Monday . 25 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Nitwe dusigaye dukubitwa mu mayeri-Agahinda k'abagabo bahohoterwa
Nitwe dusigaye dukubitwa mu mayeri-Agahinda k’abagabo bahohoterwa

Hari bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Bugeshi mu Karere ka Rubavu, bavuga ko hari abagabo bahohoterwa n’abagore bashakanye bakanga kubivuga kubera impamvu zitandukanye harimo no kugira isoni.
Ni mugihe muri uyu Murenge wa Bugeshi, icyakora bavuga ko ibibazo by’ihohoterwa mu ngo muri rusange byagabanutse, ndetse bagenda basobakukirwa na gahunda y’uburinganire muri rusange.
Umwe muri bo yagize ati: "Ariko ni twebwe dusigaye dukubitwa mu mayeri. Ugasanga yigize [umugore] intakoreka, (…)

424 Shares 4 Comments
Burera: Abanyeshuri barangirije amasomo muri CEPEM basabwe kuzashyira mu ngiro ibyo bize
Burera: Abanyeshuri barangirije amasomo muri CEPEM basabwe kuzashyira mu ngiro ibyo bize

Ku nshuro ya kabiri ishuri ryigisha imyuga n’ubumenyingiro CEPEM riherereye mu murenge wa Rugarama w’Akarere ka Burera ryatanze impamyabumenyi ku banyeshuri 128 barirangijemo basabwa kuzashyira mu ngiro amasomo bize arimo amahoteli n’ubukerarugendo.
Ni umuhango wabereye ku cyicaro cy’iri shuri riherereye mu murenge Rugarama ho mu karere ka Burera.
Umwe mu banyeshuri wahize abandi MUNEZERO Musaiba, umunyeshuri w’umukobwa yavuze ko gushyira umutima kubyo wiga ukabiha agaciro arirwo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kigali: Polisi yataye muri yombi abajura bateraga inyuma abaturage
Kigali: Polisi yataye muri yombi abajura bateraga inyuma abaturage

Polisi ikorera mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Gitega, Akagali ka Gacyamo, yafashe abajura ruharwa batatu bibaga abaturage babateze bakabatera ibyuma dore bafatanywe ibyuma bakoreshaga.
Abafashwe ni:
1. Sebanani Emmanuel (yafatanywe icyuma)
2. Musabyeyezu Dieu Donner Alias Myabugogo uyu akaba yari umujura ruharwa
3. Nsanzumuhire Daniel akaba yafatiwe mu gipangu cy’umuturage yagiye kumwiba yafatanywe icyuma.
Aba si ubujura gusa bakoraga kuko harimo ni ibikorwa by’ubugizi bwa (…)

424 Shares 4 Comments
Prince Kid yatawe muri yombi na Amerika
Prince Kid yatawe muri yombi na Amerika

Urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (ICE) rwatangaje ko rwafashe Dieudonné Ishimwe, wari warahunze ubutabera bw’u Rwanda kubera icyaha cyo gufata ku ngufu.
Yafatiwe mu Mujyi wa Fort Worth, muri Texas, ku wa 3 Werurwe 2025.
Ishimwe Diedonne, w’imyaka 38, wamenyekanye nka PrinceKid, azwi nk’umunyarwanda wamaze igihe ategura amarushanwa ya Nyampinga w’u Rwanda, Miss Rwanda abinyujije mu kigo cye Inspiration BackUp.
Yakatiwe n’urukiko rukuru wa Kigali (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
DRCongo yashyizeho Miliyoni 5 z'amadolari ku bayobozi ba AFC/M23
DRCongo yashyizeho Miliyoni 5 z’amadolari ku bayobozi ba AFC/M23

Ubutegetsi bwa DRCONGO bwashyizeho miliyoni 5 z’amadolari y’amerika ku muntu uzafata cyangwa agata muri yombi abayobozi bakuru ba AFC/M23 barongojwe imbere na Corneille Nagaa, umuhuzabikorwa wa AFC/M23, Gen Makenga na Perezida wa M23 Bertrand Bisimwa.
Ni itangazo rya Minisitiri w’Ubutabera wa Congo, Constant Mutamba, ryasinywe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 7 Werurwe 2025.
Iri tangazo kandi rinateganya igihembo cya miliyoni 4 z’amadolari y’amerika ku muntu uzatanga amakuru ku byitso (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Hashize imyaka irenga 20 bimwe ingurane ku mitungo yabo
Rubavu: Hashize imyaka irenga 20 bimwe ingurane ku mitungo yabo

Hari abaturage batuye mu Murenge wa Rubavu, bavuga ko mu 2001 Leta yafashe amasambu yabo yubakamo ikibuga cy’umupira ahandi yubakamo urugomero rw’amashanyarazi nta ngurane bahawe kugeza magingo aya, akarere kakavuga ko izo sambu atari izabo.
Ni kibazo gisangiwe nk’abaturage bagera kuri 12, ariko ngo hari abandi bahawe ingurane ahubatswe ibiro by’Akagari ka Murambi, hegeranye n’ahashyizwe uru urugomera rw’amashanyarazi.
Uwamariya Josephine ni umwe muri bano baturage bagaragaza ko bakomeje (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Butembo: Wazalendo basubiranyemo, abagera mu icumi bahasiga ubuzima
Butembo: Wazalendo basubiranyemo, abagera mu icumi bahasiga ubuzima

Amakuru aturuka mu mugi wa Butembo wo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru aravuga ko abantu hafi icumi bapfuye mu mishyamirano yadutse hagati y’imitwe ibiri y’abarwanyi ba Wazalendo.
Uko gushyamirana, RFI yatangaje ko kwabaye tariki ya 3 Werurwe 2025, kukaba kwamaze amasaha atari make mu duce twa Kimemi muri uwo mugi.
Umuvugizi w’igisirikare cya DRC muri ako gace yabwiye iki kinyamakuru ko bitumvikana ukuntu abantu umukuru w’igihugu yise intwari zitanga ngo congo itsinde urugamba ari bo (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Yanze gutanga ruswa anyagwa imitungo ye, n'abayobozi baracyabirebera
Rubavu: Yanze gutanga ruswa anyagwa imitungo ye, n’abayobozi baracyabirebera

Umusaza Mucumbitsi Paul, utuye mu Kagari ka Base ho mu Murenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu, avuga ko yanyazwe isambu ye ibarizwa mu Kagari ka Bulinda, mu Murenge wa Rubavu, n’ubuyobozi muri kano Karere nyuma yo kwanga gutanga ruswa ngo ayihabwe.
Iki kibazo cye avuga ko yakigeje ku nzego zitandukanye kugera ku rwego rw’Intara y’Iburengerazuba, gusa na nubu nta muyobozi muri iyi ntara uragira ubushake bwo kumuzubiza uburenganzira bwe.
Muzehe Mucumbitsi anavuga ko uwari Guverineri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Imiryango yahoze ituriye Sebeya igiye kubakirwa
Imiryango yahoze ituriye Sebeya igiye kubakirwa

Mu kwezi kwa Gatanu umwaka wa 2023 abagera kuri 135 bahitanywe n’ibiza byakomotse ku mvura yaguye yuzuza yangiza byinshi mu turere twa Ngororero, Rubavu, Nyabihu, Rutsiro na Karongi, tw’intara y’Iburengerazuba bw’u Rwanda, byumwihariko abari baturiye umugezi wa Sebeya mu karere ka Rubavu.
Kuva ubwo guverinoma yatangiye gahunda yo kwita ku barokotse ibyo biza ndetse itasaba abaturiye uyu mugezi aho ugeza amazi kuhimuka kugira ngo batangire bashake igisubizo kirambye ku buryo uyu mugezi (…)

424 Shares 4 Comments
Ubwongereza bwahagarikiye u Rwanda inkunga kubera intambara ya DRC na M23
Ubwongereza bwahagarikiye u Rwanda inkunga kubera intambara ya DRC na M23

Leta ya Canada yatangaje ko yafatiye u Rwanda ibihano byo mu rwego rw’ubukungu na politike irushinja ko ingabo zarwo zirimo gufasha umutwe wa M23 muri DR Congo, ibinti yasobanuye ko ko bigize "guhonyora ubusugire" bw’ikindi gihugu.
Mu itangazo, abategetsi ba Canada bavuze ko icyo gihugu cyamaganye "ubwicanyi bukomeye mu burasirazuba bwa RDC", bavugamo ibirego byo gutera abasivile, impunzi, ingabo za ONU n’iz’akarere, hamwe "n’ubwicanyi mu kivunge no gushimuta".
Canada ivuga ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru