Thursday . 28 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

NYABIHU: UWATEMEWE INKA 11 AMAZE GUSHUMBUSHWA 12 ZIRIMO N'IKAMWA
NYABIHU: UWATEMEWE INKA 11 AMAZE GUSHUMBUSHWA 12 ZIRIMO N’IKAMWA

By Imfurayabo Pierre Romeo Ndabarinze Kabera wo mu Murenge wa Mulinga watemewe inka 11 n’impunzi y’Umunye-Congo muri Werurwe, abaturage bamaze kumushumbusha izindi 12 zirimo ikamwa n’indi ihaka. Aborozi bo mu Karere ka Rwamagana tariki ya 8 Mata bagiye mu Karere ka Nyabihu kugabira Ndabarinze inka zirindwi nyuma yo kumva inkuru mbi y’uko mu ijoro ryo ku wa 24 Werurwe 2019 inka ze 11 zatemwe. Abo mu Karere ka Nyabihu nabo bamaze kumushumbusha inka eshanu.
Iri tsinda ry’aborozi bo mu Karere (…)

424 Shares 4 Comments
KICUKIRO: MADAMU J.KAGAME YAFUNGUYE KU MUGARAGARO IGICE CYA MBERE CY'UBUSITANI BW'URWIBUTSO
KICUKIRO: MADAMU J.KAGAME YAFUNGUYE KU MUGARAGARO IGICE CYA MBERE CY’UBUSITANI BW’URWIBUTSO

By Imfurayabo Pierre Romeo Umufasha wa Perezida wa Repubulika, Madamu Jeannette Kagame, kuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Mata 2019, yafunguye ku mugaragaro igice cya mbere cy’Ubusitani bw’Urwibutso (Jardin de la Mémoire) bwubatswe ku rwibutso rwa Nyanza, mu Karere ka Kicukiro, Umujyi wa Kigali.
Madamu Jeannette Kagame yavuze ko ubu busitani bufite igisobanuro cy’amateka yabereye aho buri mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi ndetse ko ari n’ikimenyetso cyerekana ko ubuzima bwakomeje.
Ati (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
PEREZIDA PAUL KAGAME NA MADAMU WE N'ABANYACYUBAHIRO BITABIRIYE “WALK TO REMEMBER”
PEREZIDA PAUL KAGAME NA MADAMU WE N’ABANYACYUBAHIRO BITABIRIYE “WALK TO REMEMBER”

By Imfurayabo Pierre Romeo Perezida Paul Kagame, Madamu Jeannette Kagame n’abandi banyacyubahiro batandukanye baraye bifatanyije n’abanyarwanda mu rugendo “walk to remember” n’ijoro ryo kwibuka ryabereye kuri Stade Amahoro ndetse bitabiriye n’ijoro ryo kwibuka.
Nyuma yo kuvuga ijambo ritangiza cyo Kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe abatutsi,Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame n’amadamu we ndetse n’abandi banyacyubahiro bifatanyije n’abanyarwanda mu rugendo rwo kwibuka (…)

424 Shares 4 Comments
IMYAKA 25 IRASHIZE SANDRINE ISHEJA ATARABONA UMUBIRI WA SE WISHWE MURI JENOSIDE
IMYAKA 25 IRASHIZE SANDRINE ISHEJA ATARABONA UMUBIRI WA SE WISHWE MURI JENOSIDE

By Imfurayabo Pierre Romeo Sandrine Isheja n’umugore w’imyaka 31 afite umugabo n’umwana umwe w’umuhungu, uyu yamenyekanye cyane mu kiganiro Sunday night kuri Radio Isango star, ikiganiro cyamuhaye igikundiro gikomeye.
Sandrine yanyuze ku maradiyo atandukanye arimo Radio Salus, Isango Star ubu ari kuri Kiss Fm
Abinyujije ku rukuta rwe rw’Instagram yageneye ubutumwa Se wishwe muri Jenoside agaragaza n’ishavu atewe no kuba batarabona umubiri we ngo bamushyingure mu cyubahiro.
Sandrine (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Haracyari imbogamizi mu gufasha abafite ubumuga mu bigo bitanga serivisi.
Haracyari imbogamizi mu gufasha abafite ubumuga mu bigo bitanga serivisi.

by Nuwamanya Amon Bernard
Munzego zitandukaye zitanga serivisi zaba izigenga cyangwa iza leta haracyagaragara imbogamizi mu gufasha abafite ubumuga cyane cyane abari n’abatega rugori.
Ni munama y’iminsi ibiri yateranye kuva kuri uyu wa kane taliki 4 mata ho mu karere ka kicukiro ihuje bamwe mu bagore n’abakobwa bafite ubumuga butandukanye, bibumbiye mu Muryango nyarwanda w’abagore n’abakobwa bafite ubumuga (UNABU), baganira ku ihohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa bafite ubumuga. (…)

