Thursday . 28 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Ni akahe kazi Fattah el-Sisi agiye gukora nyuma yo gusimbura Perezida Kagame ku buyobozi bwa AU?
Ni akahe kazi Fattah el-Sisi agiye gukora nyuma yo gusimbura Perezida Kagame ku buyobozi bwa AU?

Kuri uyu wa 10 Gashyantare 2019 nibwo Perezida Kagame wari umaze umwaka ari Umuyobozi wa Afurika yunze ubumwe, yahererekanyije ububasha na Perezida wa Misiri Abdel Fattah el-Sisi ugiye kuyobora AU mu gihe cy’ umwaka wa 2019.
Tariki ya 29 Mutarama 2018 nibwo Perezida Paul Kagame yatangiye inshingano nk’Umuyobozi wa AU mu nama y’Inteko Rusange ya 30 y’Abakuru b’Ibihugu bigize uyu muryango yabereye i Addis Ababa. Ubwo Perezida Kagame yari ayoboye AU Mu mwaka wose wa 2018 Perezida Kagame (…)

424 Shares 4 Comments
Mu irushanwa ryo kwibuka padiri Kayumba ikipe ya UTB niyo yegukanye byinshi
Mu irushanwa ryo kwibuka padiri Kayumba ikipe ya UTB niyo yegukanye byinshi

Irushanwa ngarukamwaka ryo kwibuka Padiri Kayumba Emmanuel ku nshuro ya 10, ryasojwe ikipe ya UTB Volleyball Club mu bagabo no mu bagore zegukanye ibikombe mu mikino yaberaga i Huye muri GSOB kuri iki cyumweru.
Imikino yatangiye kuwa Gatandatu, yakinwaga mu byiciro 5 harimo abagore, abagabo basanzwe bakina shampiyona ya Volleyball ndetse n’abakiri bato biga mu mashuri y’isumbuye n’abakanyujijeho muri uyu mukino (Veterans).
Mu cyiciro cy’abari n’abategarugori ikipe nshyashya ya UTB niyo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Hongrie, yugarijwe n'igabanuka ry'abaturage, iri kugerageza kubongera isonera abagore imisoro n'inguzanyo
Hongrie, yugarijwe n’igabanuka ry’abaturage, iri kugerageza kubongera isonera abagore imisoro n’inguzanyo

Minisitiri w’intebe wa Hongie yavuze ko abagore bafite abana bane cyangwa barenga bo muri iki gihugu bagiye kujya basonerwa imisoro ku nyungu mu gihe cy’ubuzima bwabo bwose, hagamijwe kongera umubare w’abana bavuka.
Ubwo yatangazaga iyi gahunda, minisitiri w’intebe Viktor Orban yavuze ko ari uburyo bwo kurwana kuri ejo hazaza hadashingiye ku bimukira.
Bwana Orban wo mu murongo wa politiki wo kudashaka impinduka kandi ushyize imbere abenegihugu, arwanya by’umwihariko abimukira bo mu idini (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Bouteflika w'Algeria, w'imyaka 81 y'amavuko, ashaka kwiyamamariza manda ya gatanu
Perezida Bouteflika w’Algeria, w’imyaka 81 y’amavuko, ashaka kwiyamamariza manda ya gatanu

Mu butumwa yanyujije mu bitangazamakuru bya leta, Perezida Abdelaziz Bouteflika wa Algeria, w’imyaka 81 y’amavuko, yatangaje ko aziyamamaza muri manda ya gatanu mu matora ya perezida ateganyijwe kuba mu kwezi kwa kane muri uyu mwaka wa 2019.
Bwana Bouteflika amaze imyaka 20 ari ku butegetsi, ariko ni gacye cyane yagaragaye mu ruhame kuva yarwara indwara y’imitsi yo mu bwonko mu mwaka wa 2013.
Muri ubwo butumwa, yashimangiye ko "ugushaka gukomeye" kwe ko gukorera Algeria kwatumye arenga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Raphael Samuel, umugabo wo mu Buhinde ushaka kurega mu rukiko ababyeyi bamubyaye batamugishije inama
Raphael Samuel, umugabo wo mu Buhinde ushaka kurega mu rukiko ababyeyi bamubyaye batamugishije inama

Umugabo wo mu Buhinde w’imyaka 27 y’amavuko, avuga ko ateganya kurega mu rukiko ababyeyi be kubera ko bamubyaye nta ruhushya abibahereye.
Uyu mugabo witwa Raphael Samuel ukora ubucuruzi mu mujyi wa Mumbai, yabwiye BBC ko atari byo gushyira abana ku isi kubera ko bahita basabwa guhangana n’umubabaro wo ku isi mu buzima bwabo bwose.
Bwana Samuel, birumvikana, yumva neza ko tutagishwa inama mbere yuko tuvuka, ariko ashimangira ko "kubyarwa kwacu ntikwavuye ku cyemezo cyacu". Rero, Bwana (…)

424 Shares 4 Comments
Abanyamakuru ba BBC barekuwe by'agateganyo muri Uganda
Abanyamakuru ba BBC barekuwe by’agateganyo muri Uganda

BBC yemeje ko abanyamakuru bayo bari batawe muri yombi muri Uganda barekuwe by’agateganyo.
Ikinyamakuru The New Vision kibogamiye kuri leta ya Uganda, cyatangaje ko polisi y’iki gihugu yabarekuye by’agateganyo mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu, bakaba bategetswe kuzitaba ku biro bya polisi ku itariki ya 18 y’uku kwezi kwa kabiri.
Ku wa gatatu nijoro nibwo polisi ya Uganda yari yataye muri yombi iri tsinda ry’abanyamakuru ba BBC, mu murwa mukuru Kampala.
Aba banyamakuru barimo bakora (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Papa yemeye ko hari ababikira bafashwe ku ngufu n'abihaye Imana
Papa yemeye ko hari ababikira bafashwe ku ngufu n’abihaye Imana

Papa Fransisko yemeje ko hari abihaye Imana bahohoteye ababikira bakanabagira ibikoresho byabo mu kubasambanya.
Avuga y’uko aricyo cyatumye uwo yasimbuye, Papa Benedigito wa 16, byabaye ngombwa ko akinga ikigo cyose cy’ababikira barimo bahohoterwa n’abapadiri.
Bubaye ubwa mbere Papa Fransisko yemera ayo mabi akorerwa ababikira. Avuga ati birarabaje kubona iyo ngeso ikomeza mu gihe kiliziya yarimo igerageza kuyirwanya.
Papa Fransisko yatangaje ibi imbere y’abanyamakuru mu gihe yari mu (…)

424 Shares 4 Comments
Umugore n'umugabo bo mu Burusiya bafungiwe muri Malaysia kubera gusimbagiza umwana wabo mu muhanda
Umugore n’umugabo bo mu Burusiya bafungiwe muri Malaysia kubera gusimbagiza umwana wabo mu muhanda

Abarusiya babiri bafungiwe muri Malaysia kubera igikorwa bakoreye mu muhanda cyo gusimbagiza umwana wabo bamufashe amaguru bakajya bamutera mu kirere.
Polisi yabwiye ibiro ntaramakuru AFP ko uyu mugore n’umugabo bari guhatwa ibibazo ku kivugwa ko ari uguhohotera umwana wabo w’umukobwa w’amezi ane.
Videwo igaragaza uburyo bumwe bwo gusimbagiza uwo mwana yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, bituma polisi ibikurikirana.
Aba babyeyi bari mu kigero cy’imyaka ya za 20 ishyira 30, bari gutembera (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
War'uzi ibihugu birya inyama kurusha ibindi kw'isi?
War’uzi ibihugu birya inyama kurusha ibindi kw’isi?

Ushobora usanzwe wumva bamwe bavuga ko baretse cyangwa bagabanije kurya inyama, abenshi bakabigira cyane cyane ku mpamvu zo kurengera ubuzima bwabo, ariko ukwiye kumenya ko ikigero cy’abarya inyama kiyongereye. Abaminuje mu kuzirya, bari mu bihe bihugu?
Mu bihugu bimwe na bimwe bafata umwanzurowo kutarya inyama mu mu buryo bwo kubungabunga ibidukikije, ahandi naho ngo banga kurya inyama mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’inyamaswa.
Icya gatatu cy’abongereza bavuga ko bahagaritse burundu (…)

424 Shares 4 Comments
USA: Umuforomo yahakanye icyaha cyo gufata ku ngufu umurwayi uherutse no kwibaruka
USA: Umuforomo yahakanye icyaha cyo gufata ku ngufu umurwayi uherutse no kwibaruka

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika umuforomo yahakanye icyaha ashinjwa cyo gufata ku ngufu umugore warusanzwe urwariye kw’ivuriro akaba aherutse kwibaruka.
Nathan Sutherland w’imyaka 36 arashinjwa icyaha cyo gufata ku ngufu yakoreye umurwayi.
Uwo mugore w’imyaka 29 amaze hafi imyaka 20 arwariye kw’ivuriro rya Hacienda HealthCare muri Leta ya Arizona. Yibarutse umwana w’umuhungu mu kwezi k’ukuboza umwaka ushize.
Bafashe ibipimo by’amaraso, bizwi nka DNA bya Sutherland, basanze bihura (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru