Nyuma yo gushyiraho inzego zihagarariye abandi ku rwego rw’imirenge ya Rugarama na Cyanika muri Burera, Abarwanashyaka ba (Green Party of Rwanda) ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikikije mu Rwanda, ryakomereje ibikorwa byaryo mu mirenge ya Kagogo na kinyababa mu karere Burera aho bibukijwe amahame y’ishyaka n’ibigomba kubaranga.
Perezida w’iri Shyaka Hon. Dr Frank Habineza yongeye kwibutsa abarwanashyaka amavu n’amavuko y’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera (…)
Polisi ya Kenya ivuga ko yatahuye itsinda ry’abagabo barindwi bivugwa ko biganye Perezida Uhuru Kenyatta w’iki gihugu ndetse na bamwe mu bategetsi bakuru, bakambura akayabo k’amafaranga mu buriganya umunyemari ukomeye Naushad Merali.
Ibitangazamakuru byo muri Kenya bisubiramo amagambo ya polisi ivuga ko umwe muri abo bagabo yahamagaye kuri telefone Bwana Merali, umukuru wa sosiyete Sameer Africa ikora ibintu bitandukanye nk’amapine y’ibinyabiziga, yigana ijwi rya Bwana Kenyatta akamusaba (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Ishyaka riri ku butegetsi mu gihugu cya Uganda ryatanze Yoweri Museveni nk’umukandida w’umukuru w’igihugu mu matora ategekanijwe mu 2021. Museveni w’imyaka 74 yaje ku butegetsi mu 1986, azaba agiye kuyobora igihugu cya Uganda kuri manda ya gatandatu.
Mu nama yari iyobowe na Bwana Museveni kuri uno wa gatatu, ishyaka "National Resistance Movement" (NRM) ryumvikanye ariwe ukwiye "gukomeza kuyobora Uganda no muri 2021 na nyuma yaho, kugirango afashe (…)
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Gashyantare 2019, cyabereye ku kicaro gikuru cya RSSB , umuyobozi mukuru wa RSSB Richard Tusabe , yavuze ko bishimira umusaruro wabonetse mu gihembwe gishize ku bijyanye na serivise batanga ndetse ko ubu hari kunozwa ikoranabuhanga rizabafasha kunoza serivise .
Mu kiganiro cyari gifite intego yo gugaragaza ibyakozwe mu gihembwe cy’ameze atandatu ashize, umuyobozi wa RSSB yabwiye abanyamakuru ko hari ibyo bishimira (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Mu gihe umukuru w’igihugu cya Nigeria Muhammadu Buhari ari gushaka uburyo yakongera wiyamamariza indi manda, ategerezwa kwibagira icatumye atorwa mu myaka ine iheze - kwibagira akahise.
Muri icyo gihe, yari ahagarariye ikiswe "umukubuzo mushyashya", ikimenyetso cy’ishyaka rye ariko ntiyari bwigere atorwa nubwo yari abigerageje inshuro zigera kuri 3. Uyu mugabo akaba yari azwi nk’inyangamugaye utararyaga ruswa ndetse no kuba yari afite ijambo mu (…)
382
Ishyirahamwe ry’iterambere ry’ibihugu byo mu majyepfo y’Afrika (SADC) ryasabye ko hasubira kubarwa amajwi muri Republika ya Demokrasi ya Kongo mu guhosha imishyamirane ituruka ku byavuye mu matora ya prezida.
Iryo shyirahamwe ryo mu karere ririmwo n’igihugu cya Republika ya Demokrasi ya Kongo ryahamagariye abategetsi b’icyo gihugu gushyiraho leta ihuriyemo abakandida baturuka mu mashyakaatandukanye nyuma y’aho hamaganwe ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu.
SADC ivuga ko ishyigikiye ko (…)
Abarwaniye ubwigenge bwa Zimbabwe barasaba ko ikibuga cy’indege mpuzamahanga cy’ingenzi cya Zimbabwe kiri mu murwa mukuru Harare gisiba izina rikigaragaraho rya Robert Mugabe, wategetse iki gihugu mu gihe cy’imyaka 37 agakurwa ku butegetsi mu mwaka ushize wa 2017.
Mu mwaka ushize nibwo iki kibuga cy’indege cyahinduye izina ryacyo rya Harare International Airport, gihabwa izina rishya rya Robert Gabriel Mugabe International Airport habura ibyumweru bicye ngo Bwana Mugabe yegure ku mwanya wa (…)
Mu biganiro byahuje Police n’itangazamakuru, bigamije kunoza imikoranire hagati y’izi nzego zombi, umuyobozi mukurui wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza yashimangiye ko hari abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda, akaba asanga baba baraye babirose bakifuza gukabya inzozi zidashoboka.
Uyu muyobozi wa polisi yabanje gushimangira ko umutekano w’Igihugu muri Rusange wifashe neza kandi ngo bikeshwa imikoranire myiza hagati yayo, inzego zitandukanye z’ubuyobozi bw’Igihugu, abaturage (…)
Diane Rwigara n’Umubyeyi we Mukangemanyi Adeline, kuri uyu wa Gatatu biteganyijwe ko bitaba Urukiko Rukuru ngo bakomeze kuburana ku byaha bakekwaho birimo gukoresha impapuro mpimbano no kugambirira guteza imvururu. Ni bwo bwa mbere bazaba bagejejwe imbere y’urukiko batambaye imyenda y’imfungwa, nyuma y’umwanzuro wo kubarekura by’agateganyo wafashwe n’Urukiko Rukuru ku wa 5 Ukwakira.
Diane Rwigara ashinjwa gukora no gukoresha inyandiko mpimbano ubwo yashakaga kwiyamamariza kuyobora igihugu, (…)
Ubwo yarahizaga Guverinoma nshya, Perezida Kagame yatangaje ko “Twese dufite ubushobozi n’impano ariko ntabwo umuntu wenyine yatugeza kure ku musaruro dushaka no ku ntego z’igihugu cyacu.”
Mu mpanuro ze ku wa 19 Ukwakira 2018, Kagame yagaragaje ko imbaraga z’abayobozi mu guhuza ibikorwa, bikwiye kuba ishingiro ry’ibyifuzo byinshi by’Abanyarwanda.
Mu baminisitiri 19 bagize Guverinoma n’Abanyamabanga ba Leta barindwi, harimo bane bayinjiyemo bwa mbere na babiri bayigarutsemo.
Dr Sezibera (…)
TPLF n’ingabo za leta ya Ethiopia bemeye gutanga agahenge
3 November 2022Ethiopia irashinjywa kwica bunyamanswa abanya-Tigray 88
7 December 2022
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.















![Kenya: [Video] Polisi yaryamiye amajanja mu gukumira imyigaragambyo kuri Perezida Ruto](IMG/logo/screenshot_2023-03-20_095942.jpg?1679299231)








