Monday . 25 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Nyabihu: Ibikorwa bihuriweho na RDF ndetse na RNP byitezweho kuzamura imibereho myiza y'abaturage
Nyabihu: Ibikorwa bihuriweho na RDF ndetse na RNP byitezweho kuzamura imibereho myiza y’abaturage

Kuri uyu wa Mbere, mu Mudugu wa Kiyovu, mu Kagari ka Shaki ho mu Murenge wa Shyira, mu Karere ka Nyabihu hatangijwe ibikorwa bihuriweho byateguwe n’Igisirikare cy’u Rwanda, RDF, ndetse na Polisi y’u Rwanda, RNP, bigamije kuzamura imibereho myiza y’abaturage.
Muri ibi bikorwa kandi hateganyijwe kubakwa ikigo ECD (Ikigo Mbonezamikurire cy’abana bato), aho biteganyijwe ko kizuzura gitwaye Frw 30 000 000, biteganyijwe ko kizuzura mu gihe cy’amazi abari.
Abaturage begerejwe bino bikorwa (…)

424 Shares 4 Comments
AFC/M23 yanze kwitabira ibiganiro na DRC
AFC/M23 yanze kwitabira ibiganiro na DRC

Mu gihe haburaga amasaha make ngo perezida wa Angola, Joao Lorenzo ahurize ku meza amwe umutwe wa AFC/M23 n’ubutegetsi bwa Congo, uyu mutwe wanze kwitabira ibyo biganiro ku mpamvu z’ibihano abantu bawo bafatiwe.
AF/M23 yari yamaze kugena umubare w’abantu batanu bari kuyihagararira mu biganiro bya Luanda n’Ubutegetsi bwa Kinshasa, ndetse bamaze no guhabwa impapuro z’inzira zemerera abo bantu bayo kugenda.
Uyu mutwe wasohoye itangazo ugaragaza ko uhagaritse kwitabira ibiganiro byari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ububiligi bwasubije u Rwanda rwirukanye abadipolomate barwo
Ububiligi bwasubije u Rwanda rwirukanye abadipolomate barwo

Nyuma yo kubona umwanzuro wa Guverinoma y’u Rwanda, yahaye amasaha 48 abadipolomate b’u Rwanda, Ububiligi bwahise busubiza aho ikigiye gukurikira.
Icyemezo cya Guverinoma y’u Rwanda gica umubano n’Ububiligi mu bya dipolomasi cyasihotse mu itangazo ryashyizwe hanze kuri uyu wa mbere, tariki ya 17 Werurwe 2025.
Nyuma y’amasaha make itangazo rishyizwe ku karubanda, Maxime PREVOT, Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’Ububiligi, yahise aza gusubiza.
Ni igisubizo yacishije ku rukuta rwe rwa X, (…)

424 Shares 4 Comments
U Rwanda ruciye umubano n'Ububiligi
U Rwanda ruciye umubano n’Ububiligi

Nyuma yo kubyigana ubushishozi, Guverinoma y’u Rwanda yamenyesheje iy’u Bubiligi ko yahagaritse umubano wayo nabwo mu bya dipolomasi, inategeka Abadipolomate b’iki gihugu kuba bavuye ku butaka bwabwo mu gihe kitarenze amasaha 48.
Ni umwanzuro Guverinoma y’u Rwanda yafashe kuri uyu wa Mbere tariki 17 Werurwe, ndetse ugomba gushyirwa mu bikorwa ako kanya. U Rwanda ruvuga ko rwawufashe nyuma yo kubyigana ubushishozi mu ngeri zose, bitewe n’imyitwarire yabwo ya gikoloni.
Ku munsi w’ejo mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
U Rwanda rwemeje kwitabira inama ya SADC na EAC
U Rwanda rwemeje kwitabira inama ya SADC na EAC

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rwitabiriye inama ihuza Abaminisitiri b’Ububanyi n’Amahanga bo muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uw’Ubukungu n’Iterambere ry’Ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo (SADC).
Ni inama yiga ku buryo intambara mu Burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yahagarara hadakomeje imbaraga z’intambara.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, (…)

424 Shares 4 Comments
Abantu batanu bagiye guhagararira AFC/M23 mu biganiro na DRC
Abantu batanu bagiye guhagararira AFC/M23 mu biganiro na DRC

Ihuriro rya Aliance Fleuve Congo (AFC/M23) yatangaje ko kuri uyu wa mbere, tariki ya 17 Werurwe 2025, yohereje itsinda ry’abantu batanu i Luanda, muri Angola mu biganiro n’abahagarariye Leta ya DRC.
Iri huriro ryaboneyeho gushimira Perezida, João Lourenço, wa Angola, ku bw’imbaraga ashyira mu gukemura amakimbirane akomeje kubera muri RDC.
Mu minsi ishize umwe mu bayobozi ba AFC/M23 yavuze ko isaba umuhuza Joao Lorenzo ko ubutaha yajya atumira AFC/M23 aho gutumira M23 gusa.

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ingabo kabuhariwe z'u Rwanda zabonye umuyobozi mushya
Ingabo kabuhariwe z’u Rwanda zabonye umuyobozi mushya

Umutwe w’ingabo kabuhariwe zizwi nka "Special Operations Force" wahawe umuyobozi mushya, Brig. Gen. Stanislas Gashugi,
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera Col. Stanislas Gashugi, amuha ipeti rya Brig. Gen ndetse ahita amuha kuyobora Umutwe w’Ingabo Udasanzwe (Special Operations Force).
Byaturutse mu itanagzo ryasohowe kuri uyu wa 15 Werurwe 2025 na Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda, rivuga kuri izi mpinduka.
Uyu Muyobozi, yaje asimbura (…)

424 Shares 4 Comments
Nyamasheke: Uwarokotse jenoside yatemewe ibiti 38 bya kawa biza bisanga ibindi yakorewe
Nyamasheke: Uwarokotse jenoside yatemewe ibiti 38 bya kawa biza bisanga ibindi yakorewe

Pasteur Shyirambere Theogene, na mushiki we Mukamuratwa Eveline bavuga ko batemewe ibiti 38 bya Kawa ku itongo ry’isambu y’ababyeyi babo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ibikorwa bafata nko gupfobya Jenoside bakurikije ibindi byagiye biba ku muryango wabo.
Ni ibikorwa byabereye mu Mudugudu wa Bujanga mu Kagari ka Kigoya mu Murenge wa Kanjongo ho mu karere ka Nyamasheke, bagasaba ko bahabwa ubutabera no kwigisha abagifite ingengabitekerezo nk’iyo kuyireka.
Pasteur Shyirambere (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rubavu: Nubwo bishyira ubuzima bwabo mu kaga, abanyozi banze kureka gutwara bafashe ku makamyo
Rubavu: Nubwo bishyira ubuzima bwabo mu kaga, abanyozi banze kureka gutwara bafashe ku makamyo

Mu mujyi wa Rubavu, haracyagaragara abanyonzi batwara amagare bakigenda bafashe ku makamyo iyo ari kuzamuka, ibi bikorwa bibujijwe cyane ko bishobora guteza impanuka, bigashyira ubuzima mu kaga cyane ku babikora.
Ku bakibikora, hari impamvu zitandukanye zitangwa n’abanyonzi ubwabo, birimo nko gushaka kwihuta.
Iradukunda Danny na Ndagijimana, basanzwe bakorera akazi k’ubunyonzi mu mu Karere ka Rubavu, twabegereye batubwira kuri kino kibazo bahora babuzwa na polisi ishami ry’umutekano wo (…)

424 Shares 4 Comments
Minisitiri Nduhungirehe yeruriye Aabanyaburayi ku bibazo bya Congo
Minisitiri Nduhungirehe yeruriye Aabanyaburayi ku bibazo bya Congo

U Rwanda rumaze iminsi rufatirwa ibyemezo n’ibihugu byo ku mugabane w’u Burayi, birushinja gutera inkunga umutwe wa M23 no kugira ingabo ku butaka bwa Congo, ibirego u Rwanda rutahwemye guhakana.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yagaragarije ubuyobozi bw’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, ko u Rwanda rutazemera kwikorera imitwaro ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Yabigarutseho ku wa Mbere tariki 10 Werurwe 2025, mu biganiro yagiranye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru