Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)
By Imfurayabo Pierre
Ejo kuwa kabiri abaturage ba Malawi barasubira mu matora ya perezida wa repubulika amezi atanu nyuma y’uko urukiko rw’itegekonshinga rutesheje agaciro ibyavuye mu matora y’umwaka ushize.
Perezida Peter Mutharika niwe wari watangajwe ko yatsinze amatora yo mu kwezi kwa gatanu 2019 ku ntsinzi ntoya n’amajwi 38,5%.
Uruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi rwaregeye urukiko ko aya matora yabayemo byinshi bitagenze neza.
Abacamanza bemeranyije n’uru ruhande batesha (…)
By Imfurayabo Pierre
Inyeshyamba za ADF Nalu zirashinjwa kwica abaturage 19 mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Ubuyobozi bwo muri ako gace kuri iki Cyumweru bwatangaje ko imirambo y’abo baturage bayisanze mu gace kari hafi y’umupaka ugabanya RDC n’u Rwanda.
Inyeshyamba za ADF zimaze iminsi zishinjwa kwica abaturage 500, zihimura ku bitero zimaze iminsi zigabwaho n’igisirikare cya Congo mu mashyamba yo muri Beni aho zari zifite (…)
By Imfurayabo Pierre
Ibiro bya Perezida w’u Bufaransa (Elysée) byavuze ku makuru ari kunyuzwa mu bitangazamakuru bitandukanye avuga ko Perezida Emmanuel Macron afite gahunda yo kwegura ku butegetsi no gutegura amatora.
Inkuru y’iyegura rya Macron yatangajwe bwa mbere na Le Figaro ku wa Kane w’iki cyumweru; iki kinyamakuru cyanditse ko uyu Mukuru w’Igihugu mu byumweru bibiri yasangije abaterankunga be baba mu Bwongereza ko atekereza kwegura mu kiganiro bagiranye hifashishijwe (…)
By Imfurayabo Pierre
Umukuru wa polisi yo mu mujyi wa Atlanta ho muri leta ya Georgia muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yeguye ku mirimo ye nyuma yaho Umunyamerika ukomoka muri Afurika warashwe bikamuviramo urupfu.
Rayshard Brooks Yari yasinziririye mu modoka ye imbere ya ‘restaurant’ mu mujyi wa atlanta aho abakiliya bahabwa ibyo bifuza batarinze gusohoka mu modoka.
Abategetsi bavuga ko Rayshard Brooks wari ufite imyaka 27 y’amavuko, yarashwe n’umupolisi mu bushyamirane bwabaye ku wa (…)
By Imfurayabo Pierre
Urukiko rushinzwe kurinda itegeko nshinga mu Burundi, kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Kamena 2020, rwememeje ko Evariste Ndayishimiye arahira vuba, agasimbura Pierre Nkurunziza uherutse kwitaba Imana.
Urwo rukiko rwasanze nta nzibacyuho igomba kubaho mu Burundi, ahubwo rwemeza ko Général-Major Evariste Ndayishimiye uherutse gutorerwa kuyobora u Burundi arahira vuba agasimbura Pierre Nkurunziza.
Evariste Ndayishimiye yatorewe kuyobora u Burundi mu matora yabaye tariki (…)
By Imfurayabo Pierre
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, avuga ko adatekereza ko u Bwongereza bwaba ari igihugu kivangura abantu gishingiye ku ruhu, gusa avuga ko hari ibigikeneye gukorwa mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’ubusumbane.
Umuvugizi w’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe yagize ati “Minisitiri w’Intebe ntashidikanya ko hazakomeza kubaho ivangura n’ubusumbane, ariko ntiyemera ko iki gihugu kivangura abantu gishingiye ku ruhu.
Hari intambwe ikomeye twateye kuri iki (…)
By Imfurayabo Pierre
Ejo hashize kw’italiki ya 9 kamena 2020 nibwo leta yu burundi yatangaje urupfu rwa perezida Pierre Nkurunziza wari umaze imyaka 15 ayobora iki gihugu. Nyakubahwa Paul kagame perezida w’urwanda yabaye umwe muba perezida bohereje ubutumwa bwo kwihanganisha umuryango wa Perezida pierre Nkurunziza ndetse n’igihugu cy’uburundi muri rusange.
Abinyujije kuri twitter perezida Kagame yagize ati “Mw’izina rya Guverinoma n’izina ryanjye bwite nohereje ubutumwa bw’akababaro kuri (…)
By Imfurayabo Pierre
Colin Powell wahoze ari umunyamabanga wa leta y’Amerika yanenze bikomeye uburyo Perezida Donald Trump yitwaye ku bijyanye n’imyigaragambyo yo kwamagana irondabwoko, avuga ko yarenze ku itegekonshinga.
Uyu wo mu ishyaka rimwe na Perezida Trump ry’abarepubulikani, wahoze ari na we musirikare wo ku rwego rwo hejuru cyane muri Amerika, ni we wa vuba aha unenze uburyo Trump ari kwitwara, harimo no gukangisha ko ingabo zagabwa ngo zisoze imyigaragambyo.
Yavuze ko mu (…)
By Imfurayabo Pierre
Minisiteri y’Ubutabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yajyanye mu nkiko ikigo cy’u Bushinwa aho gishinjwa kubagurisha udupfukamunwa hafi ibihumbi 500 tujujuje ubuziranenge.
Amerika ivuga ko utu dupfukamunwa twagurishijwe abacuruzi muri Mata ubwo iki gihugu cyari cyugarijwe na coronavirus.
Iki kirego cyatanzwe mu Rukiko rw’Ikirenga ruherereye i Brooklyn, muri New York.
Amerika ivuga ko iki kigo cyitwa King Year Packaging and Printing gikorera mu Mujyi wa (…)
By Imfurayabo Pierre
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko amakuru amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga y’uko hari abaturage b’igihugu cy’u Bushinwa birukanwe ku butaka bw’u Rwanda ari ibihuha abantu batagomba kubiha agaciro.
Ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko kuri Twitter hamaze iminsi hacicikana amakuru y’uko hari Abashinwa 18 birukanwe mu gihugu kuwa Gatatu w’icyumweru gishize bagasubizwa mu Bushinwa.
Abakwirakwizaga aya makuru bavugaga ko aba bashinwa birukanwe ku butaka (…)
Gasabo na Nyarugenge babonye ababahagariye bashya muri Green Party
14 December 2025, by Valens NzabonimanaMushikiwabo nk’umukandida uzahagarira u Rwanda ku buyobozi bwa OIF
13 January 2026, by Valens Nzabonimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























