Thursday . 28 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

PEREZIDA KAGAME YIFURIJE ABAGORE UMUNSI MWIZA W' UMUGORE
PEREZIDA KAGAME YIFURIJE ABAGORE UMUNSI MWIZA W’ UMUGORE

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yifurije abagore umunsi mwiza mpuzamahanga w’ umugore avuga bakwiye guhabwa ibibagenewe icyo byasaba cyose.
Mu butumwa yashyize kuri Twitter yagize ati “Abagore barenze kimwe cya kabiri cy’ abatuye Isi, reka dukomeze gukora icyo bisaba cyose kugira ngo babone ibibagenewe. Umunsi mwiza Mpuzamahanga mwiza w’ umugore”
U Rwanda nicyo gihugu cya mbere ku Isi mu kugira abagore benshi mu Nteko Ishinga Amategeko. Abagore b’ abadepite mu Rwanda ni 61%. (…)

424 Shares 4 Comments
BUMBOGO: BYARI IBIRORI BY'AGAHEBUZO MU KWIZIHIZA UMUNSI MPUZAMAHANGA W'UMUGORE [AMAFOTO]
BUMBOGO: BYARI IBIRORI BY’AGAHEBUZO MU KWIZIHIZA UMUNSI MPUZAMAHANGA W’UMUGORE [AMAFOTO]

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Mu muhango wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore wabereye mu murenge wa Bumbogo ho mu karere ka Gasabo byari ibirori bihebuje byuje n’impanuro ku bakobwa n’abagore bari babyitabiriye. Umunsi witabiriwe n’abaturage b’utugari 7 tugize umurenge wa Bumbogo
Tariki 8 Werurwe, ni umunsi ngarukamwaka wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umwari n’umtegarugori. Kuri uyu wa 5 mu murenge wa Bumbogo bawizihirije ku biro by’umurenge wa Bumbogo bikaba ari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Economic inequality and taxation are feminist issues
Economic inequality and taxation are feminist issues

by Magdalena Sepúlveda
Two American women representatives, Senator Elizabeth Warren and Congresswoman Alexandria Ocasio-Cortez, are determined to make taxation one of the central issues in the United States 2020 election campaign. They both express the will to do away with the taboo on taxing the rich. They are right. In the United States as in the rest of the world, we live an inequality crisis. The growing gap between the super-rich and everyone else is increasing. The richest one per (…)

424 Shares 4 Comments
There can be no gender equality without quality public services
There can be no gender equality without quality public services

Rosa Pavanelli is General Secretary of Public Services International.
Austerity. From the left to the right, governments have only that one word on their lips. From Sudan to South Africa, many African countries have embraced austerity measures, giving a growing number of citizens the feeling they are being left behind and provoking a crisis of representation and legitimacy.
Demanding budget cuts, which in practice have a direct impact on public services, is not only the bedrock of (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
UBWONGEREZA BWEMEYE GUSUBIZA IBITSIBO VY'IMISHATSI YIBWE Y'UMWAMI TEWODROS II WA ETHIOPIA
UBWONGEREZA BWEMEYE GUSUBIZA IBITSIBO VY’IMISHATSI YIBWE Y’UMWAMI TEWODROS II WA ETHIOPIA

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Inzu ndangamirage mu gihugu cy’Ubwongereza yemeye gusubiza ibizingo by’imisatsi y’umwami Tewodros II wa Ethiopia, nyuma y’imyaka 150.
Iyo misatsi yakaswe ku mutwe w’umwami Tewodros II wapfyuye yirashe yanze gufatwa mpiri n’abasirikare b’Ubwongereza mu gihe bateraga igihugu cya Ethiopia mu mwaka wa 1868.
Umuhungu we, umuganwa Alemayehu, yari afite imyaka irindwi y’amavuko yahise atwarwa mu Bwongereza bamutwarana n’ibyo bari bamaze gusahura ibwami. (…)

424 Shares 4 Comments
 U RWANDA KU MWANYA WA 5 KU ISI MU KUGIRA INTERINETI IHENDUTSE
U RWANDA KU MWANYA WA 5 KU ISI MU KUGIRA INTERINETI IHENDUTSE

Yanditswe na Pierre Romeo Imfurayabo
Ubushakashatsi ku mafaranga abantu bariha kuri interineti bakoresha muri telefone zigendanwa bwashyize u Rwanda ku mwanya wa gatanu ku isi mu bihugu bifite igiciro gihendutse.
Ubu bushakashatsi bwakozwe n’urubuga rwa interineti Cable.co.uk rwo mu Bwongereza rugereranya ibiciro bya interineti, bwasanze jiga imwe (1GB) ya interineti mu Rwanda igura ibice 0.56 by’idolari ry’Amerika, mu gihe mu Bwongereza ho igura amadolari 6.66 y’Amerika.
Ubuhinde (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
BUGESERA: ABATURAGE BABABAJWE NUKO ABADEPITE BASUYE IKIMOTERI CYO MURI AKA KARERE NTIBABAGANIRIZE
BUGESERA: ABATURAGE BABABAJWE NUKO ABADEPITE BASUYE IKIMOTERI CYO MURI AKA KARERE NTIBABAGANIRIZE

Abaturage bo mu murenge wa Nyamata , mu karere ka Bugesera baranenga itsinda ry’ abadepite baherutse gusura ikimoteri kimenwamo imyanda iva mu mujyi wa Bugesera bagasubira I Kigali batavugishije abagituriye ngo bababwire uko iki kimoteri kibabangamiye.
Inkuru dukesha ikinyamakuru ukwezi.rw, ivuga ko bamwe muri aba baturage bo mu mudugudu wa Bihari, Akagari ka Kanazi ngo bicujije icyatumye bazinduka iya rubika bajya gukora abadepite none baka baranze kubavugisha, ahubwo bakurira imodoka (…)

424 Shares 4 Comments
MINISITIRI SEZIBERA:NTA NGABO ZIYONGEREYE KU MUPAKA ARIKO U RWANDA RUFITE UBURENGANZIRA BWO KUZISHYIRA AHO RUSHAKA HOSE
MINISITIRI SEZIBERA:NTA NGABO ZIYONGEREYE KU MUPAKA ARIKO U RWANDA RUFITE UBURENGANZIRA BWO KUZISHYIRA AHO RUSHAKA HOSE

Kuri uyu wa kabiri mu gitondo minisiteri y’ububanyi n’amahanga mu Rwanda mu kiganiro n’abanyamakuru bahakanye ko nta ngabo z’uRwanda ziyongereye kumupaka w’uRwanda na y’Uganda.
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga mu Rwanda Dr Sezibera Richard muri iki kiganiro n’abanyamakuru yavuze ko nta ngabo z’urwanda ziri ku mupaka yagize ati”Ntangabo twongereye ku mupaka wacu na y’Uganda kuko nta mpamvu yabyo ariko u Rwanda rufite uburenganzira bwo gushyira ingabo zarwo aho rushaka kuko kurinda igihugu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
KICUKIRO: IMODOKA ITWARA ABANYESHURI YAFASHWE N'INKONGI Y'UMURIRO
KICUKIRO: IMODOKA ITWARA ABANYESHURI YAFASHWE N’INKONGI Y’UMURIRO

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Imodoka isanzwe itwara abanyeshuri ifashwe n’inkongi y’umuriro mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 4 Werurwe 2019, igeze hafi ya Hotel Nobleza muri Kicukiro irashya irakongoka, shoferi ararusimbuka.
Inkuru dukesha ukwezi.rw iravuga ko iyo modoka yo mu bwoko bwa bus ku bw’amahirwe ifashwe n’inkongi nta munyeshuri n’umwe itwaye kuko yari igiye kubafata ngo ibageze ku mashuri.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu (…)

424 Shares 4 Comments
UMUNYA-ERITREA MERHAWI KUDUS YEGUKANYE TOUR DU RWANDA 2019
UMUNYA-ERITREA MERHAWI KUDUS YEGUKANYE TOUR DU RWANDA 2019

Inkuru yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Merhawi Kudus, Umunya-Eritrea ukinira ikipe ya Astana yo muri Kazakhstan, ni we wegukanye irushanwa ryo gusiganwa ku magare rya Tour du Rwanda ryarangiye kuri iki cyumweru i Kigali.
Kudus w’imyaka 25 y’amavuko yarangije iri rushanwa ryari rimaze iminsi umunani rizenguruka u Rwanda, arusha uwa kabiri amasegonda 10 mu bihe bya rusange.
Kudus usanzwe akinira Astana yo muri Kazakhstan niwe wegukanye tour du Rwanda 2019
Uwa kabiri akaba ari Rein (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru