Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Ishyaka ryacu rishyize imbere imibereho myiza y'Abaturage, Senateri Dr Frank Habineza

Nyuma yo gushyiraho inzego zihagarariye abandi ku rwego rw’imirenge ya Rugarama na Cyanika muri Burera, Abarwanashyaka ba (Green Party of Rwanda) ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikikije mu Rwanda, ryakomereje ibikorwa byaryo mu mirenge ya Kagogo na kinyababa mu karere Burera aho bibukijwe amahame y’ishyaka n’ibigomba kubaranga.
Perezida w’iri Shyaka Hon. Dr Frank Habineza yongeye kwibutsa abarwanashyaka amavu n’amavuko y’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera (…)

Imyaka 20 igiye gushira Amerika iri mu ntambara imaze kugwamo abarenga ibihumbi 800
Imyaka 20 igiye gushira Amerika iri mu ntambara imaze kugwamo abarenga ibihumbi 800

MUTUNGIREHE Samuel
Uyu munsi tariki ya 7 Ukwakira 2020, mu mateka y’igihugu cya Leta zunze ubumwe z’Amerika, USA, baribuka urugamba rw’intambara igihugu cyatangije yo kurwanya iterabwoba na n’ubu itarahagarara ikaba imaze kugwamo no gukomerekeramo abarenga ibihumbi 800 hirya no hino ku isi utabariyemo abo imaze kugira impunzi.
Tariki ya 11 Nzeri mu 2001 ni bwo ibyihebe byo mu mutwe w’iterabwoba wa Al-Qaida biyobowe na Osama Bin Laden byagabye ibitero bitazibagirana kuri Leta Zune Ubumwe (…)

424 Shares 4 Comments
Malawi: Amatora y'amateka, ejo bazasubiramo amatora ya perezida
Malawi: Amatora y’amateka, ejo bazasubiramo amatora ya perezida

By Imfurayabo Pierre
Ejo kuwa kabiri abaturage ba Malawi barasubira mu matora ya perezida wa repubulika amezi atanu nyuma y’uko urukiko rw’itegekonshinga rutesheje agaciro ibyavuye mu matora y’umwaka ushize.
Perezida Peter Mutharika niwe wari watangajwe ko yatsinze amatora yo mu kwezi kwa gatanu 2019 ku ntsinzi ntoya n’amajwi 38,5%.
Uruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi rwaregeye urukiko ko aya matora yabayemo byinshi bitagenze neza.
Abacamanza bemeranyije n’uru ruhande batesha (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Inyeshyamba za ADF zishe abaturage 19 mu Burasirazuba bwa Congo
Inyeshyamba za ADF zishe abaturage 19 mu Burasirazuba bwa Congo

By Imfurayabo Pierre
Inyeshyamba za ADF Nalu zirashinjwa kwica abaturage 19 mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Ubuyobozi bwo muri ako gace kuri iki Cyumweru bwatangaje ko imirambo y’abo baturage bayisanze mu gace kari hafi y’umupaka ugabanya RDC n’u Rwanda.
Inyeshyamba za ADF zimaze iminsi zishinjwa kwica abaturage 500, zihimura ku bitero zimaze iminsi zigabwaho n’igisirikare cya Congo mu mashyamba yo muri Beni aho zari zifite (…)

424 Shares 4 Comments
Ibiro bya Perezida w'ubufaransa byavuze kubijyanye n'iyegura rya Emmanuel Macron
Ibiro bya Perezida w’ubufaransa byavuze kubijyanye n’iyegura rya Emmanuel Macron

By Imfurayabo Pierre
Ibiro bya Perezida w’u Bufaransa (Elysée) byavuze ku makuru ari kunyuzwa mu bitangazamakuru bitandukanye avuga ko Perezida Emmanuel Macron afite gahunda yo kwegura ku butegetsi no gutegura amatora.
Inkuru y’iyegura rya Macron yatangajwe bwa mbere na Le Figaro ku wa Kane w’iki cyumweru; iki kinyamakuru cyanditse ko uyu Mukuru w’Igihugu mu byumweru bibiri yasangije abaterankunga be baba mu Bwongereza ko atekereza kwegura mu kiganiro bagiranye hifashishijwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umukuru wa polisi muri Atlanta yeguye nyuma yurupfu rwundi mwirabura wishwe arashwe.
Umukuru wa polisi muri Atlanta yeguye nyuma yurupfu rwundi mwirabura wishwe arashwe.

By Imfurayabo Pierre
Umukuru wa polisi yo mu mujyi wa Atlanta ho muri leta ya Georgia muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yeguye ku mirimo ye nyuma yaho Umunyamerika ukomoka muri Afurika warashwe bikamuviramo urupfu.
Rayshard Brooks Yari yasinziririye mu modoka ye imbere ya ‘restaurant’ mu mujyi wa atlanta aho abakiliya bahabwa ibyo bifuza batarinze gusohoka mu modoka.
Abategetsi bavuga ko Rayshard Brooks wari ufite imyaka 27 y’amavuko, yarashwe n’umupolisi mu bushyamirane bwabaye ku wa (…)

424 Shares 4 Comments
Burundi: Urukiko rushinzwe kurinda itegeko nshinga rwemejeko Perezida mushya agiye kurahira.
Burundi: Urukiko rushinzwe kurinda itegeko nshinga rwemejeko Perezida mushya agiye kurahira.

By Imfurayabo Pierre
Urukiko rushinzwe kurinda itegeko nshinga mu Burundi, kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Kamena 2020, rwememeje ko Evariste Ndayishimiye arahira vuba, agasimbura Pierre Nkurunziza uherutse kwitaba Imana.
Urwo rukiko rwasanze nta nzibacyuho igomba kubaho mu Burundi, ahubwo rwemeza ko Général-Major Evariste Ndayishimiye uherutse gutorerwa kuyobora u Burundi arahira vuba agasimbura Pierre Nkurunziza.
Evariste Ndayishimiye yatorewe kuyobora u Burundi mu matora yabaye tariki (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Boris Johnson yavuze ko u Bwongereza butavangura abantu ku ruhu
Boris Johnson yavuze ko u Bwongereza butavangura abantu ku ruhu

By Imfurayabo Pierre
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, avuga ko adatekereza ko u Bwongereza bwaba ari igihugu kivangura abantu gishingiye ku ruhu, gusa avuga ko hari ibigikeneye gukorwa mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’ubusumbane.
Umuvugizi w’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe yagize ati “Minisitiri w’Intebe ntashidikanya ko hazakomeza kubaho ivangura n’ubusumbane, ariko ntiyemera ko iki gihugu kivangura abantu gishingiye ku ruhu.
Hari intambwe ikomeye twateye kuri iki (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Paul Kagame yoherereje ubutumwa bwo kwihanganisha igihugu cy' uburundi kubera urupfu rwa perezida Pierre Nkurunziza
Perezida Paul Kagame yoherereje ubutumwa bwo kwihanganisha igihugu cy’ uburundi kubera urupfu rwa perezida Pierre Nkurunziza

By Imfurayabo Pierre
Ejo hashize kw’italiki ya 9 kamena 2020 nibwo leta yu burundi yatangaje urupfu rwa perezida Pierre Nkurunziza wari umaze imyaka 15 ayobora iki gihugu. Nyakubahwa Paul kagame perezida w’urwanda yabaye umwe muba perezida bohereje ubutumwa bwo kwihanganisha umuryango wa Perezida pierre Nkurunziza ndetse n’igihugu cy’uburundi muri rusange.
Abinyujije kuri twitter perezida Kagame yagize ati “Mw’izina rya Guverinoma n’izina ryanjye bwite nohereje ubutumwa bw’akababaro kuri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Colin Powell yanenze uburyo Donald Trump ari kwica itegekonshinga
Colin Powell yanenze uburyo Donald Trump ari kwica itegekonshinga

By Imfurayabo Pierre
Colin Powell wahoze ari umunyamabanga wa leta y’Amerika yanenze bikomeye uburyo Perezida Donald Trump yitwaye ku bijyanye n’imyigaragambyo yo kwamagana irondabwoko, avuga ko yarenze ku itegekonshinga.
Uyu wo mu ishyaka rimwe na Perezida Trump ry’abarepubulikani, wahoze ari na we musirikare wo ku rwego rwo hejuru cyane muri Amerika, ni we wa vuba aha unenze uburyo Trump ari kwitwara, harimo no gukangisha ko ingabo zagabwa ngo zisoze imyigaragambyo.
Yavuze ko mu (…)

424 Shares 4 Comments
Ikigo cy'ubushinwa kiraregwa n'Amerika gukora udupfukamunwa tutujuje ubuziranenge
Ikigo cy’ubushinwa kiraregwa n’Amerika gukora udupfukamunwa tutujuje ubuziranenge

By Imfurayabo Pierre
Minisiteri y’Ubutabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yajyanye mu nkiko ikigo cy’u Bushinwa aho gishinjwa kubagurisha udupfukamunwa hafi ibihumbi 500 tujujuje ubuziranenge.
Amerika ivuga ko utu dupfukamunwa twagurishijwe abacuruzi muri Mata ubwo iki gihugu cyari cyugarijwe na coronavirus.
Iki kirego cyatanzwe mu Rukiko rw’Ikirenga ruherereye i Brooklyn, muri New York.
Amerika ivuga ko iki kigo cyitwa King Year Packaging and Printing gikorera mu Mujyi wa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru