Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Mutungirehe Samuel
Mu ihe u Rwanda rwifatanyije n’isi kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Amahoro, mu karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali hatewe igiti cy’Ubumwe n’Ubwiyunge hanasurwa Iriba ry’Amahoro n’Ubwiyunge rikaba rifasha abaturage kubona amazi meza.
Iki gikorwa cyabimburiwe no gutera igiti cy’amahoro n’ubwiyunge cyatewe muri centre y’ubucuruzi ya Gahanga nk’ikimenyetso cyo gukomeza gushimangira amahoro, ubumwe n’ubwiyunge mu batuye uyu Murenge.
Nyuma, abitabiriye iki gikorwa basuye (…)
Mutungirehe Samuel
Inararibonye Hon. Tito Rutaremara yasobanuye uko hakozwe Itegeko Nshinga rya 2003 ryavuguruwe mu 2015 kugeza ubu, avuga ubunararibonye bwa Minisitiri mushya w’Ubutabera Dr. Ugirashebuja Emmanuel uherutse gushyirwaho na Perezida Kagame Paul.
Hon. Rutaremara yibutsaga abantu ku rukuta rwe rwa Twitter atangiye gukoresha mu minsi mike ishize ko kuva mu 2000-2003 yibuka umuhate, ubupfura byarangaga Minisitiri Dt. Ugirashebuja mu kazi bakoranye mu gukora Itegeko Nshinga (…)
Urugereko Rwihariye rw’Urukiko Rukuru ruburanisha imanza mpuzamahanga n’izambukiranya imbibi rwakatiye Rusesabagina Paul igihano cyo gufungwa imyaka 25 nyuma yo guhamwa n’ibyaha bifitanye isano n’ibikorwa by’iterabwoba byagabwe ku butaka bw’u Rwanda mu bihe bitandukanye.
Rusesabagina mu kwezi kwa Gatatu uyu mwaka yikuye mu iburanisha bigeze mu mizi y’urubanza, avuga ko abona nta butabera azahabwa muri urwo rubanza. Ibyo ariko ntibyahagaritse iburanisha kuko umuburanyi abyemererwe (…)
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho Minisitiri MUSHYA w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Dr. Ugirashebuja Emmanuel wasimbuye Busingye Johnston.
Byatangajwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Nzeri uyu mwaka, mu ibaruwa yashyizwe ahagaragara n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe.
Dr. Ugirashebuja ni Perezida w’Urukiko rwa Afurika y’Iburasirazuba.
Ugirashebuja yigeze kuba Perezida w’Urukiko rw’Ibihugu by’Umuryango w’Ibihugu by’Afurika y’i Burasirazuba, EAC.
Dr. Ugirashebuja (…)
Abadepite bagize komisiyo yo kugenzura imikireshereze y’umutungo wa Leta PAC bibajije uko Umujyi wa Kigali ushobora kugera ku ntego zawo mu gihe ukomeje kwigwizaho amadeni akubye hafi Gatatu ibyo winjije, bikiyongeraho no kuba utazi abasoreshwa bose bawukoreramo.
Kuri uyu wa Kane ni bwo Komite nyobozi n’Abagize Inama y’Ubutegetsi y’Umujyi wa Kigali bari bagezwehi muri gahunda PAC irimo yo kubaza ibigo bya Leta na za Minisiteri amakosa Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta yabonye muri raporo (…)
Mutungirehe Samuel
Abahujinkindi Josephine, ni umunbyeyi wubatse, atuye mu murenge wa Fumbwe, akagari ka Sasabirago mu mudugudu wa Urukaya ho mu karere ka Rwamagana, avuga ko yanyuze mu kigerageza kitoroshye ubwo umwana we w’umwangavu yahohoterwaga afite imyaka 14 y’amavuko, bikozwe n’umukozi wo mu rugo rwabo wari ufite imyaka 23.
Yabitangaje mu buryo bwo guha urugero ababyeyi uko babyitwaramo baramutse bahuye n’ikibazo gishobora gutuma umwana wahohotewe adahungabana, bikamufasha (…)
Mutungirehe Samuel
Urwego rw’igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha RIB, rwafunguye ku mugaragaro icyumba kihariye (Child Friendly Space), cyagenewe kwakirirwamo abana bakurikiranyweho icyaha cyangwa bakorewe ihohoterwa, bakabasha gutanga amakuru babohotse, bikabasha korohereza ubugenzacyaha.
Ni icyumba cyashyizeho na RIB ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana UNICEF, cyubatse ku ishami rya RIB rikorera Kicukiro, ejo hashize ku wa Gatatu.
Ni ahantu hateguwe ku buryo (…)
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko umusaruro mbumbe w’igihugu wazamutse ku gipimo cya 20.6% mu Gihembwe cya Kabiri cy’umwaka wa 2021, mu gihe mu 2020 wari wasubiye inyuma ku gipimo cya 12.4%.
Ni raporo yayishyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 15 Nzeri 2021, igaragaza ko umusaruro muri serivisi wari 47% by’umusaruro mbumbe wose mu gihe ubuhinzi bwatanze 25%, inganda zitanga 19% by’umusaruro mbumbe wose.
Iyo urebye mu mwaka ushize, imibare (…)
Mutungirehe Samuel
Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, CG Gasana Emmanuel yibikuje inzego zose zikorera abaturage kugaragaza uruhare rwazo mu kurengera umwana, yibaza icyatuma hari abana bagihohoferwa mu buryo butandukanye kandi abo kumurengera bose bamukikije.
Yabitangarije mu murenge was Fumbwe wo mu karere ka Rwamagana ubwo hatangizwaga ubukangurambaga bwiswe "Tujyanemo mu kurengera umwana" bwatangirijwe ku mbuga ngari y’ibiro by’umurenge wa Fumbwe ahahurijwe Ibyiciro bitandukanye (…)
Mutungirehe Samuel
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi n’iIterambere ry’icyaro muri Repubulika ya Santarafurika (Central Africa Republic) Mathieu Éric ROKOSSE-KAMOT, yahamagariye uruganda Nyarwanda Inyange kujya kubyaza umusuaruro amahirwe y’imyembe yera ku bwinshi mu gihugu cyabo, bayakitunganyiriza mu ruganda kuko iwabo nta ruganda rwabigenewe ruhari.
Yabitangarije i Kigali kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Nzeri 2021 ubwo yari amaze gusura no gutemberezwa mu ruganda rw’Inyange ruherereye i (…)
"Batubeshyaga ko iyo umuntu ageze mu Rwanda bamwica"
29 April 2024
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























