Saturday . 21 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Umwana ufite ubumuga bwo mu mutwe ashobora kugera kure muri siporo
Umwana ufite ubumuga bwo mu mutwe ashobora kugera kure muri siporo

Mutungirehe Samuel
Bishobora kubaho ko hari ababyeyi bafite umwana wavukanye ubumuga bwo mu mutwe ariko ntibamuhe amahirwe yo kugera aho abandi bana bari, haba no ku ishuri kugira ngo bitume hari amahirwe yahagirira mu bumenyi butandukanye burimo n’ubwo gukora siporo ashoboye bikaba byatuma akuza impano ye ikaba yamugeza kure hashoboka igiha yafashijwe kuyiteza imbere akanayibyaza umusaruro.
Umunyamabanga Mukuru wa Special Olympics Rwanda, Karenzi Christopher avuga ko hari ababyeyi (…)

424 Shares 4 Comments
Réformer l'agenda commercial de l'Afrique ou continuer à s'enfoncer plus profondément dans les griffes du néolibéralisme
Réformer l’agenda commercial de l’Afrique ou continuer à s’enfoncer plus profondément dans les griffes du néolibéralisme

Nairobi, le 9 septembre
Réformer l’agenda commercial de l’Afrique ou continuer à s’enfoncer plus profondément dans les griffes du néolibéralisme.
Le Nord global convoite farouchement et largement l’Afrique pour ses ressources, mais, dans quelle mesure, l’Afrique est-elle préparée à contrer cet indéniable néolibéralisme de notre temps?
L’Afrique, un continent de 1,3 milliard d’habitants, doit donc revoir et élaborer des stratégies sur la façon dont elle commerce avec le Nord global (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ingabo z'u Rwanda n'iza Mozambique zabohoje intara ya Cabo Delgado
Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zabohoje intara ya Cabo Delgado

Perezida wa Mozambique Filipe Nyusi binyuze mu bufatanye bw’Ingano z’u Rwanda zafashije iz’igihugu cye zamaze kwigarurira hafi ibice byose byari byarigaruriwe n’imitwe y’iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado.
Hashize amezi abiri gusa ingabo z’u Rwanda zimanutse muri Mozambique mu ntara ya Cabo Delgado gufasha ingabo z’igihugu gutsinsura inyeshyamba zari zarigaruriye iyo ntara.
urugamba rukomeye rwatangiye muri Nyakanga 2021 ariko rukaza gufata indi ntera mu ntangiriro z’ukwezi gushize ubwo (…)

424 Shares 4 Comments
Mu Rwanda hari kugeragezwa uko umuntu yajya abona byoroshye imiti yo kwirinda HIV/SIDA
Mu Rwanda hari kugeragezwa uko umuntu yajya abona byoroshye imiti yo kwirinda HIV/SIDA

Inzego z’Ubuzima mu Rwanda ziri mu igerageza rigamije korohereza abaturarwanda bose kubona ibinini birinda umuntu kwandura agakoko gatera SIDA bya PrEP (pre-exposure prophylaxis) ubu bihabwa gusa abafite ibyago byinshi byo kwandura aka gakoko.
Umwaka ushize wa 2020 nibwo hatangiye igeragezwa ry’ibi binini mu Rwanda, bitangirira mu bigo nderabuzima icumi byo mu Mujyi wa Kigali ngo harebwe ubushobozi bifite bwo kurinda umuntu kwandura VIH, nyuma bibone gukwirakwiza hose nkuko bitangazwa na (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yasabye ko hongerwa ingamba n'ibihano ku bafata ku ngufu abagore n'abangavu
Perezida Kagame yasabye ko hongerwa ingamba n’ibihano ku bafata ku ngufu abagore n’abangavu

Mutungirehe Samuel
Perezida Paul Kagame yasabye ko hakwiye kongerwa ingamba ndetse n’ibihano ku bakora ihohoterwa rishingiye ku gitsina, cyane cyane gufata ku ngufu abagore no gusambanya abana bikavuramo guterwa inda z’imburagihe.
Ni ikibazo asanga bamwe mu bagikora basigaye batekereza ko ari ikintu cyemewe.
Yabitangaje ubwo yatangizaga umwaka w’ubucamanza wa 2021/2022, abwira abakora mu by’ubucamanza ko icyi kibazo kimaze gufata Indi ntera, bamwe basa n’ababigize umuco.
Yavuze ko (…)

424 Shares 4 Comments
MINAGRI yesheje AGAHIGO: Yasezereye gutumiza imbuto hanze y'igihugu
MINAGRI yesheje AGAHIGO: Yasezereye gutumiza imbuto hanze y’igihugu

Mutungirehe Samuel
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Mukeshimana Gerardine, yatangaje ko muri iki gihembwe k’ihinga A 2021/2022 biteguye kubonera abahinzi bose imbuto z’ibigori, ibishyimbo, soya n’ingano ku kigero cyuzuye 100% ziturutse imbere mu gihugu hatongeye kubaho gutumiza imbuto hanze y’igihugu.
Yabitangaje kuri uyu wa Kabiri, asobanura ko Leta itazongera gutumiza hanze izo mbuto kuko zose zisigaye zituburirwa imbere mu gihugu kandi zihagije abazikeneye bose bityo uzajenera (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abatalibani bashyize bemerera abakobwa kwigana n'abahungu nabwo bakingirijwe igitambaro
Abatalibani bashyize bemerera abakobwa kwigana n’abahungu nabwo bakingirijwe igitambaro

Mu mahame y’Abatalibani bazwiho kugendera kuri corowani ya Islam, ntibemerera abakobwa cyangwa se abagore kwiga bicaye mu ishuri rimwe n’ab’igitsina gabo. kuri ubu ariko aho bemereye amashuri ya kaminuza muri Afoganisitani gusubukura amasomo mu mashuri amwe n’amwe, ab’igitsina gore barigana ariko nabwo batandukanijwe n’ab’igitsina gabo hakoreshejwe ibitambaro binini cyangwa ibibaho.
Ibibera mu makaminuza n’ayandi mashuri muri Afuganistani, nkuko VOA ibitangaza, birimo gukurikiranirwa hafi (…)

424 Shares 4 Comments
"Kubaka igihugu ni inshingano ya buri Munyarwanda"-Kagame abwira abarahiriye inshingano NSHYA
"Kubaka igihugu ni inshingano ya buri Munyarwanda"-Kagame abwira abarahiriye inshingano NSHYA

Perezida Paul Kagame yabwiye abayobozi bakuru binjiye muri Guverinoma n’abahawe inshingano nshya mu zndi nzego ko ’Kubaka igihugu rero ni inshingano ya buri Munyarwanda’, abibutsa ko badashoboa kubigeraho badafatanyije n’abandi bayobozi.
Yabitangaje kuri uyu wa Mbere ubwo yakiraga indahiro z’abayobozi batandatu baherutse guhabwa inshingano nshya barimo Dr Bizimana Jean Damascene wagizwe Minisitiri wa mbere wa Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu.
Perezida Kagame (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yasubije iki ku baketse ko Minisitiri w'Intebe Dr. Abiy Ahmed yaje gusaba ubufasha bw'ingabo mu kibazo cy'intambara ya Tigray
Perezida Kagame yasubije iki ku baketse ko Minisitiri w’Intebe Dr. Abiy Ahmed yaje gusaba ubufasha bw’ingabo mu kibazo cy’intambara ya Tigray

Mutungirehe Samuel
Perezida Paul Kagame yagize icyo avuga ku bamubajije n’abagiye bibaza niba u Rwanda nanone rushobora gutanga umusanzu w’Ingabo z’igihugu mu gukemura ikibazo cy’intambara imaze Igihe ishyamiranyije ingabo za Leta ya Ethiopia n’iz’Ishyaka rya TPLF zigaruriye intara ya Tigray, ritavuga rumwe na Guverinoma iyobowe na Dr. Abiy Ahmed.
Mu gutanga igisubizo cy’aho u Rwanda ruhagaze byaturutse ku kibazo yabajijwe mu kiganiro yagiranye n’Ikigo k’Igihugu k’Itangazamakuru RBA kuri (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame araganira na RBA kuri iki Cyumweru
Perezida Kagame araganira na RBA kuri iki Cyumweru

Urwego rw’igihugu rw’itangazamakuru RBA rwatangaje ko kuri iki Cyumweru tariki 05 Nzeri 2021, kizagirana ikiganiro na Perezida Paul Kagame.
Byatangajwe mu itangazo ryatangajwe ku rukuta rwa Twitter rwa RBA kuri uyu wa Gatandatu tariki 04 Nzeri 2021.
Iri tangazo rirarika abantu kuzakurikirana iki kiganiro, rigira riti “Tubararikiye Ikiganiro cyihariye Perezida Paul Kagame azagirana na RBA ku Cyumweru. Iki kiganiro kizanyura ku bitangazamakuru byacu no ku mbuga nkoranyambaga guhera 11:00.” (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru