Nyuma yo gushyiraho inzego zihagarariye abandi ku rwego rw’imirenge ya Rugarama na Cyanika muri Burera, Abarwanashyaka ba (Green Party of Rwanda) ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikikije mu Rwanda, ryakomereje ibikorwa byaryo mu mirenge ya Kagogo na kinyababa mu karere Burera aho bibukijwe amahame y’ishyaka n’ibigomba kubaranga.
Perezida w’iri Shyaka Hon. Dr Frank Habineza yongeye kwibutsa abarwanashyaka amavu n’amavuko y’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera (…)
Perezida Kagame yakomoje ku irekurwa rya Ingabire Victoire na Kizito Mihigo, avuga ko ari impuhwe zigamije gukemura ibibazo, kuko iyo bitaza kuba gutyo hari abantu benshi bishingiye ku kuri, baba bakiri muri gereza.
Umukuru w’Igihugu yabigarutseho ubwo yakiraga indahiro z’abadepite bashya kuri uyu wa Gatatu.
Perezida Kagame yavuze ko abarekuwe byari mu nyungu z’igihugu, ariko aburira abarekuwe cyane Ingabire Victoire, nyuma yo kurekurwa wavuze ko nta mbabazi yasabye.
Umukuru w’Igihugu (…)
CSP Gashagaza Hubert wari uherutse gusezererwa muri Polisi y’Igihugu, yitabye Imana mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kabiri.
Amakuru agera kuri mamaurwagasabo.rw ni uko CSP Gashagaza Hubert wahoze ari Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo yishwe, umurambo we ukaboneka mu Karere ka Kicukiro ahazwi nk’i Ndera.
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha, RIB, Mbabazi Modeste, yabwiye mamaurwagasabo.rw ko amakuru y’ibanze agaragaza ko bishoboka ko Gashagaza yishwe n’abagizi ba (…)
Ubuzima kuri iyi Si burangwa n’indoto, buri muntu agaharanira kuzamuka mu ntera niba yari atunze inka imwe akifuza eshatu cyangwa ishyo, umukozi akifuza ko umushahara we wikuba inshuro runaka, ushinzwe umutekano akifuza ko amapeti yiyongera, bityo bityo.
Mu mubare w’abamaze gukabya inzozi, ku wa Kabiri tariki 4 Nzeri 2018 hiyongereyeho Basigayabo Marcelline umaze imyaka 12 ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Nyakabungo mu Murenge wa Cyumba, mu Karere ka Gicumbi.
Uyu mugore (…)
Umugore witwa Maniraguha Claudine wo mu Kagari ka Nyagahinga mu Murenge wa Cyanika muri Burera, yabyariye mu nzira abana batatu b’impanga ubwo yavaga gutora Abadepite.
Uyu mugore yibarutse mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 03 Nzeri 2018.
Uyu mubyeyi yabyaye abana batatu b’abakobwa avuye gutorera kuri site y’itora iri muri aka kagari.
Bivugwa ko yafashwe n’ibise ari gutaha, agahita yitabaza urugo rw’abaturanyi ari naho yabyariye. Amaze kubyara, yahise ajyanwa ku Kigo (…)
Umurenge wa Rilima wo mu karere ka Bugesera , bamamaje abakandida depite b’umuryango wa FPR Intotanyi, bamwe mu baturage babwiye itangazamakuru ko bazatora FPR 100% bashingiye ku iterambere FPR yabagejejeho.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25/8/2018 nyuma y’igikorwa cy’umuganda ngaruka kwezi, umurenge wa Rilima wo mu karere ka Bugesera wamamaje abakandida depite b’umuryango wa FPR Inkotanyi , aho ubwitabire bw’abaturage bwari 99%.
Bamwe mu baturage bitabiriye iki gikorwa, bavuga ko baje (…)
Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa buri muntu (Parti Liberale) ryatangaje ko niritorerwa kujya mu Nteko Ishinga Amategeko, rizaharanira ko ibyiciro by’ubudehe byasubirwamo buri muturage akajya mu cyiciro akwiriye.
Ibi byatangajwe n’abarwanashyaka baryo mu bikorwa byo kwiyamamaza ku bakandida depite byabereye mu karere ka Nyagatare na Gatsibo.
Aganira n’ikinyamakuru mwambanews, umuturage wo mu murenge wa Karangazi, avuga ko azatora ishyaka PL kuko yumva bazabafasha gukosorerwa (…)
Joseph Ssemuwemba w’imyaka 42 y’amavuko wo muri Kiyanda mu gace Makulubita yahamwe n’ibyaha byo gufata ku ngufu abana batatu hagati ya Werurwe na July 2015.
Joseph yafatiranye aba bana bataragira imyaka yo kubasha kumuhakanya ibyifuzo bye akajya abasambanya uko abishatse kugeza bose abanduje SIDA.
Mu bafashwe ku ngufu umukuru yari afite imyaka 12, undi afite 10 mu gihe umuto yari afite imyaka 9 gusa y’amavuko.
Urukiko rwifashishije ibimenyetso byo kwa muganga ndetse n’ubuhamya bw’aba (…)
Umuhuzabikorwa wa Porogaramu y’Igihugu Mbonezamikurire y’abana bato, Dr Anita Asiimwe, yagaragaje ko kugwingira kw’abana atari umwihariko w’abavuka mu miryango ikennye cyangwa iy’abatajijutse kuko no mu y’injijuke kandi ikize hagaragaramo abagwingiye.
Ibi yabitangarije mu nama nyunguranabitekerezo yahuje Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) n’izindi nzego ku wa 22 Gicurasi 2018.
Ibarura ryakozwe mu 2015 ryerekanye ko ku rwego rw’igihugu abana 38.5 % bari munsi (…)
Madamu Jeannette Kagame, ku wa Kabiri tariki 19 Kamena 2018, yitabiriye ibirori byo kwizihiza imyaka 10 ishize u Budage butangije gahunda yo kwigisha Ikidage mu mashuri atandukanye hirya no hino ku Isi arimo na Green Hills Academy yo mu Rwanda.
Muri Gashyantare 2008 nibwo u Budage bwatangije gahunda igamije guteza imbere Ikidage binyuze mu mashuri yiswe PASCH (Schools: Partners for the Future), aho abanyeshuri bahabwa abarimu n’ibikoresho bakeneye ngo babashe kwiga uru rurimi.
Madamu (…)
Umunyepolitiki muri Kenya Raila Odinga yatangaje ko atazongera guhatanira umwanya wa perezida wa kiriya gihugu guhera mu matora ateganyijwe muri 2022 ahubwo ko agiye gushyigikira perezida Kenyatta akazamufasha gushaka amajwi aho guhangana.
Ibi yabitangaje asa n’uwibasira William Ruto aho yavuze ko nta gihugu kigira abaperezida 2 bityo ko bagomba gushyigikira uriho bityo ko hagomba kwiyamamaza abarenze umwe mu gihe uwari usanzwe ayobora atiyamamaje .
Agira ati “ntabwo twagira abaperezida (…)
57 bishwe n’imitwe yitwaje intwaro mu ntara ya Ituri
19 August 2022Minisitiri muri Congo yasabiye FDLR ibiganiro n’u Rwanda
13 January 2023Minisitiri w’Intebe agiye kwegura
15 September 2022
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