424 Shares 4 Comments
GAKENKE: KUTAGIRA UMURIRO NI BIMWE MU BITERA AMACYIMBIRANE MU MIRYANGO
GAKENKE: KUTAGIRA UMURIRO NI BIMWE MU BITERA AMACYIMBIRANE MU MIRYANGO

Mu murenge wa Janja mu kagari ka Gacyindo hari ikibazo cy’amashanyarazi ugasanga abagore n’abagabo batumvikana bitewe nuko abagore bajya gukoresha imisatsi kure yaho batuye baza bagasanga abagabo babakingiranye, n’abagabo iyo bagiye gushaka umuriro wo muri terefone abagore babo bavuga ko babaharitse (bafite abandi bagore) .
Abaturage bavuga ko amacyimbirane yo mu muryango aterwa n’impamvu nyinshi none hiyongereyeho niyo kujya gushaka umuriro kuko iyo bavuye mu kagari ka Gacyindo abashaka (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
KOUCHNER YANENZE AMAHITAMO YA MACRON YO KUTITABIRA IBIKORWA BYO KWIBUKA MU RWANDA
KOUCHNER YANENZE AMAHITAMO YA MACRON YO KUTITABIRA IBIKORWA BYO KWIBUKA MU RWANDA

By Imfurayabo Pierre Romeo Uwigeze kuba Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bufaransa, Bernard Kouchner, yanenze kuba Perezida w’igihugu cye, Emmanuel Macron atazitabira ubutumire yahawe n’u Rwanda mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi. Ku wa 07 Mata 2019, u Rwanda ruzifatanya n’Isi mu gikorwa ngarukamwaka cyo kwibuka inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Muri uyu mwaka ni igikorwa kigiye kuba ku nshuro ya 25.
U Rwanda rwari rwahaye (…)

424 Shares 4 Comments
SOBANUKIRWA JYOTI KISANGE AMGE UMUKOBWA MUGUFI KU ISI
SOBANUKIRWA JYOTI KISANGE AMGE UMUKOBWA MUGUFI KU ISI

By Imfurayabo Pierre Romeo Ushobora kuvuka abantu benshi bibaza imikurire yawe uko izagenda, yewe n’abavandimwe bikabayobera ababyeyi bakabifata nk’igihombo, ariko Imana ni yo iba izi imigambi izanye umuntu ku isi ibyo azakora n’ibyo azahindura muri rubanda nyamwinshi.
Wavukana ubumuga cyangwa se utabufite, uyu we yitwa Jyoti Kisange Amge ukimubona wibaza byinshi kuri we no ku ndeshyo ye. Mu mwaka wa 1993 mu gihugu cy’Ubuhinde ni bwo havutse umukobwa Jyoti Kisange Amge avukana uburwayi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
ICYATEYE IMPANUKA Y'INDEGE (ETHIOPIAN AIRLINES BOEING MAX 737) CYATANGIYE KUMENYEKANA
ICYATEYE IMPANUKA Y’INDEGE (ETHIOPIAN AIRLINES BOEING MAX 737) CYATANGIYE KUMENYEKANA

By imfurayabo Pierre Romeo Amakuru yatangiye kumenyekana y’ibihe bya nyuma by’indege ya kompanyi ya Ethiopian Airlines yo muri Ethiopia yakoze impanuka mu byumweru bitatu bishize.
Uburyo bubuza indege guhagarara hamwe bw’iyi ndege yo mu bwoko bwa Boeing 737 Max, buvugwa ko ari bwo bwabaye intandaro y’iyo mpanuka yaguyemo abantu 157 bose bari bayirimo. Iyi ndege yakoze impanuka imaze iminota 6 gusa ihagurutse ku kibuga cy’indege Iyo ndege yari imaze amezi ane gusa ikora, yavaga mu murwa (…)

424 Shares 4 Comments
SLOVAKIYA IBONYE PEREZIDA WA MBERE W'UMUGORE
SLOVAKIYA IBONYE PEREZIDA WA MBERE W’UMUGORE

By Imfurayabo Pierre Romeo Zuzana Caputova wiyamamazaga ashyize imbere kurwanya ruswa ni we watsinze amatora ya perezida muri Slovakiya, akaba abaye Perezida wa mbere w’umugore mu mateka y’iki gihugu giherereye rwagati ku mugabane w’Uburayi.
Mu matora y’icyiciro cya kabiri, Madamu Caputova, urebye usa nk’udafite inararibonye muri politiki, yatsinze Maros Sefcovic, impuguke mu mibanire y’ibihugu (umu-diplomate), wari watanzwe nk’umukandida n’ishyaka riri ku butegetsi. Yiyamamaje avuga ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru