Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Amakuru aturuka i Bukavu muri Kivu y’Amajyepfo aravuga ko abasirikare ba M23 babyutse bakozanyaho n’abarwanyi ba Wazalendo mu bice bya Karhale, by’uyu mugi mukuru muri iyi ntara.
Abarwanyi b’ingabo zihuje za DRC, Wazalendo baje baturuka mu misozi wa Karhale/Camp TV, bamaunka muri ibyo bice bya komine Kadutu ahaje kubera imirwano itoroshye hamwe n’abasirikare ba M23 ahitegeye antene ya televizoyo ya Camp Tv.
Ikinyamakuru Actualite CD cyanditse ko umuturage wagihaye amakuru yavuzeko ’hari (…)
Kuri uyu wa Gatandatu igisirikare cy’u Rwanda cyakiriye abarwanyi ba FDLR barimo Gen Gakwerere na Major Ndayambaje n’aband, bose bagera kuri 14 bafatiwe i Goma na M23 mu mirwano iherutse kubera i Goma.
Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatandatu, aho banyujijwe ku mupaka munini wa Grande Barierre uzwi nka la Corniche, bakirwa n’igisirikare cy’u Rwanda RDF.
Ku ruhande rw’u Rwanda, Col Mwesigye wabakiriye yemeje ko abasirikare binjiye mu Rwanda ari 14, barimo Brig Gen Gakwerere na Maj (…)
Ubwo yatangizaga ku mugaragaro igihembwe cy’ihinga cya 2025 B kuri Site ya Rutuku iri mu Murenge wa Rusarabuye mu Karere ka Burera, Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yibukije abahinzi gushinganisha ubuhinzi n’Ubworozi bwabo binyuze muri gahunda Leta yabashyiriyeho ya ’Nkunganire’.
Byagarutsweho kuri uyu wa Gatanu mu gikorwa cyabereye kuri Site ya Rutuku, mu Murenge wa Rusarabuye mu Karere ka Burera aho bateye ibirayi kuri hegitari 16 zubutaka.
Abaturage bitabiriye gutangiza (…)
kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatangaje ko mu mezi abiri ari imbere hatangira gutangwa imiti mishya ya Malariya yunganira iyari isanzwe kubera ubwiyongere bw’iyi ndwara n’ubudahangarwa Malaria yakoze ku miti yatangwaga.
Ni nyuma Yuko ubushakashatsi bwakozwe na RBC bugaragaje ko muri Mutarama uyu mwaka hagaragaye abarwayi ba Malariya bagera ku bihumbi 83, muri bo abagera ku bihumbi 70 ni abo mu turere 15, ni mu gihe utuza imbere y’utundi ari Kicukiro na Gasabo.
Muri aba barwayi (…)
Bamwe mu baturage batuye mu Mudugudu wa Nyabikenye mu Kagari ka Kayenzi mu Murenge wa Bwishyura, ho mu Karere ka Karongi, bavuga ko bategetswe kwishyura inka yatanzwe muri gahunda ya Gira Inka, yari yarahawe uwitwa Higiro Dominique hanyuma ikaza kwibwa, ntibamenye irengero ryayo.
Nyuma y’inama yabaye ku wa Mbere tariki ya 24 Gashyantare 2025, igahuza inzego z’itandukanye z’ubuyobozi muri kano Karere ka Karongi hamwe n’abaturage b’umudugudu wa Nyabikenye. Hari abaturage bagaragaza ko muri (…)
Nyuma y’iminota mike ibisasu biturikiye mu mbuga y’ahaberaga inama ya AFC/M23 kuri Place de l’Independance mu Mujyi wa Bukavu, Perezida w’iri huriro Bertrand Bisimwa yahise atangaza ko mu iperereza ryihuse bakoze basanze ibisasu byaturikijwe byavuy eku ngabo z’u Burundi kuko biri mu bikoresho zikoresha mu burasirazuba bwa Congo.
Ibi bisasu byaturitse ejo kuwa Kane, tariki ya 27 Gashyantare 2025, bihitana abagera kuri 13 abantu nka 72 barakomereka.
Igisirikare cy’u Burundi cyicyumva (…)
Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi bw’u Burundi, Révérien Ndikuriyo, yagaragara mu ruhame nyuma y’iminsi myinshi arembeye mu mahanga kugeza ubwo yaguye no muri koma.
Ajya kurwara, Ndikuriyo yafashwe n’uburwayi nyuma yo kwitabira Inteko Rusange y’ishyaka CCM muri Tanzania tariki ya 19 Mutarama 2025, yatorewemo Perezida Samia Suluhu Hassan nk’umukandida uzarihagararira mu matora.
Icyo gihe byavuzwe ko Ndikuriyo “wari muri coma”, yajyanywe kuvurirwa mu bitaro bya (…)
Inama y’ihuriro rya AFC/M23 yaberaga i Bukavu, muri Kivu y’Amajyepfo yumvikanyemo guturika kw’ibisasu biremereye abantu bamwe (8) bahasiga ubuzima abandi barakomereka.
Ni inama yari iyobowe na Corneil Nangaa, Umuhuzabikorwa wa AFC/M23 n’abandi bayobozi b’iri huriro kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Gashyantare 2025.
Ntabwo ibashije kurangira neza, nyuma yaho hatewe ibisasu mu baturage bari bitabiriye iyi nama. Nibura hari abaturage batari munsi ya 8 bimaze kumenyakana ko bahise bahasiga (…)
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yategetse Guverineri w’intara ya Kivu y’Epfo, Jean-Jacques Purusi kuba ategekera intara mu Mujyi wa Uvira, mu gihe bakirwana no kwisubiza ibice by’igihugu byafashwe na M23 birimo na Bukavu yari irimo ikicaro cya Guverineri.
Ni icyemezo Guverineri Purusi yavuze ko cyaturutse mu biro bya Perezida w’iki gihugu Felix Tshisekedi.
Ku wa Kabiri nibwo Perezida Félix Tshisekedi yakiriye guverineri wa kivu y’Amajyepfo Purusi mu biro bye i Kinshasa, ni (…)
Nyuma y’inkuru twabagejejeho mu minsi ibiri ishize y’umusaza Kayitani Habumugisha utuye mu Mudugudu wa Rutingo, mu Kagari ka Mburamazi mu Murenge wa Murunda, mu Karere ka Rutsiro, wavugaga ko yanyazwe umurima we n’umwarimu akazinzikwa n’ubuyobozi ngo bubakiranure ndetse agahiga ko bashobora kuzicana, umuyobozi w’akarere yamusuye akemura ikibazo umusaza yemera ko yakosheje asaba n’imbabazi uwo yavugaga n’abanyarwanda.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro burangajwe imbere n’umuyobozi waka (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















