Nyuma yo gushyiraho inzego zihagarariye abandi ku rwego rw’imirenge ya Rugarama na Cyanika muri Burera, Abarwanashyaka ba (Green Party of Rwanda) ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikikije mu Rwanda, ryakomereje ibikorwa byaryo mu mirenge ya Kagogo na kinyababa mu karere Burera aho bibukijwe amahame y’ishyaka n’ibigomba kubaranga.
Perezida w’iri Shyaka Hon. Dr Frank Habineza yongeye kwibutsa abarwanashyaka amavu n’amavuko y’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Umuryango International Crisis Group uvuga ko uhangayikishijwe no kuba mu Burundi hagiye kuba amatora hari ibibazo by’umutekano n’ibyago byo kwiyongera kw’icyorezo cya coronavirus.
Mu kiganiro n’abanyamakuru ejo kuwa gatatu, uyu muryango utegamiye kuri leta uvuga ko uharanira kurwanya ibyateza intambara no kubaka isi ifite amahoro, uvuga ko utewe impungenge n’imyifatire ya leta y’u Burundi kuri ibyo bibazo byombi. Richard Moncrieff ukuriye uyu (…)
By Pierre Romeo Imfurayabo
Alizadeh, w’imyaka 21, yatangaje ku mbuga nkoranyambaga ko adashaka gukomeza kuba "mu buryarya, kubeshya n’akarengane".
Yavuze ko ari "umwe muri miliyoni z’abagore bakandamijwe muri Iran".
Alizadeh ntabwo yatangaje aho aherereye, gusa hari amakuru avuga ko yariho akorera imyitozo mu Buholandi.
Mu 2016 yakoze amateka kuri Iran ubwo yatwaraga umudari wa ’bronze’ muri Taekwondo mu mikino olempike ya Rio muri Brazil. Mu byo yanditse ubu, yavuze ko abategetsi ba (…)
Kizza Besigye utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Yoweri Museveni hamwe n’abayoboke b’Ishyaka riharanira impinduka muri Demokarasi (FDC) bari mu maboko ya polisi nyuma y’ubushyamirane bwamaze amasaha ane ahitwa Kireka.
Ibibazo byatangiye nyuma yuko inzego z’umutekano zihagaritse inama yari yateguwe n’ishyaka rya FDC kuri Stade y’igihugu yitiriwe Mandela i Namboole.
Abapolisi bitwaje intwaro n’abayobozi b’abasirikare babujije abantu kwinjira muri stade ndetse basubizayo buri wese (…)
Muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ishyaka ry’abademokarate ryatangije iperereza ku mugaragaro rigamije kweguza Perezida Donald Trump ku birego byuko yokeje igitutu igihugu cy’amahanga ngo kibangamire uwo bahanganye muri politike.
Ibikorwa byo kweguza bishobora kugeza perezida mu bucamanza, ndetse bigashobora, kera kabaye, gutuma yeguzwa ku butegetsi.
Ikiri gukorwaho iperereza ni ikirego cyuko Bwana Trump yakangishije igihugu cya Ukraine kugihagarikira inkunga mu bya gisirikare niba (…)
Ku itariki nk’iyi z’ukwezi kwa munani mu 1979 nibwo Perezida Teodoro Obiang Nguema yafashe ubutegetsi muri Equatorial Guinea ahiritse nyirarume akanamucira urwo gupfa, imyaka 40 irashize.
Imibare y’umuryango w’abibumbye yo muri uku kwezi ivuga ko abaturage ba Guinea ari miliyoni 1,3.
Imibare yo mu kwezi kwa mbere 2018 ya ’CIA World Fact book’ ivuga ko 72% by’abatuye iki gihugu bari munsi y’imyaka 40. Abo bose bavutse basanga Bwana Nguema ari Perezida.
Icyegeranyo cya African Institute (…)
Urukiko rw’i Kampala rumaze gukatira Stella Nyanzi igihano cy’igifungo cy’amezi 18 ahamwe n’icyaha cyo gutuka Perezida Museveni, yahise akora ibikorwa byo kwiyambika ubusa mu rukiko.
Ejo ku wa kane, Stella Nyanzi yahamijwe icyaha cyo gutuka Perezida Yoweri Museveni wa Uganda akoresheje Facebook.
Ubwo umucamanza yariho amusomera ibihano uyu munsi ku wa gatanu, madamu Nyanzi yari yanze kuza mu rukiko nk’uko bongo.5 dukesha inkuru ibivuga
Madamu Nyanzi wakurikiraga uyu mwanzuro ku (…)
By: Imfurayabo Pierre Romeo
Abakozi b’inzego z’ubutasi b’ubutasi bwa Leta zunze ubumwe z’Amerika bavuga ko Hamza Bin Laden - umuhungu wa Osama Bin Laden washinze umutwe wa al-Qaeda yitabye Imana.
Amakuru dukesha ikinyamakuru cy’abongereza BBC, Avuga ko uyu muhungu wa Bin Laden amakuru arambuye ku rupfu ewe n’igihe yapfiriye bitaratangazwa kugeze ubu gusa inzego z’ubutasi bw’Amerika CIA bwashyize hanze itangazo rivuga ko atakiriho. Ibindi bitangazamakuru nka NBC, CNN na New York Times (…)
Yanditswe na: Imfurayabo Pierre Romeo
Inkuru dukesha CNN muri Nigeria ivuga ko abantu 65 baguye mu gitero Boko Haram yatewe ku irimbi ahari hateraniye imbaga nyamwinshi yabari bagiye gushyingura mu mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Nigeria
Aba bantu bagera kuri 65 bahitanywe n’ibitero bya Boko Haram, ubwo bari bari gushyingura kuri uyu wa gatandatu mu karere ka Nganzai mu ntara ya Borno nkuko bitangazwa na Muhammed Bulama umwe mu bayobozi b’iki gihugu.
Ku ikubitiro 21 nibo babanje (…)
By: Imfurayabo Pierre Romeo
Amajwi yafashwe cyera yatangajwe ubu, yumvikanisha Ronald Reagan wahoze ayobora Leta zunze ubumwe za Amerika yita ’inkende’ abari bahagarariye Afurika mu muryango w’abibumbye (UN).
Yavuze ibi mu 1971 mu kiganiro kuri telephone na Perezida Richard Nixon wari ku butegetsi.
Bwana Reagan, icyo gihe wari guverineri w’intara ya California, yari arakajwe n’uko abahagarariye Afurika muri UN batoye binyuranye n’ubushake bwa Amerika. Abari bahagarariye Tanzania (…)
Yashyizweho na: Imfurayabo Pierre Romeo
Hashize iminsi mike u Bwongereza bubonye Minisitiri w’Intebe mushya, umuyoboke w’ishyaka cy’aba-Conservateurs (abagendera ku mahame ya kera), Boris Johnson.
Uyu munyapolitiki wabaye umunyamakuru, avugwaho byinshi bitangaje birimo n’ibyo yiyemerera ku giti cye, ku buryo hari n’abadatinya kumugereranya n’umunyarwenya kurusha uko ari umunyapolitiki.
Mu gihe Boris ari mu kazi gakomeye ko gushaka uko igihugu cye cyivana mu Muryango w’Ubumwe (…)
57 bishwe n’imitwe yitwaje intwaro mu ntara ya Ituri
19 August 2022Minisitiri muri Congo yasabiye FDLR ibiganiro n’u Rwanda
13 January 2023
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























