Thursday . 28 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

UMURYANGO WA MUSONI JACKSON UHERUTSE GUPFIRA MU MPANUKA Y' INDEGE WATANZE IKIREGO MU NKIKO
UMURYANGO WA MUSONI JACKSON UHERUTSE GUPFIRA MU MPANUKA Y’ INDEGE WATANZE IKIREGO MU NKIKO

By imfurayabo Pierre Musoni Jackson, Umunyarwanda wapfiriye mu mpanuka y’ Indege ya Ethiopian Airlines, umuryango we watanze ikirego mu butabera bwa Leta zunze ubumwe za Amerika.
RBA yatangaje ko uyu muryango wareze ‘Boeing,’ Kampani y’ Abanyamerika yakoze indege ya 737 Max 8, uvuga ko iyi ndege yari ifite ikibazo gituruka ku buryo yakozwe.
Iyi ndege ya Boeing 737 Max 8 yakoze impanuka ku Cyumweru tariki 10 Werurwe 2019 ubwo yari ihagurutse muri Ethiopia yerekeje muri Kenya. Mu bantu 157 (…)

424 Shares 4 Comments
MUKARUGWIZA WAPFIRIYE KU MUPAKA AJYA UGANDA YASHYINGUWE
MUKARUGWIZA WAPFIRIYE KU MUPAKA AJYA UGANDA YASHYINGUWE

By imfurayabo Pierre Umurambo wa Mukarugwiza Elizabeth w’ imyaka 38 wapfiriye ku mupaka w’ u Rwanda na Uganda mu gitondo cyo ku wa Gatatu washyinguwe ejo ku wa Kane umugabo we Dan Hakizimana avuga ko yababajwe n’ ibyo yise ibinyoma byatangajwe na Uganda ku rupfu rw’ umugore we.
Inkuru dukesha ukwezi.rw ivuga ko Nyakwigendera yashyinguwe hafi y’ urugo rw’ umuryango we mu kagari ka Nyonirima , Umurenge wa Kinigi mu karere ka Musanze mu Ntara y’ Amajyaruguru.
Mukarugwiza yituye hasi ku (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Bamwe batwara abantu mu bigo by'inzererezi babarenganya (transit centre)
Bamwe batwara abantu mu bigo by’inzererezi babarenganya (transit centre)

Si rimwe si kabiri humvikana ko umuntu yafashwe akajyanwa mu kigo kinyurwamo by’igihe gito bikarangira arekuwe vuba cyangwa bitinze ariko nta myitwarire ibangamiye abandi yamugaragayeho.
Impamvu ni nyinshi zirimo kuba hatangwa ruswa, kugirana ikibazo n’ufite ubushobozi bwatuma akugezayo ariko hari n’icyuho kigaragara mu Iteka rya Minisitiri Nº 001/07.01 ryo ku wa 19/04/2018 rigena inshingano, imiterere n’imikorere by’ibigo binyurwamo by’igihe gito (transit centre).
Ikigo kinyurwamo (…)

424 Shares 4 Comments
Umunyamakuru Mugabe Robert azasomerwa ku wa Mbere Mata kubyaha acyekwaho
Umunyamakuru Mugabe Robert azasomerwa ku wa Mbere Mata kubyaha acyekwaho

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ruherereye i Nyamirambo, ruzasoma umwanzuro w’urubanza Umunyamakuru Mugabe Robert ukurikiranweho ibyaha birimo gusambanya umwana no gutera inda umukobwa bakagerageza kuyikuramo.
Tariki 28 Gashantare nibwo Urukiko rw’Ibanze rwa Kagarama rwategetse ko Umunyamakuru Robert Mugabe, afungwa indi minsi 30 y’agateganyo.
Kuri uyu Kane Mugabe nibwo yitabye Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge aburana ku byaha akurikiranweho.
Ubushinjacyaha bwavuze ko Mugabe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rwamagana: Ingo zisaga 3000 ntizifite ubwiherero bwujuje ibisabwa
Rwamagana: Ingo zisaga 3000 ntizifite ubwiherero bwujuje ibisabwa

BY HABIMANA Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu Mirenge ya Gishari na Muhazi mu karere ka Rwamagana bavuga ko kuba badafite ubwiherero bwujuje ibisabwa biterwa n’ibura ry’isakaro aho bavuga ko rihenze, imvura yagwa ikabwangiriza.
Ubuyobozi w’umurenge bugaragaza ko kubonera isakaro abaturage basaga 400 birenze ubushobozi bwabo.
Alivera Nyiramagare w’imyaka 70 y’amavuko utuye mu mudugudu wa Nyagakombe, akagari ka Ruhunda, Umurenge wa Gishari akarere ka Rwamagana, avuga ko yicukiriye (…)

424 Shares 4 Comments
KICUKIRO: VISI MEYA NA GITIFU BAHERUTSE KUGIRWA ABERE BEGUYE
KICUKIRO: VISI MEYA NA GITIFU BAHERUTSE KUGIRWA ABERE BEGUYE

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Amakuru aturuka mu buyobozi bw’ akarere ka Kicukiro aravuga ko Angélique Mukunde wari Umuyobozi w’Akarere ka Kicukiro wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu na Higiro Emmanuel wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Kanombe beguye kuri iyi mirimo.
Ubutumwa bwashyizwe ku rukuta rwa Twitter rw’Akarere ka Kicukiro, bugaragaza ko inama njyanama yashyikirijwe ubusabe bwa Mukunde, ku wa mbere tariki ya 25 Werurwe 2019.
Ubu butumwa bugira buti (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
ONU IVUGA ICYIZA CYA IDAI CYANGIJE IBIHINGWA BY'UMWAKA WOSE MURI AFRIKA Y'AMAJYEPFO
ONU IVUGA ICYIZA CYA IDAI CYANGIJE IBIHINGWA BY’UMWAKA WOSE MURI AFRIKA Y’AMAJYEPFO

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Ishami rya ONU rishinzwe kwita ku biribwa kwisi, PAM, rivuga ko incubi y’umuyaga Idai yateye akarere ka Afrika y’amajyepfo haciye iminsi cumi n’ibiri, iyi nkubi y’umuyaga yishe ibihingwa byatunga abenegihugu umwaka wose mu bice by’ibihugu bya Mozambike, Malawi na Zimbabwe.
David Beasley uyoboye iryo shyirahamwe yatangarije BBC dukesha iyi nkuru ko abahinzi batakaje byose, kandi ko hakenewe imfashanyo yihuta y’amafaranga kugira ngo bashobore (…)

424 Shares 4 Comments
IMYUMVIRE ISHINGIYE KU MUCO NI KIMWE MU BITUMA ABAGORE BADASHINGA IBITANGAZAMAKURU CYANGWA KUBIYOBORA HANO MU RWANDA
IMYUMVIRE ISHINGIYE KU MUCO NI KIMWE MU BITUMA ABAGORE BADASHINGA IBITANGAZAMAKURU CYANGWA KUBIYOBORA HANO MU RWANDA

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Ubwitabire bw’abagore mu gushinga ibitangazamakuru no kubiyobora buracyari hasi ahanini kubera imyumvire imwe nimwe ikomoka ku mateka yaranze u Rwanda nkuko bigaragazwa n’ubushakashatsi.
ibi bikaba bikubiye mu bushakashatsi bwakozwe n’inama nkuru y’igihugu y’itangazamakuru MHC bwagaragaje ko amaradiyo 34 akorera mu Rwanda yose yashinzwe n’abagabo. Kandi amateleviziyo 14 nayo akorera mu Rwanda nayo amenshi muriyo yashinzwe ndetse anayoborwa n’abagabo, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
KUBA UDAKUNDA UMUKURU W'IGIHUGU MUTURANYE NTIBIBA BIVUGA KO WABASHA KUMUHINDURA
KUBA UDAKUNDA UMUKURU W’IGIHUGU MUTURANYE NTIBIBA BIVUGA KO WABASHA KUMUHINDURA

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame asoza inama nyafurika yahuje abayobozi b’ ibigo by’ ubucuruzi yari iteraniye i Kigali kuva ejo yavuze ko ibihugu bya Afurika bikwiye gutahiriza umugozi umwe kuko ikibazo kiri mu gihugu muturanye hari ubwo birangira kibaye ikibazo no mu gihugu cyawe. Yanakomoje ku mubano w’ u Rwanda na Uganda.
Mu bakuru b’ ibihugu bitabiriye iyi nama harimo Perezida mushya wa Repubulika ya Demukarasi ya Kongo. Perezida Kagame yavuze ko (…)

424 Shares 4 Comments
JACK MA WA ALI BABA GROUP YAHISEMO GUKORANA N'U RWANDA AHO GUKORANA NA KENYA
JACK MA WA ALI BABA GROUP YAHISEMO GUKORANA N’U RWANDA AHO GUKORANA NA KENYA

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Dr Mukhisa Kituyi, Umunyamabanga Mukuru w’Inama y’Umuryango w’Abibumbye ku Bucuruzi n’Iterambere (UNCTAD) yahishuye ukuntu igihugu cya Kenya cyahombye amasezerano abyara inyungu cyagombaga kugirana n’umuherwe w’Umushinwa, Jack Ma, Chairman wa Ali Baba Group, wahisemo gukorana n’u Rwanda.
Ibi Dr Mukhisa Kituyi yabihushuye mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Jeff Koinange wa JKL, aho ashimangira ko Guverinoma ya Kenya yananiwe kumvisha Jack Ma ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru