Monday . 25 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Abaforomo n'ababyaza basabwe kutazigera barangarana abarwayi bazaza babagana
Abaforomo n’ababyaza basabwe kutazigera barangarana abarwayi bazaza babagana

Abaforomo n’ababyaza barangije mu ishuri rikuru ry’ubuzima rya Ruli, basabwe kuzakorana umwete no kwitangira akazi kabo, bita ku bazaza babagana bakisanisha n’ ububabare baba bafite ndetse bakabarema agatima babaremamo icyizere cyo kubaho.
Ibi babisabwe ubwo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Gashyantare 2025 kuri iyi Kaminuza iherereye mu murenge wa Ruli mu karere ka Gakenke hatangwaga impamyabumenyi y’icyiciro cya mbere cya Kaminuza ku bize ubuforomo n’ububyaza.
Ni ku nshuro ya munani (…)

424 Shares 4 Comments
AFC/M23 yatabarije Abanyamulenge bicwa na Guverinoma yabo
AFC/M23 yatabarije Abanyamulenge bicwa na Guverinoma yabo

Kuva Umutwe wa Twirwaneho w’Abanyamulenge watangaza ko wagize ibyago ugapfusha umurinzi wabo, ari nawe wari umuyobozi wawo, Gen Makanika mu gitero cya Drone yagabweho na FARDC iri kisangani, umutwe wa AFC/M23 watabarije aba bakongomani ko bakwiye kurindwa, ubwicanyi bubakorerwa bugahagarara.
Gen Makanika yari ayoboye Twirwaneho kuva mu 2020 yava mu gisirikare cya FARDC akajya kurinda benewabo bicwa amanywa n’ijoro n’imitwe yitwaje intwaro nka RED Tabara ifatanyije na FARDC. yari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Twirwaneho yemeje urupfu rwa Gen Makanika
Twirwaneho yemeje urupfu rwa Gen Makanika

Kuva hashize umunsi umwe hasakaye amakuru y’incamugongo ku bakongomani b’Abanyamulenge ko umurinzi wabo, unayoboye umutwe ubarinze wa Twirwaneho, Gen Makanika yishwe na drone y’igisirikare cya DRCCongo, FARDC none uyu mutwe waemeje ko amakuru ari impamo.
Urupfu rwa Gen Makanika rwaturutse ku nkuru y’igitangazamakuru cya America, VOA, cyavuze ko cyakuye amakuru mu batuye mu muhanda y’abanyamulenge muri Teritwari ya Fizi muri Kivu y’Amajyepfo.
Umutwe wa Twirwaneho wemeje ko Makanika yishwe (…)

424 Shares 4 Comments
Biravugwa ko Col makanika yishwe na Drone ya FARDC
Biravugwa ko Col makanika yishwe na Drone ya FARDC

Amakuru ataremezwa n’urwego urwo ari rwo rwose, kuva ku waba yabikoze, aravuga ko Colonel Michel Rukunda Makanika uyobora umutwe wa Twirwaneho yishwe arashwe n’igitero cy’indege zitagira abapilote zizwi nka Drone zo mu ntambara ziri kwifashishwa n’igisirikare cya Leta ya Congo, FARDC.
Col Makanika yahoze ari umusirikare mu ngabo za Leta, FARDC kugeza mu mwaka wa 2020 ubwo yitandukanije na Leta, agahitamo kujya kurwanira bene wabo b’Abanyamulenge bakomeje kwicwa bazira uko baremwe.
Uyu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rubavu: Irondo ntiririvangura n'ibisambo
Rubavu: Irondo ntiririvangura n’ibisambo

Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Rubavu, bavuga ko bajya bahohoterwa n’abanyerondo, aho kubacungira umutekano, ngo harimo ababakorera ibikorwa by’urugomo bakabura ayo bacira nayo bamira.
Uwamungu Janvier, atuye mu Mudugu wa Nyamigogo mu Kagari ka Kamuhoza mu Murenge wa Kanama, mu Karere ka Rubavu, uyu avuga ko yahohotewe n’abanyerondo atashye ari nijoro, ndetse akanavuga ko bamurumye ubwo bamukorera uru rugomo.
Yagize ati: "Kuba wowe utashye n’ijoro wabitewe niki? (bamubaza). (…)

424 Shares 4 Comments
Nyamasheke: Hari ikiraro kidasiba kugwamo abagenzi
Nyamasheke: Hari ikiraro kidasiba kugwamo abagenzi

Abakoresha ikiraro cyo ku mugezi wa Kamiranzovu cyo mu Kagari ka Rwesero mu Murenge wa Kagano mu Karere ka Nyamasheke baratabaza ko ikiraro basanzwe bafite cyangiritse ku buryo butajya bwira hatagize umuntu ugwa mu mugezi ndetse ko hari uwaguyemo agapfa..
Iki kiraro gisanzwe gifasha abatuye mu Tugari twa Mubumbano, Ninzi na Rwesero, cyangijwe n’ibiza byatewe n’imvura nyinshi iherutse kugwa igatuma umugezi wa Kamiranzovu wuzura.
Umwe mu baturage yabwiye Mama U rwagasabo ati: “Hagwamo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ububiligi wagize icyo buvuga ku cyemezo cy'u Rwanda
Ububiligi wagize icyo buvuga ku cyemezo cy’u Rwanda

Nyuma yuko Guverinoma y’u Rwanda ihagaritse umufatanye mu by’iterambere n’igihugu cy’Ububiligi kubera ko bwafashe uruhande rwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu kurushinja kugira uruhare mu ntambara iri mu Burasirazuba bwayo, iki gihugu nacyo cyasubije u Rwanda.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki ya 18 Gashyantare nibwo minisiteri y’Ububanyi n’amahanga n’ubutwererane y’u Rwanda, MINAFET yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yahagaritse imikoranire mu by’iterambere n’u (…)

424 Shares 4 Comments
Gen. Byamungu wa M23 yageze Kamanyola nyuma yo kwirukana Wazalendo
Gen. Byamungu wa M23 yageze Kamanyola nyuma yo kwirukana Wazalendo

Hashize iminsi umupaka wa Kamaniola, uzwi nka Kamanyola ku ruhande rw’u Rwanda, uruhuza na Repubulika ya Demokarasi ya Congo ugenzurwa na Wazalendo ku ruhande rwaho, ingabo za Leta FARDC zarawutaye zihungira Minova.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 18 Gashyantare 2025 nibwo hasakaye amashusho y’ingabo za M23 zageze kuri uwo mupaka no mu gasantere kawo.
Amashusho agaragaza General Byamungu Bernard aganira n’abaturage arinzwe n’ingabo za M23, bamwe batangira kwibaza niba ariwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
U Rwanda rwahagaritse umubano n'Ububiligi
U Rwanda rwahagaritse umubano n’Ububiligi

Guverinoma y’u Rwanda itangaje ko yahagaritse imikoranire n’u Bubiligi mu bikorwa by’iterambere.
Ni nyuma y’uko bigaragaye ko u Rwanda rusanze Ububilugi bukomeje imikoranire na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu icengezamatwara rigamije kwangisha u Rwanda amahanga n’abaterankunga barwo.
Ni icyemezo cyatangajwe na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane y’u Rwanda, kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 18 Gashyantare 2025.
U Rwanda rwagaragaje ko mu gihe umuryango mpuzamahanga (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Tshisekedi yasuye uwa Angola bareba uko umutekano urimo kuzamba
Perezida Tshisekedi yasuye uwa Angola bareba uko umutekano urimo kuzamba

Perezida wa DRCongo Felix Anthoine Tshisekedi Chilombo yasuye Perezida wa Angola, Joao Lorenzo baganira ku buryo umutekano uhagaze mu Burasirazuba bwa Congo.
Ni uruzinduko Tshisekedi yagiriye muri Angola kuri uyu wa mbere tariki ya 17 Gashyantare 2025. Ibiro bya Perezida wa Angola byanditse ko bamaranye amasaha atari make mu biro bye biri Luanda.
Uru ruzinduko ruje nyuma yaho Umutwe wa M23 uhanganye na Leta ya Congo umaze gufata umujyi wa Bukavu, ukanirukana ingabo za Leta FARDC zikaba (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru