Nyuma yo gushyiraho inzego zihagarariye abandi ku rwego rw’imirenge ya Rugarama na Cyanika muri Burera, Abarwanashyaka ba (Green Party of Rwanda) ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikikije mu Rwanda, ryakomereje ibikorwa byaryo mu mirenge ya Kagogo na kinyababa mu karere Burera aho bibukijwe amahame y’ishyaka n’ibigomba kubaranga.
Perezida w’iri Shyaka Hon. Dr Frank Habineza yongeye kwibutsa abarwanashyaka amavu n’amavuko y’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera (…)
Yashyizweho na: Imfurayabo Pierre Romeo
Ubuyobozi bw’Igisirikare cya Korea ya Ruguru buratangaza ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane iki gihugu cyarashe misile ebyiri zombi zaguye mu Nyanja y’Ubuyapani.
Izi Misire zarashwe mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane, iya mbere yarashwe saa 05:34 iya kabiri iraswa 05:57.
Zarasiwe mu gace kitwa Wansan ko mu burasirazuba bwa Korea ya Ruguru. Zombi zagenze ibilometero 690.
Izi misire zirashwe hatarashira ukwezi Perezida Donald Trump wa Leta Zunze (…)
Yashyizweho na Imfurayabo Pierre Romeo
Boris Johnson yatowe n’abarwanashyaka b’ishyaka rya Conservative ahita aba na Ministiri w’intebe w’Ubwongereza.
Yatsinze Jeremy Hunt ku majwi 92.153 ku 46.656 ya Bwana Hunt.
Bwana Boris wahoze ari umuyobozi w’umujyi wa London, azasimbura Theresa May ku mwanya wa minisitiri w’intebe ku wa Gatatu.
Abarwanashyaka bagera ku bihumbi ijana na mirongo itandatu (160.000) bari bemerewe gutora ku bwitabire bwo ku kigero cya 87,4%.
Ingano y’amajwi ya (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Koreya y’epfo yarashe amasasu y’urufaya kundege y’igihugu cy’uburusiya yarimaze kuvogera ikirere cyabo ubugira kabiri.
Koreya y’Epfo yatanagje ko hakoreshejwe amasasu y’urufaya agera mu magana yaraswaga n’imbunda nini izwi ku zina rya machine gun mu cyongereza. Igigu cy’uburusiya gisa naho cyanekaga Koreye y’Epfo ariko gikoresheje indge y’ubushinwa gusa Uburusiya bwahakanye ibyatangajwe.
Nyuma y’ibyabaye, byanatumye igihugu cy’Ubuyapani nabwo (…)
By IMFURAYABO Pierre Romeo
Jacob Zuma wahoze ari Perezida w’Afurika y’Epfo yabwiye abagize akanama kayobowe n’umucamanza gakora iperereza ku birego bya ruswa ashinjwa kuko ari "umugambi yacuriwe" kumukura mu ruhando rwa politiki.
Yabivuze ubwo uyu munsi yitabaga ako kanama ku nshuro ya mbere.
Aka kanama kari gukora iperereza ku birego byuko Bwana Zuma yaba yari akuriye agatsiko kamunzwe na ruswa mu gihe cy’imyaka icyenda yamaze ku butegetsi.
Abamushyigikiye baranguruye amajwi, byo (…)
Perezida Donald Trump yanenze cyane uhagarariye Ubwongereza muri Amerika, nyuma y’uko hari ’e-mails’ ze zisohotse zikagera ku kinyamakuru DailyMail ejo hashize ku cyumweru.
Ubutumwa bwe bwavugaga ko White House ’ntacyo ishoboye’ ndetse ’muri rusange idakora’. Kuri ibi, Bwana Trump yavuze ko ambasaderi Kim Darroch ’atakoreye neza igihugu cye’.
Ububanyi n’amahanga bw’Ubwongereza buvuga ko buri gukora iperereza kuri izi ’emails’.
Ni ubutumwa bwo mu gihe cy’imyaka ibiri uhereye mu 2017 (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yaburiye Irani bikomeye, avuga ko Irani yahita isenyuka ibihugu byombi biramutse birwanye.
Mu butumwa yatangaje ku munsi w’ejo ku cyumweru ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter, Bwana Trump yagize ati: "Niba Irani ishaka kurwana, ibyo bivuze kurangira kwayo".
Yongeyeho ati: "Ntuzahirahire na rimwe ushyamirana n’Amerika ukundi!" Mu minsi ya vuba ishize, Amerika yohereje ubundi bwato n’indege by’intambara mu (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo Igisirikare cya Uganda cyateganyije miliyari 1900 z’ amashilingi yo kugura igikoresho cya gisirikare kitatangajwe izina, bituma ingengo y’ imari y’ igisirikare yiyongera cyane. Iki gikoresho kizatwara 6% by’ ingengo y’ imari y’ igihugu ya 2019/2020 inganga na miliyari 34 300 z’ amashilingi.
Ikinyamakuru cya Leta ya Uganda, Chimpreports cyatangaje ko kuba icyo gikoresho cya igisirikare kizagura miliyari 1900, bitazakuraho andi miliyari 225 asanzwe agenewe kugura (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo Abdelkader Bensalah, umutegetsi w’inzibacyuho wa Algeria, yatangaje ko amatora ya perezida azaba ku itariki ya kane y’ukwezi kwa karindwi uyu mwaka. Bwana Bensalah atangaje ibyo nyuma yaho imyigaragambyo itumye Abdelaziz Bouteflika w’imyaka 82 y’amavuko yegura ku butegetsi mu cyumweru gishize, ubutegetsi yari amazeho imyaka 20.
Ku munsi Wo ku wa gatatu, imyigaragambyo nabwo yarakomeje, ndetse byitezwe ko haba n’iyindi. Igenwa rya Bwana Bensalah w’imyaka 77 (…)
By imfurayabo Pierre Romeo Mu gitondo cyo ku munsi wejo kuwa Kane ni bwo amakuru yamenyekanye ko Omar Al-Bashir yaba yakuwe ku butegetsi n’igisirikare cy’iki gihugu nyuma y’igitutu gikomeye yari amaze iminsi yotswa n’abaturage be.
Igisirikare kikaba cyari cyatangarije abaturage ko hari itangazo rikomeye kiri bushyire ahagaragara mu masaha make ari imbere gusa abaturage bamaze amasaha arenga 4 baritegereje.
Ni nako kandi abigaragambyaga bakomeje kwihereza imihanda bagaragaza ko bishimiye (…)
By imfurayabo pierre
Amakuru amaze kujya ahagaragara aravuga ko igisirikare cya Sudan gishobora kweguza Perezida Omar Al Bashir, nyuma kigatangaza iyeguzwa rye mu masaha make ari imbere.
Amakuru akomeza avuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, imodoka zirenga 50 za gisirikare zagose ingoro y’umukuru w’igihugu iherereye i Khartoum mu murwa mukuru.
Igisirikare cya Sudan cyatangaje ko hari itangazo ryihariye kiza gushyira ahagaragara uyu munsi, ari na byo bikomeje gutuma abenshi (…)
57 bishwe n’imitwe yitwaje intwaro mu ntara ya Ituri
19 August 2022Minisitiri muri Congo yasabiye FDLR ibiganiro n’u Rwanda
13 January 2023
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























