Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Ishyaka ryacu rishyize imbere imibereho myiza y'Abaturage, Senateri Dr Frank Habineza

Nyuma yo gushyiraho inzego zihagarariye abandi ku rwego rw’imirenge ya Rugarama na Cyanika muri Burera, Abarwanashyaka ba (Green Party of Rwanda) ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikikije mu Rwanda, ryakomereje ibikorwa byaryo mu mirenge ya Kagogo na kinyababa mu karere Burera aho bibukijwe amahame y’ishyaka n’ibigomba kubaranga.
Perezida w’iri Shyaka Hon. Dr Frank Habineza yongeye kwibutsa abarwanashyaka amavu n’amavuko y’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera (…)

LETA YA ISIRAHELI BWA MBERE YAFUNGUYE AMBASADE MU RWANDA
LETA YA ISIRAHELI BWA MBERE YAFUNGUYE AMBASADE MU RWANDA

By Imfurayabo Pierre Romeo L eta ya Isiraheli na Leta y’U Rwanda byatangiye umubano guhera mu mwaka wa 1962 ariko U Rwanda kimwe n’ibindi bihugu bya Afrika ntibyabashije gukomeza uwo mubano na Leta ya Israel mu gihe cy’intambara ya Yom Kippur mu 1973. Leta ya Isiraheli ( Israel) ikaba yafunguye amabasade mu Rwanda mu rwego rwo kongera gukomeza umubano mwiza n’ibihugu bya Afurika.
“Nzi neza ko gufungura amabasade mu Rwanda bizadufasha kuzamura imikaranire myiza n’umugabane wa Afurika (…)

424 Shares 4 Comments
JUAN GUAIDÓ UTAVUGA RUMWE N'UBUTEGETSI MURI VENEZUELA ARIFUZA GUSHYIGIKIRWA N'IGISIRIKARE CYA LETA
JUAN GUAIDÓ UTAVUGA RUMWE N’UBUTEGETSI MURI VENEZUELA ARIFUZA GUSHYIGIKIRWA N’IGISIRIKARE CYA LETA

By Imfurayabo Pierre Romeo Umukuru w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’igihugu cya Venezuela, Juan Guaidó, aremera ko ubutegetsi bushobora guhinduka mu gihe gusa igisirikare cyakwemera kumushyigikira
Mu kwezi kwa mbere uyu mwaka wa 2019, Bwana Guaidó yaritangaje ko ari we mukuru w’igihugu wemewe, ashyigikirwa n’igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Avuga ko ashyigikiwe n’abanyavenezuela "hafi 90 kw’ijana".
Inkuru dukesha BBC ivuga ko ejo ku cyumweru, abategetsi ba Venezuela batangaje (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
IBINTU 20 BYAVUZWE NA DONALD TRUMP BISHEGESHE AMAHANGA BY'UMWIHARIKO AFURIKA
IBINTU 20 BYAVUZWE NA DONALD TRUMP BISHEGESHE AMAHANGA BY’UMWIHARIKO AFURIKA

By imfurayabo Pierre Iyo uvuze Donald Trump hari abamwitiranya n’umuntu w’umugome , umutukanyi , mbese udatinya kuvuga ikintu na kimwe muri we. Mu kwiyamamaza habamo kwivuga ibigwi no kugaragaza ibyo uzageza ku bantu ariko umukandida w’umu- Républicain muri Amerika, Donald Trump we yakunze kugaragara mu bikorwa binenga, bisebya ndetse byibasira abakandida, ba perezida bayoboye Amerika, avuga ko bataye iki gihugu mu rwobo we akazagicungura.
1.Gufunga Museveni na Robert Mugabe
2.Gutuka (…)

424 Shares 4 Comments
TWE ABAYOBOZI NTITUZAHORAHO, ARIKO IBIHUGU BYACU BIZATURANA ITEKA –TSHISEKEDI
TWE ABAYOBOZI NTITUZAHORAHO, ARIKO IBIHUGU BYACU BIZATURANA ITEKA –TSHISEKEDI

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Perezida Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yavugiye i Kigali mu Rwanda ijambo rikomeye akebura abakuru b’ibihugu by’umwihariko n’abandi bayobozi muri rusange, ko bagomba kwirinda ibyatuma ibihugu byabo bitabana neza, kuko bazabisiga nyamara byo bigakomeza guturana iteka.
Ibi Perezida Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo yabivuze mu nama mpuzamahanga yiswe CEOs Forum, mu kiganiro yayoboranye na Mugenzi we Perezida Paul Kagame w’u Rwanda. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
BURUNDI: ABACAMANZA BAVUZE KO ABANA BASIBANGANIJE IFOTO YA PREZIDA NKURUNZIZA BAZABIHANIRWA
BURUNDI: ABACAMANZA BAVUZE KO ABANA BASIBANGANIJE IFOTO YA PREZIDA NKURUNZIZA BAZABIHANIRWA

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Urubyiruko rw’abakobwa batatu batawe muri yombi mu gihe bategereje urubanza ku cyaha cyo gusiba ifoto y’umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Pierre Nkurunziza umucamanza yatangaje ko byanga byakunda bazabihanirwa.
Iyo foto abo bana bashinjwa gusibanganya ni ifoto yari ishushanyije mu bitabo basanzwe bakoresha kw’ishuri.
Abacamanza bavuze ko abo bakobwa bategereje guhanirwa icyo cyaha hisunzwe amategeko ahana kuvogera ubudahangarwa bw’umukuru w’igihugu. (…)

424 Shares 4 Comments
PEREZIDA W'U BUFARANSA YATUMIWE I KIGALI MU MUHANGO WO KWIBUKA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI
PEREZIDA W’U BUFARANSA YATUMIWE I KIGALI MU MUHANGO WO KWIBUKA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yatumiwe mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi, tariki ya 7 Mata 2019, i Kigali. Kugeza ubu ngo u Bufaransa bukaba butaratanga igisubizo kuri ubu butumire bw’u Rwanda.
Ikinyamakuru JeuneAfrique dukesha iyi nkuru, gitangaza ko ubu butumire ari ikimenyetso cyiza kigaragaza ugukomeza kuzura umubano w’u Rwanda n’u Bufaransa wari umaze imyaka myinshi urimo agatotsi, utangiye gusubira kuba mwiza nyuma y’aho Emmanuel Macron (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
BURUNDI: UTAVUGA RUMWE NA LETA AGATHON RWASA ARANENGA LETA YABABUJIJE GUTANGIZA IBIKORWA BY'ISHYAKA RYE KU MUGARAGARO
BURUNDI: UTAVUGA RUMWE NA LETA AGATHON RWASA ARANENGA LETA YABABUJIJE GUTANGIZA IBIKORWA BY’ISHYAKA RYE KU MUGARAGARO

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Umukuru w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi mu Burundi Agathon Rwasa, aranegura abategetsi b’iki gihugu ku ngingo yo kubuza ibikorwa by’ishyaka rye rishya mu murwa mukuru Bujumbura
Avuga ko ibyo byerekana ko hariho bamwe mu bari ku butegetsi bakirimwo agatima bari bafite mu gihe cy’intambara.
Ishyaka rishya Congrès National de Liberté, CNL, riyobowe na Bwana Rwasa wari wateguye ibikorwa byo gufungura ingoro y’ishyaka i Bujumbura.
Mwibaruwa yandikiye (…)

424 Shares 4 Comments
KONGO: IMFUNGWA ZA POLITIKI ZIGIYE KUREKURWA
KONGO: IMFUNGWA ZA POLITIKI ZIGIYE KUREKURWA

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Félix Tshisekedi, Perezida mushya wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, yavuze ko ashaka gufungura imfungwa zose za politiki mu minsi 10 iri imbere.
Mu ijambo yashyikirije ku wa gatandatu, Bwana Tshisekedi yavuze ko asaba minisitiri w’ubucamanza gufungura abo bose bafungiwe ibitekerezo byabo bya politiki. Bwana Tshisekedi yageze ku butegetsi mu kwezi kwa mbere k’uyu mwaka wa 2019, asimbuye Joseph Kabila wari ubumazeho imyaka 18.
Ariko ibyavuye mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
PEREZIDA MUSEVENI YISHIMIYE INTSINZI YA MUGENZI WE, UMUSAZA BUHARI W'IMYAKA 76
PEREZIDA MUSEVENI YISHIMIYE INTSINZI YA MUGENZI WE, UMUSAZA BUHARI W’IMYAKA 76

Perezida wa Uganda, Joweli Kaguta Museveni , umusaza w’imyaka 74 y’amavuko, yashimiye mugenzi we Muhammadu Buhari wongeye gutorerwa kuyobora igihugu cya Nigeria, ku myaka ye 76.
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Gashyantare 2019, nibwo Komisiyo ishinzwe amatora muri Nigeria yatangaje ko Perezida Muhammadu Buhari wari usanzwe ari Perezida wa Nigeria yongeye gutsinda amatora. Yarushije uwo bari bahanganye, Atiku Abubakar amajwi asaga miliyoni enye.
Mu kwishimira Intsinzi ya Buhari, Perezida (…)

424 Shares 4 Comments
VIETNAM:INAMA YA TRUMP NA KIM JONG-UN IRANGIYE NTA MASEZERANO ASHYIZWEHO UMUKONO
VIETNAM:INAMA YA TRUMP NA KIM JONG-UN IRANGIYE NTA MASEZERANO ASHYIZWEHO UMUKONO

Yanditswe na Romeo Imfurayabo Pierre
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika avuga ko inama yamuhuzaga na Kim Jong-un, umutegetsi mukuru wa Koreya ya ruguru, imaze kurangira nta masezerano ashyizweho umukono nyuma yaho Amerika yanze ibyo Koreya ya ruguru yasabaga byo gukurirwaho ibihano.
Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye i Hanoi mu murwa mukuru wa Vietnam, Bwana Trump yagize ati: "Byatewe n’ibihano. Bashakaga ko ibihano byose bikurwaho kandi ibyo ntitwashoboraga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru