Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Amategeko agenwa hagendewe kw’Itegekoshinga rya Repeburika y’uRwanda kuko ntategeko cyangwa ibwiriza rishobora gushyirwaho rivuguruza itegekoshinga.
Niyo mpamvu ikinyamakuru Mamaurwagasabo.rw kigiye kujya kibagezaho amwe mu mategeko, ni muri urwo rwego tugiye guhera kw’itegekoshinga rya Repeburika y’uRwanda aho tuzajya tubagezaho ingingo zaryo duhereye ku ngingo yambere tukazageza ku ya nyuma. Izi ngingo tukazajya tuzibaha mu buryo bw’uruhererekane(ibyiciro). (…)
Imodoka ya Sosiyete itwara abagenzi ya Trinity Express yavaga i Kampala yerekeza i Kigali, yakoreye impanuka i Kabare muri Uganda, batatu barapfa abandi 19 barakomereka.
Iyo mpanuka yatewe n’uko imodoka ya Trinity yagonganye n’ikamyo ifite Purake y’i Burundi, yerekezaga i Kampala mu rucyererera rwo kuri uyu wa Gatandatu.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP Jean Bosco Kabera, yabwiye IGIHE ko iyo modoka ya Trinity yari itwaye abagenzi 34 barimo Abanyarwanda 14, Abanya-Uganda 10, Abarundi (…)
Yanditswe na: Romeo Akanama k’amatora ka Nigeria katangaje ko amatora ya perezida n’ay’abagize inteko ishingamategeko yari ateganyijwe kuri uyu wa gatandatu yasubitsweho icyumweru.
Aka kanama katangaje ibi habura amasaha atanu gusa ngo aya matora atangire.
Mahmood Yakubu, ukuriye aka kanama, yagize ati: "Gukora amatora nkuko byari biteganyijwe ntabwo bigikunze". Yavuze ko icyemezo gikomeye cyo kuyasubika cyagombaga gufatwa kugira ngo hazabe amatora arimo ubwisanzure kandi akozwe mu (…)
Isosiyete y’itumanaho yo muri Afrika yepfo MTN riratangazako ritazi impamvu igaragara Leta ya Uganda yahambirije Wim Vanhelluputte waruyihagarariye muri iki gihugu.
Amakuru ava muri Uganda mw’ijoro ryo ku musi wa kane avuga ko Wim Vanhelleputte, ukomoka mu gihugu cy’Ububiligi, yatwawe ku ngufu ku kibuga cy’indege ategekwa kwrira indege no kuva mu gihugu byihuse.
Abategetsi muri Uganda batangaje ko iryo yirukanwa rifitaniye isano n’iperereza ku nkuru zivuga ko abakozi b’iyi kompanyi baba (…)
Yanditswe na: Imfurayabo Pierre Romeo
Agace ka Escobares ko mu ntara ya Texas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, niko ka mbere gakenye mu gihugu cy’a Amerika nubwo ari cyo gihugu cya mbere gitunze cyane kw’isi.
Aka gace kari ku nkengero z’uruzi rwa Rio Grande - urubibi rutandukanya igihugu cya Mexique na Amerika - ntikigeze gashyigwa ku rutonde rw’ibiturage bikenye muri Amerika kubera ko gafite abaturage bake ( 2512), kubera kandi ko gafatwa nkagace gato cyane bigatuma batajya (…)
Amategeko agenwa hagendewe kw’Itegekoshinga rya Repeburika y’uRwanda kuko ntategeko cyangwa ibwiriza rishobora gushyirwaho rivuguruza itegekoshinga.
Niyo mpamvu ikinyamakuru Mamaurwagasabo.rw kigiye kujya kibagezaho amwe mu mategeko, ni muri urwo rwego tugiye guhera kw’itegekoshinga rya Repeburika y’uRwanda aho tuzajya tubagezaho ingingo zaryo duhereye ku ngingo yambere tukazageza ku ya nyuma.
Izi ngingo tukazajya tuzibaha mu buryo bw’uruhererekane(ibyiciro). (…)
Yanditswe na: Pierre Romeo Ku itariki ya 14 Gashyantare buri mwaka mu mpande 4 zisi haba hacicikana indabyo, impano n’ubutumwa bw’urukundo mu kwizihiza umunsi w’abakundanye benshi bazi nka Saint Valentin.
N’ubwo ibihugu byose bidatanga ikiruhuko kuri uyu munsi, ntibibuza kubona abakundana cyangwa abashakanye hirya no hino ku isi bacicikana mu maresitora, amahoteli, utubyiniro no mu tubari ndetse abandi bajya mu maduka gushakira impano abo bakundana.
N’ubwo muri iki gihe, umunsi (…)
Umugore w’umunyasomaliya wari warahungiye muri Kenya yafatiwe ku ngufu n’abayisilamu b’abanyasomaliya muri iki gihugu. Abisilamu b’abanyasomalia bakubise uyu mubyeyi w’abana bane ukwezi gushize, batangiye kumwohereza ubutumwa bwo kumutera ubwoba aho acumbikiwe mu nkambi y’impunzi muri Kenya.
Amakuru dukesha urubuga Morning Star News avuga ko uyu mugore- utashatse ko amazina ye atangazwa ku bw’umutekano we, yahoze ari umuyisilamu akibana n’umugabo we muri Somalia. Muri Gashyantare 2016, (…)
Polisi yo muri Indonesia yasabye imbabazi nyuma yaho ku mbuga za interineti hagaragaye amashusho agaragaza polisi y’iki gihugu ikoresha inzoka mu gutera ubwoba ucyekwaho ubujura.
Abapolisi bagaragara muri iyi videwo baseka ubwo umwe muri bo wahataga ibibazo ucyekwaho ubujura yakozaga inzoka ku mugabo utabaza kandi waboheshejwe amapingu wo mu ntara ya Papua mu burasirazuba bw’iki gihugu.
Uyu ucyekwaho ubujura bicyekwa ko yibye telefone zigendanwa. Tonny Ananda Swadaya, umukuru wa polisi (…)
Abagore bibumbiye muri koperative KOABIKIGI iterwa inkunga n’umushinga actionaid baravuga ko kwibumbira mu mashyirahamwe y’ubunzi bibinjiriza bigatuma abagabo babo babuha.
Umushinga Action Aid ni umuryango utegamiye kuri leta uterwa inkunga n’umuryango w’ibihugu by’ubumwe bw’burayi (Europian union) nawo ukaba utera inkunga abahinzi b’imyumbati bo mu karere ka gisagara bagize koperative KOABKIGI binyuze mu mushinga wabo witwa SCAB. Bamwe muri aba bagore bibumbiye muri iri shyirahamwe (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























