahim, ku mikorere y’inzego za Leta muri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ibihugu ntibyabanishwa no kwirengagiza amateka akomeye nka Jenoside – Mushikiwabo
Ibihugu ntibyabanishwa no kwirengagiza amateka akomeye nka Jenoside – Mushikiwabo

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, ubutwererane n’ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Louise Mushikiwabo, yashimangiye ko ubuyobozi bushya bw’u Bufaransa burangajwe imbere na Perezida Emmanuel Macron, buri kugaragaza impinduka zifatika mu kuzahura umubano w’ibihugu byombi.
Umubano w’u Rwanda n’u Bufaransa urimo igitotsi giterwa no kuba bamwe mu bayobozi babwo badashaka kwemera uruhare abari abayobozi ndetse n’abasirikare bagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 igahitana (…)

424 Shares 4 Comments
Ese MININTER ya Sheikh Moussa Fazil ntiyaba iri mu marembera?
Ese MININTER ya Sheikh Moussa Fazil ntiyaba iri mu marembera?

U Rwanda rufite Minisiteri 21 ndetse n’ikigo cy’igihugu gishinzwe Iterambere (RDB) gifatwa nka Minisiteri ukwacyo, aho Umuyobozi wa RDB aba ari umwe mu bagize bagize Guverinoma.

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umwiherero wa 15 usanze hakiri ibibazo byabaye agatereranzamba
Umwiherero wa 15 usanze hakiri ibibazo byabaye agatereranzamba

Kuva tariki 26 Gashyantare kugeza kuya 01 Werurwe 2018 , i Gabiro mu Karere ka Gatsibo hazabera umwiherero wa 15 w’abayobozi bakuru b’u Rwanda mu nzego zose.

424 Shares 4 Comments
Zimbabwe: Uwahoze ari Umugaba mukuru w'ingabo yirukanye abaganga bagera 15,000
Zimbabwe: Uwahoze ari Umugaba mukuru w’ingabo yirukanye abaganga bagera 15,000

Vice-Perezida wa Zimbabwe Lt. Gen Constantino Chiwenga yirukanye abaganga bagera ku bihumbi 15 nyuma yo kubabuza gukomeza kwigaragambiriza imishahara iri hasi ariko bakavunira ibiti mu matwi.

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru