Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n'ibiyobyabwenge

Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)

Kimia Alizadeh: Umukinnyi wa Taekwondo wa Iran ufite umudari olempike yatorotse
Kimia Alizadeh: Umukinnyi wa Taekwondo wa Iran ufite umudari olempike yatorotse

By Pierre Romeo Imfurayabo
Alizadeh, w’imyaka 21, yatangaje ku mbuga nkoranyambaga ko adashaka gukomeza kuba "mu buryarya, kubeshya n’akarengane".
Yavuze ko ari "umwe muri miliyoni z’abagore bakandamijwe muri Iran".
Alizadeh ntabwo yatangaje aho aherereye, gusa hari amakuru avuga ko yariho akorera imyitozo mu Buholandi.
Mu 2016 yakoze amateka kuri Iran ubwo yatwaraga umudari wa ’bronze’ muri Taekwondo mu mikino olempike ya Rio muri Brazil. Mu byo yanditse ubu, yavuze ko abategetsi ba (…)

424 Shares 4 Comments
Uganda: Kizza Besigye yatawe muri yombi ashinjwa kutubaha amabwiriza ya Polisi
Uganda: Kizza Besigye yatawe muri yombi ashinjwa kutubaha amabwiriza ya Polisi

Kizza Besigye utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Yoweri Museveni hamwe n’abayoboke b’Ishyaka riharanira impinduka muri Demokarasi (FDC) bari mu maboko ya polisi nyuma y’ubushyamirane bwamaze amasaha ane ahitwa Kireka.
Ibibazo byatangiye nyuma yuko inzego z’umutekano zihagaritse inama yari yateguwe n’ishyaka rya FDC kuri Stade y’igihugu yitiriwe Mandela i Namboole.
Abapolisi bitwaje intwaro n’abayobozi b’abasirikare babujije abantu kwinjira muri stade ndetse basubizayo buri wese (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
USA: Perezida Donald Trump ashobora kweguzwa
USA: Perezida Donald Trump ashobora kweguzwa

Muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ishyaka ry’abademokarate ryatangije iperereza ku mugaragaro rigamije kweguza Perezida Donald Trump ku birego byuko yokeje igitutu igihugu cy’amahanga ngo kibangamire uwo bahanganye muri politike.
Ibikorwa byo kweguza bishobora kugeza perezida mu bucamanza, ndetse bigashobora, kera kabaye, gutuma yeguzwa ku butegetsi.
Ikiri gukorwaho iperereza ni ikirego cyuko Bwana Trump yakangishije igihugu cya Ukraine kugihagarikira inkunga mu bya gisirikare niba (…)

424 Shares 4 Comments
Wari wageza ku myaka 40? Uyu munsi niyo Obiang Nguema amaze ku butegetsi
Wari wageza ku myaka 40? Uyu munsi niyo Obiang Nguema amaze ku butegetsi

Ku itariki nk’iyi z’ukwezi kwa munani mu 1979 nibwo Perezida Teodoro Obiang Nguema yafashe ubutegetsi muri Equatorial Guinea ahiritse nyirarume akanamucira urwo gupfa, imyaka 40 irashize.
Imibare y’umuryango w’abibumbye yo muri uku kwezi ivuga ko abaturage ba Guinea ari miliyoni 1,3.
Imibare yo mu kwezi kwa mbere 2018 ya ’CIA World Fact book’ ivuga ko 72% by’abatuye iki gihugu bari munsi y’imyaka 40. Abo bose bavutse basanga Bwana Nguema ari Perezida.
Icyegeranyo cya African Institute (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Uganda: Stella Nyanzi yakatiwe igifungo cy'amazi 18 azira gutuka Perezida
Uganda: Stella Nyanzi yakatiwe igifungo cy’amazi 18 azira gutuka Perezida

Urukiko rw’i Kampala rumaze gukatira Stella Nyanzi igihano cy’igifungo cy’amezi 18 ahamwe n’icyaha cyo gutuka Perezida Museveni, yahise akora ibikorwa byo kwiyambika ubusa mu rukiko.
Ejo ku wa kane, Stella Nyanzi yahamijwe icyaha cyo gutuka Perezida Yoweri Museveni wa Uganda akoresheje Facebook.
Ubwo umucamanza yariho amusomera ibihano uyu munsi ku wa gatanu, madamu Nyanzi yari yanze kuza mu rukiko nk’uko bongo.5 dukesha inkuru ibivuga
Madamu Nyanzi wakurikiraga uyu mwanzuro ku (…)

424 Shares 4 Comments
Umuhungu wa Osama, Hamza Bin Laden yaguye mu gitero cy'indege z'ubutasi za USA (CIA)
Umuhungu wa Osama, Hamza Bin Laden yaguye mu gitero cy’indege z’ubutasi za USA (CIA)

By: Imfurayabo Pierre Romeo
Abakozi b’inzego z’ubutasi b’ubutasi bwa Leta zunze ubumwe z’Amerika bavuga ko Hamza Bin Laden - umuhungu wa Osama Bin Laden washinze umutwe wa al-Qaeda yitabye Imana.
Amakuru dukesha ikinyamakuru cy’abongereza BBC, Avuga ko uyu muhungu wa Bin Laden amakuru arambuye ku rupfu ewe n’igihe yapfiriye bitaratangazwa kugeze ubu gusa inzego z’ubutasi bw’Amerika CIA bwashyize hanze itangazo rivuga ko atakiriho. Ibindi bitangazamakuru nka NBC, CNN na New York Times (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nigeria: Abantu 65 baguye mu gitero Boko Haram yateye ku irimbi aho abantu bari bagiye gushyingura
Nigeria: Abantu 65 baguye mu gitero Boko Haram yateye ku irimbi aho abantu bari bagiye gushyingura

Yanditswe na: Imfurayabo Pierre Romeo
Inkuru dukesha CNN muri Nigeria ivuga ko abantu 65 baguye mu gitero Boko Haram yatewe ku irimbi ahari hateraniye imbaga nyamwinshi yabari bagiye gushyingura mu mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Nigeria
Aba bantu bagera kuri 65 bahitanywe n’ibitero bya Boko Haram, ubwo bari bari gushyingura kuri uyu wa gatandatu mu karere ka Nganzai mu ntara ya Borno nkuko bitangazwa na Muhammed Bulama umwe mu bayobozi b’iki gihugu.
Ku ikubitiro 21 nibo babanje (…)

424 Shares 4 Comments
Amajwi yakuwe mu bubiko yumvikanishije Ronald Reagan wigeze kuba Perezida wa USA yita ‘inkende' abari bahagarariye Africa muri UN
Amajwi yakuwe mu bubiko yumvikanishije Ronald Reagan wigeze kuba Perezida wa USA yita ‘inkende’ abari bahagarariye Africa muri UN

By: Imfurayabo Pierre Romeo
Amajwi yafashwe cyera yatangajwe ubu, yumvikanisha Ronald Reagan wahoze ayobora Leta zunze ubumwe za Amerika yita ’inkende’ abari bahagarariye Afurika mu muryango w’abibumbye (UN).
Yavuze ibi mu 1971 mu kiganiro kuri telephone na Perezida Richard Nixon wari ku butegetsi.
Bwana Reagan, icyo gihe wari guverineri w’intara ya California, yari arakajwe n’uko abahagarariye Afurika muri UN batoye binyuranye n’ubushake bwa Amerika. Abari bahagarariye Tanzania (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ibinyoma bitanu bya Minisitiri w'Intebe mushya w'u Bwongereza
Ibinyoma bitanu bya Minisitiri w’Intebe mushya w’u Bwongereza

Yashyizweho na: Imfurayabo Pierre Romeo
Hashize iminsi mike u Bwongereza bubonye Minisitiri w’Intebe mushya, umuyoboke w’ishyaka cy’aba-Conservateurs (abagendera ku mahame ya kera), Boris Johnson.
Uyu munyapolitiki wabaye umunyamakuru, avugwaho byinshi bitangaje birimo n’ibyo yiyemerera ku giti cye, ku buryo hari n’abadatinya kumugereranya n’umunyarwenya kurusha uko ari umunyapolitiki.
Mu gihe Boris ari mu kazi gakomeye ko gushaka uko igihugu cye cyivana mu Muryango w’Ubumwe (…)

424 Shares 4 Comments
Hatarashira ukwezi Trump ahuye na Kim, N. Korea yarashe misile 2
Hatarashira ukwezi Trump ahuye na Kim, N. Korea yarashe misile 2

Yashyizweho na: Imfurayabo Pierre Romeo
Ubuyobozi bw’Igisirikare cya Korea ya Ruguru buratangaza ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane iki gihugu cyarashe misile ebyiri zombi zaguye mu Nyanja y’Ubuyapani.
Izi Misire zarashwe mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane, iya mbere yarashwe saa 05:34 iya kabiri iraswa 05:57.
Zarasiwe mu gace kitwa Wansan ko mu burasirazuba bwa Korea ya Ruguru. Zombi zagenze ibilometero 690.
Izi misire zirashwe hatarashira ukwezi Perezida Donald Trump wa Leta Zunze (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru