Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n'ibiyobyabwenge

Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)

Perezida Trump yajyanywe mu bwihisho nyuma yuko abigaragambya bageze kuri whitehouse
Perezida Trump yajyanywe mu bwihisho nyuma yuko abigaragambya bageze kuri whitehouse

By Imfurayabo Pierre
Kubera urupfu rw’umwirabura George Floyd abantu benshi muri america bakoze imyigaragambyo bituma Perezida Donald Trump ajyanwa mu bwihisho bw’umutamenwa bwa White House ubwo abigaragambya bari bakamejeje imbere y’ibiro bye kuwa gatanu batera amabuye banahanganye na polisi.
Ikinyamakuru Skynews kivuga ko bikekwa ko Trump yamaze isaha muri ubu bwihisho bwagenewe gukoreshwa mu bihe bidasanzwe nko mu gihe cy’ibitero by’iterabwoba.
Imyigaragambyo ivanzemo n’urugomo (…)

424 Shares 4 Comments
Urupfu rw'umwirabura rwateje imyigaragambyo muri America
Urupfu rw’umwirabura rwateje imyigaragambyo muri America

By Imfurayabo Pierre
George Floyd: Urupfu rwe nyuma yo gutsikamirwa n’umupolisi rwatumye abirabura benshi batuye mu mujyi wa Minneapolis muri Amerika bajya guhangana na polisi. Habaye imirwano ikomeye hagati y’abapolisi n’abigaragambya mu mujyi wa Minneapolis muri Amerika nyuma y’urupfu rw’umwirabura wapfiriye aho yari afungiye.
Abapolisi bakoresheje imyuka iryana mu maso mu gihe abigaragambya bayiteraga amabuye ndetse bagerageza kwangiza imodoka za polisi.
bapolisi bane bo muri leta (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burundi: Agathon Rwasa utemera ibyavuye mu matora yaregeye Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga
Burundi: Agathon Rwasa utemera ibyavuye mu matora yaregeye Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga

By Imfurayabo Pierre
Umuyobozi w’Ishyaka ritavuga rumwe n’Ubutegetsi mu Burundi, CNL, Agathon Rwasa, yatanze ikirego mu Rukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga, avuga ko amatora yabayemo uburiganya, burimo no gutorera abapfuye.
Amajwi y’agateganyo y’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu mu Burundi yabaye ku wa 20 Gicurasi 2020 byerekana ko Gen. Evariste Ndayishimiye wa CNDD-FDD yagize 68,72%; agakurikirwa na Agathon Rwasa wa CNL wagize 24,19%.
Mbere yuko amajwi atangazwa, mu kiganiro (…)

424 Shares 4 Comments
RDC: Hadutse imirwano hagati y'ingabo za leta n'Abanyamulenge mu gace ka Minembwe
RDC: Hadutse imirwano hagati y’ingabo za leta n’Abanyamulenge mu gace ka Minembwe

By Imfurayabo Pierre
Ubuyobozi mu gace ka Minembwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bwatangaje ko ingabo za leta zatwitse zimwe mu nzu z’Abanyamulenge nyuma y’imirwano yadutse ku wa Gatandatu n’ubu ikaba ikomeje. Iyi mirwano hagati y’Abanyamulenge n’ingabo za leta yadutse nyuma y’aho ngo umwe mu basirikare ba leta akomerekejwe n’abo mu mutwe witwa ‘Twirwaneho’, ariko Abanyamulenge bo bakabihakana.
Burugumesitiri wa Komine Minembwe, Gadi Mukiza, yabwiye Ijwi rya Amerika ati (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Sudan yafatiriye imitungo ifite agaciro ka miliyari $4 ya Omar al-Bashir n'abantu be ba hafi
Sudan yafatiriye imitungo ifite agaciro ka miliyari $4 ya Omar al-Bashir n’abantu be ba hafi

By Imfurayabo Pierre
Urwego rushinzwe kurwanya ibyaha bya ruswa rwatangaje ko rumaze gufatira imitungo ifite agaciro ka miliyari $4, yahoze ari iya Omar al-Bashir wahoze ari perezida w’icyo gihugu, umuryango we n’abantu be ba hafi.
Uru rwego rukomeje gukurikirana ibyaha bya ruswa runibanda kuri Bashir wayoboye icyo gihugu kuva mu 1989 nyuma yo guhirika ubutegetsi yifashishije igisirikare, nawe abukurwaho n’imyigaragambyo y’abaturage muri Mata 2019.
Umuvugizi w’iyi komisiyo, Salah (…)

424 Shares 4 Comments
Burundi: Abaturage barasabwa gutegereza bihanganye ibizava mu matora
Burundi: Abaturage barasabwa gutegereza bihanganye ibizava mu matora

By Imfurayabo Pierre Romeo
Nyuma y’amatora y’umukuru w’igihugu yabaye kuwa gatatu tari 20, mu gihe amajwi ari ku barwa uhagarariye ibiro bishinzwe amatora mu burndi arasaba abaturage gutegereza bbatuje ibizava mu matora ndetse agasaba nababara amajwi kubikorana ubushishozi ngo bitazateza impagarara.
Inkuru dukesha ikinyamakuru BBC Gahuza ivuga ko Pierre-Claver Kazihise uyoboye ikigo gishnzwe kubarura amajwi mu Burundi yabwiye itangazamakuru ko ikiri gukorwa ubu ari ukwegeranya amajwi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burundi: Uyu munsi bazindukiye mu matora y'Umukuru w'igihugu
Burundi: Uyu munsi bazindukiye mu matora y’Umukuru w’igihugu

By Imfurayabo Pierre
Abarundi kuri uyu wa Gatatu bitabiriye amatora y’Umukuru w’igihugu. Ni amatora abaye nyuma y’imyaka 15 Pierre Nkurunziza ayobora kiriya gihugu. Aya matora abaye mu gihe kiriya gihugu kirimo abarwayi ba covid-19 bityo hakaba hari impungenge z’uko bakwanduzanya mu gihe cyo gutora nyirizina.
Mu Cyumweru gishize ubutegetsi bw’i Bujumbura bwirukanye mu gihugu abakozi bane b’ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku buzima, WHO, nyuma y’uko banenze icyemezo cyo gutegura (…)

424 Shares 4 Comments
Ambasaderi w'Ubushinwa muri Israel yasanzwe mu rugo yapfuye
Ambasaderi w’Ubushinwa muri Israel yasanzwe mu rugo yapfuye

By Imfurayabo Pierre
Umutegetsi wo muri Israel yabwiye BBC ko Du Wei, ambasaderi w’Ubushinwa muri Israel, yapfiriye mu nzu yari acumbitsemo mu nkengero z’umujyi wa Tel Aviv.
Uwo mutegetsi yavuze ko polisi yatangiye iperereza, ariko ko ibigaragara by’ibanze byerekana ko nta kintu kindi cyihishe inyuma y’urupfu rwe.
Bwana Du wari ufite imyaka 57 y’amavuko, yasanzwe mu gitanda yapfuye ndetse icyateye urupfu rwe ntikiratangazwa.
Mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka nibwo yari yoherejwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Zimbabwe: Bakubiswe bajugunywa ku nzira nyuma yo gukora imyigaragambyo
Zimbabwe: Bakubiswe bajugunywa ku nzira nyuma yo gukora imyigaragambyo

By imfurayabo Pierre Romeo
Umudepite wo mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Zimbabwe wari washimuswe we na bagenzi babiri nyuma y’imyigaragambyo i Harare, babasanze bajugunywe ku nzira bakubiswe bikomeye nk’uko iri shyaka ribivuga.
Inkuru dukesha BBC ivuga ko Ishyaka Movement for Democratic Change (MDC) ryari ryatangaje ejo kuwa kane ko umwe mu barihagarariye mu nteko Joanna Mamombe n’abakuriye urubyiruko rw’iri shyaka Cecilia Chimbiri na Netsai Marov bafashwe kuwa gatatu bari (…)

424 Shares 4 Comments
Burundi: Amatora2020 azaba ashobora kuzongera ibyago byo kwiyongera kw'icyorezo cya koronavirusi “ICG”
Burundi: Amatora2020 azaba ashobora kuzongera ibyago byo kwiyongera kw’icyorezo cya koronavirusi “ICG”

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Umuryango International Crisis Group uvuga ko uhangayikishijwe no kuba mu Burundi hagiye kuba amatora hari ibibazo by’umutekano n’ibyago byo kwiyongera kw’icyorezo cya coronavirus.
Mu kiganiro n’abanyamakuru ejo kuwa gatatu, uyu muryango utegamiye kuri leta uvuga ko uharanira kurwanya ibyateza intambara no kubaka isi ifite amahoro, uvuga ko utewe impungenge n’imyifatire ya leta y’u Burundi kuri ibyo bibazo byombi. Richard Moncrieff ukuriye uyu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru